Banki y’Isi irasaba u Burundi gukangururira abaturage kwikingiza Covid-19

Banki y’Isi nyuma yo gutangaza ko izaha Leta y’u Burundi inkingo z’icyorezo cya Covid-19, irasaba iki gihugu gukangurira abaturage kwikingiza. Mu rwandiko Veronique Kabongo uhagarariye Banki y’Isi mu Burundi yageneye Minisitiri ushinzwe ikigega cya Leta, yamumenyesheje ko biteguye kubashyigikira mu kurwanya iki cyorezo binyuze muri gahunda zirimo kubaha inkingo n’inkunga, ariko nabo ngo bagasabwa gukora […]

RIB yasubije abibaza niba Umushinwa wagaragaye yashyize Umunyarwanda ku ngoyi azahambirizwa

Urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda, RIB, ruratangaza ko umugabo ufte ubwenegehugu bw’Ubushinwa, Sun Shu Jun, uheruka kugaragara ku mbuga nkoranyambaga ashyira Umunyarwanda ku ngoyi azakurikiranwa hakurikijwe amategeko y’u Rwanda, aho koherezwa iwabo. Sun Shu Jun ni umuyobozi w’ikigo Ali Group Holding Limited gicukura amabuye y’agaciro mu karere ka Rutsiro, yatawe muri yombi, dosiye ye […]

Televiziyo na telefone zigezweho; ibiyobyabwenge ku bana bari munsi y’imyaka itatu

duc.jpg

Ubushakaskashatsi bwakozwe n’abahanga batandukanye barimo abaganga n’imiryango irengera abana, bwerekanye ko umwana uri munsi y’imyaka itatu iyo amaze umwanya urenze isaha imbere ya televiziyo cyangwa telefone igezweho (smartphone) bigira ingaruka mbi ku bwonko bwe zageranywa no kumuha litiro ya divayi isembuye ngo ayinywe ayimare cyangwa kumutera mu maraso garama (gr) ebyiri (2) z’ikiyobyabwenge cyitwa kokayine […]

Agahinda ka Kalisa washatse umunyeshuri yamara kubona akazi akamwigarika, anamwirukana mu rugo rwe

Mu gihe muri iyi minsi hakigaragara bamwe mu bagabo bakorerwa ihohoterwa rikorerwa mu muryango, Minisiteri y’Iterambere ry’Umuryango iravuga ko harimo gushyirwa imbaraga mu bukangurambaga kuko ibona hakiri icyuho mu gusobanukirwa itegeko rirengera uwari we wese wakorewe ihohoterwa. Kalisa, Izina ryahinduwe, yashakanye n’umugore wari ukiri umunyeshuri muri Kaminuza, mu 2002 kuva icyo gihe kugeza igihe umugore […]

La composante police de la MINUSS fait ses adieux au chef d’état-major sortant

La composante police de la Mission des Nations Unies au Soudan du Sud (MINUSS), le jeudi 2 septembre, a officiellement fait ses adieux à son chef d’état-major, le commissaire adjoint de la police du Rwanda (ACP) Barthelemy Rugwizangoga, qui a terminé sa période de service après deux ans et demi de service dans la plus […]

Gen. Kainerugaba yishyuye ideni ryose ikipe ya Uganda yari irimo hoteli mu Rwanda

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yishyuye ideni ryose ikipe y’igihugu ya Basketball (The Silverbacks) yari irimo hoteli mu Rwanda. Ni nyuma y’aho bimenyekanye ko iyi kipe yitabiraga irushanwa rya AfroBasket mu Rwanda, yangiwe gusohoka muri hoteli ya Park Inn kubera iri deni ryo […]

Amaze imyaka 15 yishyura imisoro y’umuntu bitiranwa

Umugabo witwa Francis Lopez, w’imyaka 83, utuye i Montpellier mu Bufaransa, buri mwaka kuva mu 2006, amafaranga y’umusoro agomba kwishyura ya pansiyo akatwa ku muntu bahuje amazina yombi. Umuntu umaze imyaka 15 yishyura imisoro itari yagize ati “Navukiye mu mujyi umwe, umunsi umwe, dufite izina rimwe. Twitwa Francis Lopez, twembi twavukiye Oran ku ya 6 […]

Inkingo za Covid-19 zari zivuye muri Afurika y’Epfo zijyanywe i Burayi zahagarikiwe mu nzira

Gahunda yo kohereza inkingo za Covid-19 za Johnson&Johnson zari zivuye muri Afurika y’Epfo zigiye koherezwa mu Burayi zahagaritswe nk’uko byatangajwe n’intumwa ya Afurika Yunze Ubumwe, Strive Masiyiwa, kuri uyu wa Kane. Umuyobozi mukuru w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, Tedros Adhanom Ghebreyesus, mu kwezi gushize yari yatangaje ko yatangajwe no kumva izi nkingo zigiye kuva […]

Dr Muganga [ufungiwe ubutasi] afite pasiporo y’amahanga, umugore we afite iy’u Rwanda_Gen. Byekwaso

Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda, Brig. Gen. Flavia Byekwaso yatangaje ko Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Victoria, Dr Lawrence Muganga watawe muri yombi afite pasiporo y’igihugu cy’amahanga, umugore we akagira iyo mu Rwanda. Nyuma y’amakuru yabanje kuvuga ko Dr Muganga yashimuswe, Gen. Byekwaso kuri uyu wa 2 Nzeri 2021 yatangaje ko uyu muyobozi wa kaminuza yatawe […]

Hari abanyamakuru bijujutira gutumizwa na Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge

Hari amakuru avuga ko hari abanyamakuru bamwe batumijwe na Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, benshi biganjemo abakorera kuri YouTube ngo bagire ibyo baganirizwa, bamwe bakaba bavuga ko batabyishimiye. Mu biganiro isanzwe igirana n’abanyamakuru mu bihe bitandukanye, komisiyo y’ubumwe n’ubwiyunge mu Rwanda itumira abanyamakuru igamije gukora icyo yita “icukumbura ryimbitse ku byo ivuga ko bishobora kubangamira ubumwe […]

KTN Rwanda yatanze amahirwe yo gutunga ikibanza muri Kigali

whatsapp_image_2021-09-02_at_10.05.36_pm.jpg

Kuri ubu gutunga ubutaka muri Kigali ntibikiri inzozi kuri bamwe, kuko sosiyete nyarwanda KTN RWANDA Ltd iherutse kwagurira imbago zayo mu gihugu cya Tanzania ikomeje kuba ikiraro gihuza abifuza kugurisha ubutaka n’abakeneye kubugura kandi bose badahenzwe. KTN RWANDA Ltd yashyize ku isoko ibindi bibanza byo guturamo biherereye mu murenge wa NDERA n’uwa RUSORORO. Ibi bibanza […]

Ikindi gikomangoma mu bwami bukomeye ku Isi cyeguye kijya kuba muri Amerika

royal-family-worried-about-reconciling-with-prince-harry-meghan-markle-001.jpg

Kimwe nk’ibyo Meghan Markle n’Igikomangoma Harry bakoze mu 2020, Igikomangomakazi Mako cyo mu Buyapani n’umukunzi wacyo nacyo cyafashe icyemezo cyo guta inshingano z’ibwami kijya gutangira ubuzima bushya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nk’uko byatangajwe na Japan Times kuwa gatatu ushize, itariki ya 1 Nzeri. Muri Mutarama 2020 umuryango w’ibwami mu Bwongereza w’Igikomangoma Harry, umuhererezi […]

Basketball: Ikipe ya Uganda iri mu Rwanda yangiwe gutaha

Ikipe ya Uganda ya Basketball (The Silverbacks) yitabiraga irushanwa rya AfroBasket riri kubera mu Rwanda, yangiwe gusohoka muri hoteli Park Inn icumbitsemo bitewe no kubura amafaranga yo kuyishyura. Umunyamakuru w’igitangazamakuru Kawowo Sports gikora inkuru za siporo, Baron Edgar kuri uyu wa 3 Nzeri 2021 yabitangarije ku rubuga rwa Twitter, anagaragaza impungenge y’uko kuguma muri hoteli […]

Afurika y’Epfo yanze kwakira impunzi zaturutse muri Afghanistan

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo yavuze ko itakwakira impunzi zaturutse muri Afghanistan bitewe n’uko icumbikiye izindi nyinshi zaturutse mu bindi bihugu. Iki gihugu ni kimwe mu byo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zari zarasabye kwakira izi mpunzi by’igihe gito, zikazavayo zijya mu bihugu bya nyuma bizazakira. Iyi Minisiteri mu itangazo yashyize ahagaragara tariki ya […]

Mwenda aribaza impamvu Uganda itegera u Rwanda ngo bikemure ibibazo bifitanye

Umunyamakuru ukomeye muri Uganda, Andrew Mwenda aribaza impamvu igihugu cye kitegera u Rwanda mu buryo bwa dipolomasi kugira ngo bikemure ibibazo by’umubano mubi bifitanye, bigira ingaruka kuri bamwe mu baturage. Mwenda yibajije iki kibazo nyuma y’itabwa muri yombi ry’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya Victoria, Dr Lawrence Muganga uvugwaho kuba inshuti y’umuryango uhuza ubwoko bw’Abanyarwanda/Abavandimwe. Nyuma […]

Abantu bajyaga banyaraho babishaka kuko ntabarwanya-Ufite ubumuga

Umusore ukiri muto witwa Jean Pierre yavuze ko hari abantu bajyaga bamunyaraho ku bushake kubera ko atari ashoboye kwirwanaho. Uyu musore avuga ko yavutse nyina bamubaze, biza kugenda nabi, ingingo yatumye amaguru ye amera nabi. Papa we ngo yarakairiye mama we cyane avuga ko iwabo batajya babyara abana bafite ubumuga, ngo iby’uwo mwana ni ” […]

Burundi: Perezida yise abajyanama be ibinebwe abakata umushahara

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ku bajyanama be umunani baherutse guhagarikwa ku mirimo yabo iminsi 15, avuga ko ari abanebwe bamutana akazi ategeka ko bakatwa icya kabiri cy’umushahara wabo. Abajyanama be bari bamaze ibyumweru 2 muri ibi bihano ni Willy Nyamitwe, umujyanama mu by’itumanaho, Charles Nkusi, Umujyanama Mukuru, ushinzwe gutegura ingendo z’umukuru w’igihugu, Godefroid […]

Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga mukuru wa Loni mu gukumira jenoside ari mu Rwanda

Kuri uyu wa Kane, itariki 02 Nzeri 2021, Madame Alice Wairimu Nderitu, Umujyanama wihariye w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu gukumira Jenoside, aherekejwe n’umuhuzabikorwa w’amashami ya LONI akorera mu Rwanda, yasuye Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG). Bakiriwe na Dr Bideri Diogene, Umujyanama mukuru muby’amatego muri CNLG. Ibiganiro byabo byibanze ku gusobanukirwa inshingano za CNLG, intego […]