Murenzi Abadallah yatorewe kuyobora FERWACY

Sangiza iyi nkuru

Murenzi Abdallah yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu gihe cy’imyaka ine.

Murenzi yari yaratorewe kuyobora ishyirahamwe ry’umukino w’Amagare mu Rwanda mu 2019, asimbuye Bayingana Aimable weguye yari amaze imyaka 11 ariyobora.

Murenzi Abdallah uzwi cyane mu mikino kubera ukuntu yayoboye Rayon Sports akayihesha shampiyona mu mwaka wa 2013.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Murenzi Abadallah yatorewe kuyobora FERWACY
    Akaburiye mw’isiza ntikabonekera mw’isakara. Umupira w’amaguru arawushoboye cyane pe, ariko amagare ntacyo azayagezaho

  2. Murenzi Abadallah yatorewe kuyobora FERWACY
    Akaburiye mw’isiza ntikabonekera mw’isakara. Umupira w’amaguru arawushoboye cyane pe, ariko amagare ntacyo azayagezaho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *