Perezida Ndayishimiye yifatanyije n’abatuye mu gace avukamo kwizihiza umuganura (Amafoto)

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi kuri uyu wa Gatandatu yifatanyije n’abaturage ba Komine Giheta avukamo mu ntara ya Gitega, mu kwizihiza umunsi mukuru w’umuganura. Uyu munsi uzwi nk’Umunsi Mukuru w’amakomini mu Burundi wizihizwa tariki ya 07 Nyakanga buri mwaka. Perezida Ndayishimiye aherekejwe n’umufasha we, Angeline Ndayubaha, basangiye n’abatuye Komini Giheta urwagwa n’ibyo kurya bya gakondo […]
Brésil itsinze Espagne, yegukana umudari wa zahabu wa 2 wikurikiranya mu mikino Olempike
Ikipe y’igihugu ya BrĂ©sil y’abatarengeje imyaka 23, yegukanye umudari wa zahabu mu mupira w’amaguru mu mikino Olempique iri kubera i Tokyo mu Buyapani, nyuma yo gutsinda ku mukino wa nyuma Espagne ibitego 2-1. Umukino wose waranzwe no kurema uburyo bwinshi bw’ibitego ku ruhande rwa BrĂ©sil ugereranyije na Espagne. Iyi kipe iyobowe na Dani Alves wakanyujijeho […]
Nkumbuye ubuzima bwo mu Cyarabu i Butare_Col Cishahayo w’i Burundi
Guverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi, Col Cishahayo Remy, yavuze ko mu myaka ishize ubwo umubano w’u Rwanda n’igihugu cye wari wifashe neza yatembereraga mu mujyi wa Butare mu Karere ka Huye akahishimira. Yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki 6 Kanama 2021, ubwo yahuriraga na mugenzi we w’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Alice Kayitesi i Remera […]
Hari ikipe ishobora kuba igiye kwegukana Messi
Paris St-Germain iri mu biganiro n’abahagarariye Lionel Messi kugira barebe uko yamugura akerekeza muri Ligue 1 nyuma y’aho aviriye muri Barcelona. BBC Sport yamenye amakuru ko abahagarariye Messi bari kuganira na PSG kuva kuwa Kane aho bibaye kimomo ko Messi yavuye muri Barcelona. Ibiganiro birakomeje kugeza kuri uyu wa Gatandatu kandi ngo hari icyizere ko […]
Mozambique: Ingabo za RDF zivuganye ibindi byihebe
Kuri uyu wa Gatandatu ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Mozambique, zishe abandi barwanyi bane b’umutwe wa Islamic State. Ni mu gitero zagabye ahitwa “1st May”, agace gaherereye mu Ntara ya Cabo Delgado ku bilometero 10 kugira ngo ugere mu karere ka Macimboa da Praia ari naho hari icyicaro cy’imitwe y’iterabwoba […]
ADF imaze kwivugana abasirikare ba FARDC bakabakaba 2,000
Igisirikare cya Repububulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko kuva mu Ukwakira 2014 abasirikare bacyo bagera kuri 2,000 bamaze gupfira muri BĂ©ni mu Burasirazuba bwa kiriya gihugu, mu mirwano kimaze igihe gihanganyemo n’inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF. Ni amakuru yemejwe n’Umuvugizi wa FARDC mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, GĂ©nĂ©ral de brigade Sylvain Ekenge, […]
Tanzania/Geita: Abanyeshuri babonye imodoka bakizwa n’amaguru
Umuyobozi wa Njyanama y’Akarere ka Geitha muri Tanzania, Edith Mpinzile, yatangaje ko yatewe isoni n’uburyo hari abanyeshuri bo mu mashuri abanza bari kubona imodoka, bagakizwa n’amaguru bakeka ko izanye inkingo za Coronavirus. Mpinzile avuga ko ababyeyi ari bo bakwiye gutungwa agatoki kuri iyi ngingo nk’uko The Eastafrican Radio ibitangaza, kuba abana babona imodoka, bagasohoka mu […]
Asiimwe yajugunye umuhungu we w’imyaka itatu mu mugezi arapfa kuko uwamuteye inda yamwanze
Umukobwa witwa Macklin Asiimwe utuye Nyakatojo, muri Kabale yajugunye umwana we w’umuhungu w’imyaka itatu mu mugezi, arapfa kuko uwo bamubyaranye, yamutereranye, atamufasha kurera. Asiimwe w’imyaka 20 yabyaranye na Bosco umwana witwa Arinda Milton gusa nk’uko Umuvugizi wa polisi muri Kigezi, Elly Maate abivuga, kuwa Gatatu habonetse umurambo w’uwo mwana mu mugezi wa Kiruruma. Uyu mugore […]
Madamu wa Ndayishimiye yacinye akadiho nyuma yo kwifatanya n’abakene ku munsi wabahariwe (Amafoto)

Madamu wa Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, Angeline Ndayubaha n’umuryango we wose, bifatanyije n’abakene bo muri kiriya gihugu mu kwizihiza Umunsi wo gufashanya. Ni umunsi u Burundi bwizihiza ku itariki ya 06 Kanama buri mwaka. Perezida Ndayishimiye aherekejwe n’umuryango we bifatanyije n’abakene bo muri Komini ya Gitega mu murwa mukuru w’ubutegetsi mu Burundi, babaha imfashanyo […]
Rusizi: Umusore yarohamye mu mugezi, umubyeyi agiye kumutabara na we agwamo
Mu mudugudu wa Cyimbogo, akagari ka Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, akarere ka Rusizi, haravugwa inkuru ibabaje cyane y’urupfu rutunguranye rw’umusore w’imyaka 14 y’amavuko witwaga Niyogushimwa Jean Claude wigaga mu wa 5 w’amashuri abanza ku ishuri ribanza rya Karangiro mu murenge wa Nyakarenzo, na se witwaga Niyibizi Vincent w’imyaka 56, bombi barohamye mu mugezi wa […]
Seninga wirukanwe na Musanze FC agiye kuyobora bamwe mu barimu bazakosora ibizimini bya Leta
Nyuma yo gusezererwa na Musanze FC yatozaga, umutoza w’umupira w’amaguru, Seninga Innocent, kuri ubu yahawe inshingano zo kuyobora abarimu bazakosora ibizimini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye ishami ry’umupira w’amaguru ribarizwa muri EAV KABUTARE ( Team Leader). Amakuru ava muri 10 Media avuga ko Seninga adafite gahunda yo kugaruka mu gutoza umupira w’amaguru ahubwo ko yumva […]
Babuwa Samson yerekeje mu kipe yo muri Angola izakina CAF Confederation Cup
Rutahizamu w’umunya-Nigeria Babuwa Samson, yamaze kwerekeza mu kipe ya Bravos do Maquis yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cya Angola. Babuwa yabwiye BWIZA ko yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iriya kipe ibarizwa mu gace ka Luena ho mu ntara ya Moxeco. Amakuru BWIZA yamenye ni uko Babuwa ari we wifuje ko we na Bravos […]
Huye: Bamwise Nangurubyiruko nyuma yo kuvugwaho kuroga abasore batanu no kwica imfura ye
Umugore (amazina yagizwe ibanga) utuye muri imwe mu Midugudu igize Akagari ka Gisakura witwa Agasharu mu Murenge wa Simbi mu Karere ka Huye, yiswe Nangurubyiruko nyuma y’ibyo abaturage bavuga ko yaroze, akica umwana we w’umuhungu w’imfura, nyuma akaroga abasore batanu, bakarusimbuka. Umwe mu baturage bahaye amakuru BWIZA avuga ko uyu mugore mu minsi ishize byabaye […]