U Rwanda rwongeye kwiyama RDC nyuma y’uko indi ndege yayo y’intambara ivogereye ikirere cyarwo
Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwiyama iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bushotoranyi ikomeje gukora, nyuma y’uko indi ndege y’intambara ya FARDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda. Mu ma saa sita z’amanywa ni bwo indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoi-25 iturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) yavogereye ikirere cy’u Rwanda. Itangazo ryasohowe […]
Héritier Luvumbu aba-Rayon bitezeho kubacungura yageze i Kigali
Umunye-Congo Héritier Nzinga Luvumbu yamaze kugera mu mujyi wa Kigali, nyuma y’iminsi ategerejwe n’abafana ba Rayon Sports bamwitezeho kubacungura. Mu masaha y’umugoroba wo kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Ukuboza ni bwo Luvumbu yageze i Kigali, mbere yo kwakirwa n’abiganjemo abafana ba Rayon Sports bari baje kumutegerereza i Kanombe. Uyu mukinnyi ukina asatira izamu […]
Minisitiri w’Ingabo w’u Bufaransa ari mu ruzinduko muri Ukraine
Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Ingabo w’u Bufaransa, Sébastien Lecornu, yageze i Kyiv kugira ngo baganire ku zindi nkunga zigenewe ingabo za Ukraine, ashimangira ko guverinoma y’u Bufaransa izakomeza kubashyigikiraa mu gihe hakomeje gushyirwa ingufu mu kugera ku masezerano yo guhagarika intambara . Lecornu yahageze nyuma y’urugendo yakoreye muri Pologne, aho yatangaje ku wa Kabiri […]
Ba Minisitiri batatu beguye, bayoboka Moïse Katumbi
Ba Minisitiri batatu beguye muri guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) bayoboka umunyapolitiki Moïse Katumbi uherutse gukura ishyaka ayoboye mu ihuriro Union Sacrée rya Perezida Félix Tshisekedi. Abeguye ni: Christian Mwando wari Minisitiri w’igenamigambi, Chérubin Okende wari ushinzwe ubwikorezi na Véronique Kilumba wari ushinzwe ubuzima. Ubwegure bwabo babugejeje kuri Tshisekedi na Minisitiri w’Intebe, […]
Ukuri kwa APR FC na Florent Ibengé ku makuru yavuzwe ko baba bari mu biganiro
Ikipe ya APR FC yahakanye amakuru yavugaga ko yaba iri mu biganiro n’umutoza Florent Ibengé Ikwange, mu rwego rwo kumusimbuza umunya-Maroc Mohammed Adil Erradi bamaze gutandukana. Ku wa Kabiri tariki ya 27 Ukuboza ni bwo inkuru y’uko APR biciye muri Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe ari Chairman wayo yaba iri mu biganiro n’uyu mutoza w’umunye-Congo, […]
Le Rwanda présente des mesures d’urgence pour contrer les futures pandémies
S’adressant au New Times, Edson Rwagasore, responsable de la division Surveillance de la santé publique et préparation et réponse aux situations d’urgence au Centre biomédical du Rwanda (RBC), a déclaré que le pays avait tiré un certain nombre de leçons des épidémies précédentes dans la région et localement comme Ebola et Covid-19 et est en […]
Nyuma yo kwerekana ko atwite, Aline Gahongayire yerekanye umugabo we

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Aline Gahongayire, yerekanye umugabo we nyuma yo kwerekana ko atwite inda nkuru. Uyu muhanzi yari yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa 27 Ukuboza 2022 ubwo yari amaze kwerekana ifoto ye imugaragaza ko atwite, agateguza inkuru nziza mu gihe kiri imbere. Kuri iyi foto, Gahongayire yageretseho ubutumwa […]
Vatican: Papa Francis yasabye gusengera Papa Benedigito weguye urembye
Kuri uyu wa Gatatu, Papa Francis yasabiye amasengesho uwahoze ari Papa Benedigito, avuga ko “arembye cyane “. Nk’uko Ibiro Ntaramakuru Reuters bibitangaza, ngo Papa Francis yasabye ibi mu buryo butunguranye abari bamuteze amatwi, ariko nta bisobanuro birambuye yatanze. Benedigito w’imyaka 95, mu 2013 yabaye papa wa mbere mu myaka igera kuri 600 weguye. Kuva icyo […]
U Burusiya n’u Bushinwa byasoje imyitozo yo gufata mpiri ubwato bugendera munsi y’amazi (Submarine)
Minisiteri y’ingabo y’u Burusiya yavuze ko bafatanyije n’u Bushinwa barangije imyitozo y’amato mu nyanja y’Uburasirazuba bw’u Bushinwa, nyuma y’icyumweru cy’imyitozo ihuriweho ikubiyemo imyitozo yo gufata ubwato bw’intambara bugendera munsi y’amazi (Submarine) bw’umwanzi . Ibiro Ntaramakuru Xinhua bya Leta y’u Bushinwa byatangaje ko imyitozo yo ku ya 21 kugeza ku ya 27 Ukuboza yiswe ” Maritime […]
Indege y’intambara ya RDC yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda, iraswaho
Indege y’intambara y’igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) ya Sukhoi-25 yongeye kuvogera ikirere cy’u Rwanda mu karere ka Rubavu. Amakuru yizewe agera kuri BWIZA avuga ko iyi ndege ivogereye ikirere cy’u Rwanda ahagana saa tanu n’igice z’amanywa y’uyu wa 28 Ukuboza 2022. Umwe mu baturage babonye iyi ndege yabwiye iki kinyamakuru ko ingabo […]
FARDC yongeye kwifashisha indege za Sukhoi mu mirwano yayo na M23
Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo kizwi nka FARDC cyongeye kwifashisha indege z’intambara zizwiho kunyaruka, Sukhoi-25, mu mirwano zihanganyemo n’umutwe witwaje intwaro wa M23. Amakuru agera kuri BWIZA yemeza ko indege ebyiri za Sukhoi-25 zagaragaye mu kirere cyo mu mujyi wa Goma mu masaa yine zishyira saa tanu z’amanywa y’uyu wa 28 Ukuboza, zerekeza […]
Sudani y’Epfo: Amakimbirane hagati y’amoko yaguyemo abantu 56
Kuri uyu wa Kabiri, umuyobozi muri Sudani y’Epfo yavuze ko amakimbirane ashingiye ku moko y’iminsi ine muri Leta ya Jonglei yahitanye abantu 56 nyuma y’uko urubyiruko rwo mu bwoko bwa Nuer ruteye ubundi bwoko, aho bivugwa ko ari yo makimbirane nk’aya yahitanye abantu benshi . Iyi leta yo mu burasirazuba bwa Sudani y’Epfo, igihugu cyabonye […]
Dr Mukwege yatangaje ko ‘yababajwe’ n’inkuru ya Dr Kimararungu wishwe yitegura ubukwe
Umuganga akaba n’Umunyepolitiki wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Dr Denis Mukwege, yatangaje ko yababajwe n’inkuru y’Umunyamulenge, Dr Kimararungu Merci, wishwe n’abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa Mai Mai Bilozebishambuke. Dr Kimararungu yiciwe ku bitaro bya Bijombo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru tariki ya 25 Ukuboza 2022, mu gitero abarwanyi ba Mai Mai bagabye no […]
Muhoozi nahatana na se muri 2026 tuzamutsinda nk’abandi bose_Gen. Otafiire
Minisitiri w’Umutekano w’imbere muri Uganda, Maj Gen (Rtd) Kahinda Otafiire, yatangaje ko Gen Muhoozi Kainerugaba afite uburenganzira bwo guhatana na se Yoweri Museveni mu matora yo mu 2026; gusa nk’ishyaka NRM bakaba bazamutsinda. Gen. Otafiire yabitangarije mu kiganiro cyihariye aheruka kugirana n’umunyamakuru Sudhir Byaruhanga gifite ibitangazamakuru bitandukanye bikorera mu bihugu bigize akarere ka Afurika y’Iburasirazuba. […]
Angola: Urukiko rw’Ikirenga rwemeje ifatirwa ry’imitungo ya Isabel Dos Santos ifite agaciro ka miliyari 1 $
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 27 Ukuboza, ibitangazamakuru byatangaje ko Urukiko rw’Ikirenga rwa Angola (ASC) rwategetse ko hafatirwa byo gukumira imitungo myinshi y’umukobwa w’uwahoze ari perezida, Isabel dos Santos, ifite agaciro ka miliyari imwe y’amadolari . Nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cya leta, Jornal de Angola, ngo iri tegeko rije nyuma yo kugaragara ko kunyereza umutungo n’ibindi […]
Kosovo irashinja u Burusiya kwenyegeza umuriro hagati yayo na Serbia

Minisitiri w’umutekano wa Kosovo, Xhelal Svecla, yashinje Serbia, avuga ko iyobowe n’u Burusiya, gushaka guhungabanya igihugu cye ishyigikira umubare muto w’abaseribe mu majyaruguru ya Kosovo bafunze imihanda mu gihe cy’ibyumweru byinshi by’imyigaragambyo . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Abaseribe bo mu mujyi wa Mitrovica utuwe n’amoko atandukanye mu majyaruguru ya Kosovo, bashinze bariyeri nshya, nyuma […]
Leta ya RDC ifunze abarimo Abanyarwanda 2 na Colonel w’Umunyekongo ibashinja kuba intasi z’u Rwanda
Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwatangaje ko hari Abanyarwanda babiri n’Abanyekongo babiri bafungiwe muri kasho z’urwego rushinzwe ubutasi (ANR), bakurikiranweho kuba intasi z’u Rwanda. Aya makuru yatangarijwe kuri televiziyo y’igihugu n’Umuvugizi w’igisirikare, Gen. Maj. Sylvain Ekenge Bomusa ku mugoroba w’uyu wa 27 Ukuboza 2022. Yari kumwe n’Umuvugizi wa Polisi na Minisitiri wungirije ushinzwe […]
Nta gihindutse Héritier Luvumbu aragera i Kigali mu masaha make
Umukongomani Héritier Nzinga Luvumbu wahoze akinira ikipe ya Rayon Sports, ategerejwe i Kigali aho byitezwe ko agomba kuza kongera gukinira iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda. Mu mwaka ushize Luvumbu yakiniye Rayon Sports mu gihe kingana n’amezi abiri yonyine, mbere yo gutandukana na yo muri Kanama akerekeza muri Primeiro d’Agosto y’i Luanda muri Angola. […]