Ba basirikare babiri ba RDF ‘bari barashimuswe’ na FARDC barekuwe
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yamaze kurekura abasirikare babiri b’u Rwanda ishinjwa gushimuta, nyuma y’iminsi bafungiwe i Kinshasa. Mu byumweru bibiri bishize ni bwo Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko aba basirikare bashimuswe na FARDC ifatanyije na FDLR, ubwo bari ku burinzi ku mupaka. Igisirikare cya Congo Kinshasa cyo cyavugaga ko cyabafatiye ku butaka bw’icyo gihugu […]
Murenzi Abadallah yatorewe kuyobora FERWACY
Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu gihe cy’imyaka ine. Murenzi yari yaratorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda mu 2019, asimbuye Bayingana Aimable weguye yari amaze imyaka 11 ariyobora. Murenzi Abdallah uzwi cyane mu mikino kubera ukuntu yayoboye Rayon Sports akayihesha shampiyona mu mwaka wa 2013.
U Bushinwa bwaburiye Amerika ko bishobora kuzarangira amahitamo abaye intambara
Minisiteri y’Ingabo z’u Bushinwa yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko mu gihe zakomeza koshya Intara ya Taiwan ngo yigenge, amahitamo ya nyuma ku Bushinwa agomba kuba ‘ukuremgera ubusugire’ bwabwo. Ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Ingabo z’u Bushinwa, Gen Wei Fenghe, ubwo yaganiraga na mugenzi we w’Ingabo za Amerika Lloyd Austin yabwiye ko gukoresha Taiwan mu […]
FARDC yashinje RDF ‘ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu’
Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyashinje u Rwanda gukorera ku butaka bwa Congo icyo rwise ‘ibyaha by’intambara n’ibyibasiye inyoko muntu’. Ni nyuma y’ibisasu kivuga ko bibarirwa mu icumi Ingabo z’u Rwanda zarashe mu duce twa Biruma na Kabaya, ho muri gurupoma ka Kisigari muri teritwari ya Rutshuru. Ni ibisasu Umuvugizi wa Guverineri […]
M23 yarahiye ko igiye gufata umupaka wa Bunagana
Umutwe wa M23 watangaje ko watangiye intambara ifunguye igamije kwigarurira ibice bitandukanye bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), bitandukanye n’uko yari imaze iminsi ibigeza ubwo yafataga ibice bimwe igasubira inyuma. Mu bice M23 yateguje ko ishaka gufata harimo Bunagana ikora ku mupaka ugabanya RDC na Uganda. Ibi bitero bije nyuma y’amezi atatu abarwanyi b’uyu […]
Two rockets fired in Musanze as FARDC accuses RDF shelling that killed two kids
Two rockets were shelled on Rwandan territory in Kinigi Sector, Musanze District from the Democratic Republic of Congo on Friday, June 10, the Rwanda Defence Force confirmed on Friday. In a statement, the RDF said the Congolese army (FARDC) fired the two 122mm rockets into Rwanda from the Bunagana area. “There were no casualties but […]
Urukiko rwahaye umugisha urugendo rw’indege igomba kuva mu Bwongereza izanye abimukira mu Rwanda
Indege ya mbere izazana mu Rwanda abimukira bazaturuka mu Bwongereza, igomba gutangira urugendo rwayo mu cyumweru gitaha nk’uko byemejwe n’Urukiko Rukuru rw’i Londres mu Bwongereza. Ni nyuma y’uko hari abatarishimiye amasezerano yerekeye bariya bimukira yasinywe hagati y’u Rwanda n’u Bwongereza bari batanze ikirego bitambika ko bakoherezwa mu Rwanda. Aba barimo imiryango y’abagiraneza n’indi itandukanye bari […]
Ibiciro ku isoko byiyongereyeho 14.8% mu kwezi kwa Gatanu-NISR
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR), cyatangaje igipimo cy’ihindagurika ry’ibiciro mu kwezi Gicurasi uyu mwaka, muri rusange ibiciro byakomeje kuzamuka muri uko kwezi kuko byiyongereyeho 14,8% ugereranyije n’ibiciro byo mu byo mu kwezi kwa Gicurasi umwaka ushize. Bimwe mu byatumye ibiciro byiyongera muri Gicurasi 2022 nk’uko bitangazwa n’iki kigo, ni ibiciro by’ibiribwa n’ibinyobwa bidasembuye, ibiciro by’inzu, amazi, […]
Kiyovu Sports yasinyishije abakinnyi babiri b’ibihangange’ b’abanya-Sudani
Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha abakinnyi babiri bakomeye bombi bakinira ikipe y’Igihugu ya Sudani. Aba ni Sheiboub Sharaf na Mano John bombi bakina basatira izamu. Buri umwe muri bo Kiyovu Sports yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri, yemeza ko yabasinyishije ibinyujije kuri Twitter yayo. Iti: “Uyu munsi twakiriye ibihangange by’ibihe byose bibiri kuva muri […]