Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu gihe cy’imyaka ine.
Murenzi yari yaratorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda mu 2019, asimbuye Bayingana Aimable weguye yari amaze imyaka 11 ariyobora. Murenzi Abdallah uzwi cyane mu mikino kubera ukuntu yayoboye Rayon Sports akayihesha shampiyona mu mwaka wa 2013.



2 Responses
Murenzi Abadallah yatorewe kuyobora FERWACY
Akaburiye mw’isiza ntikabonekera mw’isakara. Umupira w’amaguru arawushoboye cyane pe, ariko amagare ntacyo azayagezaho
Murenzi Abadallah yatorewe kuyobora FERWACY
Akaburiye mw’isiza ntikabonekera mw’isakara. Umupira w’amaguru arawushoboye cyane pe, ariko amagare ntacyo azayagezaho