Muramu wa Teta Sandra yifashe ku kwemeza ko mwenenyina yamukubise
Umuhanzi Pius Mayanja uzwi nka Pallaso avuga ko abantu badakwiriye gucira imanza mwenenyina, Weasel Manizo, ku bivugwa ko yakubise Teta Sandra,akamukomeretsa. Aganira n’imwe muri TV zo muri Uganda, Pallaso yavuze ko adashyigikiye kuba Teta yaba yarakubiswe. Yavuze ko gusa “Ntazi neza Koko Teta yakubiswe na Weasel. Yagize ati ” Nifatanyije na Sandra. Sinshyigikiye ko Abagabo […]
Abayobozi barakeka ko umuntu yishwe na Ebola
Umuntu utatangajwe umwirondoro wapfuye kuwa mbere mu ntara ya Kivu ya Ruguru ya DR Congo birakekwa ko yishwe na virus ya Ebola, nk’uko abategetsi muri iki gihugu babitangaje. Muri iki cyumweru hari amakuru – ataremejwe – yavugaga ko muri ako gace haba habonetse umuntu wanduye Ebola. Patrick Muyaya, umuvugizi wa guverinoma ya DR Congo yatangaje […]
Polisi yafashe imodoka zitujuje ubuziranenge zisaga 900 mu minsi ine
Polisi y’Igihugu yatangaje ko mu minsi 4 imaze gufata ibinyabiziga bisaga 900 bidafite ibyangombwa by’ubuziranenge, ibi birakorwa mu kwabu wo gufata ibinyabiziga bidafite ibyangombwa. Umukwabu uje nyuma y’ubukangurambaga bwa Polisi bwo gushishikariza abatunze ibinyabiziga gusuzumisha ubuziranenge bwabyo. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko byagaragaye ko hari bamwe mu bafite ibinyabiziga […]
Perezida Biden yiyemeje gukemura ikibazo cy’inzara mu bihugu birimo u Rwanda
Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko igihugu cye kigiye kwagura gahunda ya ‘Feed The Future’ mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’inzara n’ibura ry’ibiribwa hirya no hino ku Isi. Perezida Biden yabitangarije i Berlin mu Budage, aho yari yitabiriye inama y’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku Isi (G7). Gahunda Feed the […]
Urufaya rw’ibisasu biremereye rurakomeje hagati ya M23 na FARDC
Urugamba rukomeye rw’ibisasu biremereye ruri kuva ahitwa Rangira ugana Rwanguba muri gurupoma ya Jomba Teritwari ya Rutshuru, aho M23 na FARDC bahanganye kuva kuwa Gatanu mu gitondo. Amakuru yemezwa n’ibinyamakuru bitandukanye muri Congo n’uko yaba abagenzi bagenda n’amaguru, imodoka zitwaye abagenzi n’imizigo na za Moto ubu bidashobora guca muri uwo muhanda kubera ko M23 yakajije […]
Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Israel na kimwe mu bihugu bya Afurika
Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati ya Israel na Misiri, nyuma y’uko iki gihugu cyo mu majyaruguru ya Afurika kibabajwe no kuba uriya muturanyi wacyo yaranze kugabanya ibitero bya gisirikare mu gace ka West Bank. Ikinyamakuru Haaretz daily cyatangaje ko Misiri yarakajwe cyane no kuba Ingabo za Israel ziheruka kwivugana Ibrahim al-Nabulsi, umurwanyi wo mu rwego […]
Abapilote ba Ethiopian Airlines basinziriye indege irenga aho yari kugwa
Abapilote babiri b’indege basinziriye iri ku butumburuke bwa 11km barenga yari kugwa mbere yo gukanguka bakayigarura ikagwa neza, nk’uko ikinyamakuru ku by’indege kibivuga. Abashinzwe ingendo z’indege bagerageje kubavugisha nyuma y’uko barenze aho bagombaga gutangira kururutsa indege mu kirere cya Addis Ababa mu murwa mukuru wa Ethiopia. Amaherezo aba bapilote baje gukanguka bagarura indege bayimanura neza, […]
ACP Felly Bahizi yahawe inshingano zikomeye muri Sudani y’Epfo
Assistant Commissioner of Police (ACP) Felly Bahizi Rutagerura wo muri Polisi y’u Rwanda, yahawe inshingano zo kuba Umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa bya Polisi iri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Sudani y’epfo (UNMIS). Ni inshingano ACP Felly Bahizi yasimbuyeho umunya Ghana; Francis Yiribaare. Umuhango wo guhererekanya ububasha hagati y’aba bombi wabereye ku cyicaro […]
RURA yashyizeho ibiciro bishya by’ingendo kuri moto
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwashyizeho ibiciro bishya by’ingendo za moto, aho igiciro cy’urugendo rutarenze kilometero ebyiri ari amafaranga 400Frw. Itangazo RURA yashyize hanze kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Kanama 202, rivuga ko hadhingiwe ku izamuka ry’ibiciro bikomoka kuri peteroli. Igiciro ku rugendo rutarenze ibilometero bibiri ni 400Frw. Igiciro kuri buri kilometero hagati y’ebyiri na 40 […]
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Nyamvumba
Perezida Paul Kagame usanzwe ari n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), yazamuye mu ntera Andrew Nyamvumba wari usanzwe ari Colonel amuha ipeti rya Brigadier General. RDF mu itangazo yasohoye mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu yavuze ko izamurwa mu ntera rya Colonel Nyamvumba rigomba guhita rishyirwa mu bikorwa. Nyamvumba winjiye mu rwego rwa ba […]