ADEPR yashyizeho abashumba b’indembo nshya

camscanner_02-21-2021_13.55-page-001-2c1f1_1_.jpg

Komite y’inzibacyuho y’itorero ADEPR kuri uyu wa 21 Gashyantare 2021 yatangaje abashumba b’indembo nshya zose uko ari icyenda. Ni nyuma y’amezi akabakaba abiri ikuyeho amatorero y’uturere n’indembo eshanu yari isanganwe, igashyiraho izindi ndembo zivuguruye zirimo urwa Kigali, urwa Gicumbi, urwa Muhoza, urwa Gihundwe, urwa Huye, urwa Rubavu, urwa Ngoma, urwa Nyagatare n’urwa Nyabisindu. Pasireri Rurangwa […]

Charles Kagame yashyize hanze indirimbo nshya nyuma y’iminsi asimbutse urupfu-VIDEO

Kagame Charles , umuhanzi nyarwanda mu muziki wa Gospel ubarizwa muri Australia ari naho akorera umuziki, yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Amakuru’ yasohokanye n’amashusho yayo. Ni nyuma yahoo mu minsi micye asimbutse urupfu aho yakoze impanuka ikomeye ariko Imana igakinga ukuboko. Kagame Charles usengera mu itorero rya Lifehouse Church mu mujyi wa Coffsharbour, akaba amaraso […]

Leta ntiyigeze ibuza abaturage kwambara udupfukamunwa_Magufuli

Perezida wa Repubulika ya Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli kuri uyu wa 21 Gashyantare 2021 yavuze ko Leta ye itigeze ibuza abaturage kwambara udupfukamunwa mu buryo bwo kwirinda icyorezo cya Covid-19. Yabitangarije abakirisitu bateraniye muri misa yabereye muri Kiliziya, Paruwasi yitiriwe Mutagatifu Petero, iherereye mu mujyi wa Dar es Salaam. Itangazo ryasohowe n’Umuvugizi w’Ibiro by’Umukuru […]

U Rwanda rugiye kwakira inkingo 1,098,960 za Covid-19, zizaterwa abantu 549,480

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Ngamije Daniel yatangaje ko hari icyizere ko mu mpera z’uku kwezi, inkingo 1,098,960 zizagera mu Rwanda, hagatangira igikorwa cyo gukingira icyorezo cya Covid-19. Yabitangarije mu kiganiro yagiriye ku kigo cy’igihugu cy’itangazamakuru (RBA), kuri uyu wa 20 Gashyantare 2021. Minisitiri Ngamije yavuze ko igikorwa cyo gukingira kizaba mu byiciro bitewe n’uko inkingo na […]

Umubyeyi wa Ronaldinho yishwe na Covid-19

Umubyeyi w’umunya-Brasil Ronaldinho Gaucho wamamaye mu mupira w’amaguru ku Isi, Dona Miguelina ElĂłi Assis dos Santos), yishwe n’icyorezo cya Covid-19. Inkuru y’urupfu rw’uyu mubyeyi yatangajwe n’ibitangazamakuru byo muri Amerika, yemezwa n’imbuga zirimo urwa FC Barcelona; ikipe Ronaldinho yamaze igihe akinira. Dona Miguelina wari ufite imyaka 71 y’amavuko, yanduye icyorezo cya Covid-19 mu Kuboza 2020, avurirwa […]

Umwana w’imyaka 18 utakwigurira ipantaro ntacyo amaze_Perezida Ndayishimiye

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye mu butumwa yageneye urubyiruko arushishikariza gukora rukiteza imbere, yavuze ko umwana w’imyaka 18 y’amavuko utashobora kwigurira ipantaro, ntacyo amaze. Uyu Mukuru w’Igihugu muri videwo dukesha Mashariki TV, avuga ko mbere umwana yororaga urukwavu , inkoko cyangwa ihene, akabasha kwigurira ikabutura none ngo ubu usanga aba ategereje ngo umubyeyi ayimugurire. Ati: […]

Ibiseke n’imitemeri byubitse byagaragaye muri Miss Rwanda 2021, biribazwaho

Kuri uyu wa 20 Gashyantare 2021 ni bwo hamenyekanye abakobwa 37 bahagararira abandi mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda (Miss Rwanda) ryo muri uyu mwaka, batoranyijwe mu barenga 400 biyandikishije ngo baryitabire. Gusa mu mitegurire y’umuhango wo gutanagaza aba bakobwa, hagaragaye ibiseke ndetse n’imitemeri byifashishijwe nk’imitako byubitse; bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga babifata nk’amahano, bibaza […]

Amafoto: Ingabo za CAR, u Rwanda n’u Burusiya zafashe Bambari yose, abaturage babyina intsinzi

ouaka2.png

Abaturage bo mu karere ka Bambari muri Repubulika ya Centrafrica bigabije imihanda babyina intsinzi nyuma y’aho ingabo z’iki gihugu ku bufatanye n’iz’u Rwanda ndetse n’u Burusiya zari zimaze gufata aka karere kose. Mu rugamba rwo guhashya imitwe yitwaje intwaro yari yarigaruriye igice kinini cy’igihugu, ingabo za CAR ku bufatanye n’iz’u Rwanda ndetse n’u Burusiya, zikomeje […]