Musanze: Abasekirite ba kompanyi ya RGL bakora kuri INES-RUHENGERI bituniye ku munyamakuru
Abasekirite babiri bo muri Kompanyi ya RGL Security bigirije nkana ku munyamakuru wa BWIZA wari uri mu kazi ke, bamubuza kwinjira muri INES -RUHENGERI, aho yari agiye gutara amakuru ku nama y’inteko rusange idasanzwe yari ihateraniye ku wa 7 Ukuboza 2022, ku murongo w’ibyigwa hari ugusubiza umunyamuryango shingiro w’iyi kaminuza ku nyandiko yasabye ngo zimufashe […]
Maj. Willy Ngoma yakuriye inzira ku murima abibwira ko M23 ifite gahunda ya vuba yo kuva mu bice yafashe
Umuvugizi w’umutwe wa M23 mu bya gisirikare, Major Willy Ngoma; yakuyeho urujijo agaragaza ko ibyo kuba uriya mutwe waba uteganya kuva mu bice yafashe ari nk’inzozi. Umutwe witwaje intwaro wa M23 wemeye guhagarika no kurekura ibice uherutse gufata mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Ku wa Kabiri tariki ya 06 Ukuboza M23 […]
Kibeho: Le message de conversion de la MÚre du Verbe diffusé sur le continent

Sur la Terre Sainte de Kibeho, se rĂ©unissent du 1 au 7 dĂ©cembre 2022, les prĂȘtres, directeurs des stations Radio Maria des sept pays du continent africain et leurs assistants Ă©ditoriaux pour une formation professionnelle et mariologique. Ils recevront des explications dĂ©taillĂ©es sur le message de conversion et de douleur salvifique apportĂ© par la MĂšre […]
Nyaruguru: Umugabo yiciwe mu murima we w’ibirayi
Umugabo witwa Bikorimana Charles, w’imyaka 28, wari utuye mu mudugudu wa Raranzige, akagari ka Raranzige, umurenge wa Rusenge, akarere ka Nyaruguru, yiciwe mu murima we w’ibirayi ubwo yari yagiye kubirarira ngo batabyiba. Nk’uko abaturanyi ba nyakwigendera babivuga, ubwo bwicanyi bwabaye mu ijoro ryo ku wa 6 rishyira uwa 7 Ukuboza 2022. Nzabonimana Vianney, umuvandimwe w’uwishwe […]
Rubavu: Mu icumbi ry’abarimu habonetse imbunda ya AK-47
Mu ishuri ryisumbuye rya Gisenyi riherereye mu mudugudu wa Nyaburanga, akagari ka Nengo, umurenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu havumbuwe imbunda yo mu bwoko bwa AK-47 izwi nka Kalashnikov. Amakuru yageze kuri BWIZA avuga ko iyi mbunda yabonetse mu gisenge (plafond) cyâicumbi ryâabarimu muri iri shuri, ibonwa nâumuyobozi ushinzwe amasomo muri iri shuri, Uwimana […]
Eden Hazard yasezeye mu kipe y’igihugu y’u Bubiligi
Rutahizamu Eden Hazard, yamaze gusezera mu kipe y’igihugu y’u Bubiligi ‘Les Diables Rouges’ yari asanzwe abereye Kapiteni. Hazard w’imyaka 31 y’amavuko, yari umukinnyi w’ikipe y’igihugu y’u Bubiligi kuva 2008, ubwo yayigeragamo afite imyaka 17 y’amavuko. Uyu mugabo ukinira Real Madrid yo mu gihugu cya Espagne yari amaze gukinira u Bubiligi imikino 126; akaba yari amaze […]
Hatangajwe inzego mu Rwanda ziza ku isonga mu kurangwamo ruswa
Ishami rya Polisi y’u Rwanda ishinzwe umutekano wo mu muhanda n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu (REG) ni zo nzego za Leta y’u Rwanda ziza ku isonga mu kurangwamo ruswa, nk’uko ubushakashatsi bushya bubigaragaza. Ni ibyagaragajwe na raporo izwi nka Rwanda Bribery Index (RBI) yasohowe n’Umuryango Urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International) kuri uyu wa Gatatu tariki ya […]
Traffic police tops most corruptible institutions in Rwanda
Traffic Police, local government institutions, and Rwanda Energy Group (REG) are government institutions that lead in regard to the likelihood of bribery, according to the 2022 Rwanda Bribery Index (RBI) released by Transparency International (T.I Rwanda), on Wednesday, December 7. The RBI is an annual publication by T.I Rwanda that aims at determining the current […]
Mu Budage: Abantu 25 batawe muri yombi bakekwaho umugambi wo guhirika ubutegetsi
Polisi yo mu Budage yataye muri yombi abantu 25 ibakekaho umugambi wo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Frank-Walter Steinmeier. Nkâuko BBC News ibivuga, aba bantu barimo abarwanya ubu butegetsi nâabahoze ari abasirikare bafatiwe mu mukwabu wakorewe muri Leta 11 muri 16 zigize iki gihugu, bategura uyu mugambi. Mu hantu hakorewe umukwabu nkâuko ikinyamakuru Der Spiegel cyo […]
Ibihumbi by’abanye-Congo bari guhungira ubwicanyi bw’abarimo FDLR kuri M23
Ibihumbi by’abanye-Congo basumbirijwe n’ubwicanyi bw’imitwe yitwaje intwaro ikorana n’Ingabo za kiriya gihugu, bari guhungira ku mutwe wa M23. Perezida w’uyu mutwe, Bertrand Bisimwa, mu butumwa yanditse kuri Twitter ye yavuze ko “ibihumbi by’abanye-Congo kuri ubu bari guhunga Kitchanga bajya mu bice bigenzurwa na M23, nyuma y’ubwicanyi bw’ironda buri kuhakorerwa na FARDC/FDLR/APCLS/PARECO/NYATURA.” Bisimwa yunzemo ko ari […]
Uzongera kuvuga ko u Burundi bukennye, azabivugira mu mwobo: Ndayishimiye
Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko Umurundi uzongera kuvuga ko igihugu cye gikennye, azabivugira mu mwobo. Uyu Mukuru wâIgihugu yabivuze kuri uyu wa 6 Ukuboza 2022 ubwo yayoboraga umuhango wo kwizihiza umunsi mukuru ngarukamwaka wahariwe abasora, wabereye mu mujyi wa Bujumbura. Perezida Ndayishimiye yasobanuye ko u Burundi budakennye nkâuko bamwe babivuga, ngo ahubwo ubukungu […]
CP Kabera yibiye ibanga abashaka gukorera perimi za burundu
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP Kabera John Bosco avuga ko abakeneye gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga, kujya babanza bakitegura atari ukuza kugerageza amahirwe. Hashize iminsi itatu ibibazo byo kwiyandikisha gukora ibizamini bya burundu byo gutwara ibinyabiziga inzego zibishinzwe zibikemuye, ni ibintu byashimishije abashaka gukorera izi mpushya ariko bagifiteho impungenge. Twagirumukiza Vincent wiga […]
Guverinoma ya RDC âyamaganyeâ inkunga ya EU ku ngabo zâu Rwanda ziri muri Mozambique
Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya, yamaganye inkunga umuryango wâUbumwe bwâUburayi (EU) bwageneye ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro mu ntara ya Cabo Delgado, Mozambique. Iyi nkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yemejwe na Komisiyo ya EU tariki ya 1 Ukuboza 2022, isobanura ko izafasha ingabo zâu Rwanda kubona […]
Umwami Mohammed VI yatunguye abakinnyi ba Maroc nyuma yo gusezerera Espagne
Abakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Maroc batunguwe n’umwami Mohammed VI wa kiriya gihugu wahamagaye umutoza wabo kuri terefoni, mu rwego rwo gushimira iriya kipe uko yari imaze kwitwara imbere ya Espagne. Kuri uyu wa Kabiri ni bwo Maroc yanditse amateka yo kugera bwa mbere muri ÂŒ cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi, nyuma yo gusezerera Espagne bari bahuriye muri […]
Mbere yo gusubira inyuma, Major Ngoma wa M23 yifotoje nâabaturage

Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa gisirikare, Major Willy Ngoma, yagaragaye yifotozanya nâabaturage bo muri teritwari ya Rutshuru muri Kivu yâAmajyaruguru. Nkâuko byumvikana muri videwo ebyiri yashyize ku rubuga rwa Twitter, Maj. Ngoma ushagawe nâabaturage benshi yandika mu biganza byâabana nimero ye ya telefone. Abanza kubwira aba bana ati: âNimero yanjye? Nimushake ikaramuâ, bamusaba ko […]
M23 rebels agree to withdraw

The M23 rebels have agreed to withdraw and disengagement, the movement said in a statement on Tuesday evening.