Kenya: Hafashwe ingamba zikomeye z’umutekano mbere y’uko urukiko rutangaza umwanzuro ku matora aherutse
Inzego z’umutekano muri Kenya zirimo Polisi, zafashe ingamba zikomeye mbere y’uko urukiko rw’ikirenga rutangaza umwanzuro warwo ku matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye tariki ya 9 Kanama 2022. Tariki ya 15 Kanama ni bwo Umuyobozi Mukuru wa komisiyo y’amatora izwi nka IEBC, Wafula Chebukati, yatangaje ko Dr William Ruto yatsinze aya matora ku majwi 50.49%, Raila Odinga […]
Mali yarekuye abagore gusa mu basirikare 49 ba Côte d’Ivoire ifunze
Igisirikare cya Mali cyarekuye abasirikare batatu b’abagore bo muri CĂ´te d’Ivoire muri 49 kimaze iminsi gifunze, kibashinja kuba abacancuro bashakaga gungabanya umutekano w’igihugu. Ikinyamakuru France 24 cyo mu Bufaransa cyatangaje ko umudipolomate wa Mali utashatse kumenyekana yemeje ifungurwa ry’aba bagore, asobanura ko barekuwe hashingiwe ku mpamvu z’ubumuntu (titre humanitaire). Ni amakuru yamenyekanye kuri uyu wa […]
Rusizi: Utaramenyekana yataye uruhinja rw’ibyumweru bibiri ku ibaraza

Mu ma saa moya n’igice z’umugoroba wo ku wa 28 Kanama ni bwo ku muryango w’inzu y’umuturage Hakizumwami Protais utuye mu mudugudu wa Gatabuvuga, akagari ka Gakoni, umurenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, hatoraguwe uruhinja rw’ibyumweru 2 gusa, uwaruhataye arabura,kugeza n’ubu aracyashakishwa, uruhinja rwafashwe n’uwitwa Mukamazimpaka Naème, kuri ubu ururera. Ubwo umunyamakuru wa BWIZA […]
Amafoto: Umunyakenyakazi wagiye muri Saudi Arabia gushaka akazi ashobora gupfirayo

Umunyamakuru Abraham Mutai wo muri Kenya yagaragaje ubuzima buteye agahinda Umunyakenyakazi witwa Diana Chepkemoi wagiye muri Saudi Arabia gushaka akazi asigaye abamo. Mutai kuri uyu wa 3 Nzeri 2022 yashize amafoto ane kuri Twitter agaragaza imihindagurikire y’ubuzima bwa Diana, yongeraho ubutumwa butanga ibisobanuro buti: “Uyu ni umukobwa w’Umunyakenyakazi witwa Diana Chepkemoi, wigaga muri Meru University, […]
Bruce Melodie yatangaje ko ikibazo yagiranye na Toussaint kitahungabanyije umubano we n’Abarundi
Umuhanzi Bruce Melodie yatangaje ko ikibazo yagiranye n’umushoramari w’Umurundi, Bankuwiha Toussaint, kitahungabanyije umubano we n’Abarundi muri rusange. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 3 Nzeri 2022 nyuma yo gutaramira Abarundi kuri hoteli Zion Beach mu ijoro ry’umunsi wabanje. Uyu muhanzi yasobanuye ko ikibazo cye gisa n’icyamaze gukemuka, ko ibitarakemuka babihariye abanyamategeko babunganira kugira […]
Kisoro: Bamwe mu Banyekongo banze kujya mu nkambi basubiye muri RDC
Bamwe mu Banyekongo basenyewe amahema bari bashinze mu karere ka Kisoro muri Uganda, nyuma yo kwanga kwimukira mu nkambi ya Nyakabande, basubiye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Tariki ya 2 Nzeri ni bwo inzego zishinzwe umutekano za Uganda zasenyeye izi mpunzi zaturutse i Bunagana, nyuma y’igihe kinini zisabwa kwimukira mu nkambi. Zari zasobanuriwe […]