RDC yihakanye ijwi ryumvikanamo Gen. Omega wa FDLR
Umuvugizi wâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, Gen. Maj. Sylvain Ekenge Bomusa, yamaganye ijwi rimaze iminsi rikwirakwira ku mbuga nkoranyambaga ryumvikanamo izina rya General Pacifique Ntawunguka (Omega) uyobora umutwe witwaje intwaro wa FDLR. Iri jwi ryâiminota 13 ryumvikanamo uwiswe âGeneral Mugaboâ aganira nâuwo yita âExcellenceâ bivugwa ko ashobora kuba ari Perezida wa RDC, FĂ©lix […]
Imikoreshereze y’ikarita y’umweru n’iy’icyatsi kibisi muri ruhago

Itangwa ry’ikarita y’umweru muri Portugal ryongeye kuzamura impaka ku makarita yaba atangwa ku mikino y’abakina ruhago (umupira w’amaguru) kinyamwuga ku Isi. Mu busanzwe abantu bamenyereye amakarita abiri gusa muri ruhago; ikarita y’umuhondo ihabwa umukinnyi ukoze ikosa rikomeye ariko ryakwihanganirwa ndetse n’ikarita itukura ihabwa umukinnyi ukoze ikosa rikabije rinatuma ahita asohorwa mu kibuga, byaba ngombwa agasiba […]
Umuyobozi muri Amerika yatangaje ko Ingabo za Eritrea zikiri ku butaka bwa Ethiopia
Umuyobozi mukuru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Gatandatu yavuze ko ingabo za Eritrea zikiri muri Ethiopia nubwo zasubije inyuma umupaka, zivuguruza abategetsi ba Ethiopia bavuga ko Abanya-Eritereya bamaze kugenda . Ingabo za Eritrea zafatanyije nâingabo za Ethiopia kurwanya inyeshyamba mu ntambara imaze imyaka ibiri ihuza guverinoma ya Ethiopia nâinyeshyamba zo mu […]
Umunyamerika yahishuye uko yagerageje kuburizamo ibitero bya USA kuri Saddam Hussein

Scott Ritter, umusesenguzi mu by’umutekano wabaye mu ngabo za Leta zunze ubumwe za Amerika zirwanira mu mazi, ashinzwe ubutasi, akaba nâumwe mu bari bayoboye Komisiyo yihariye yâUmuryango wâAbibumbye yari ishinzwe kugenzura ikoreshwa n’ikorwa ry’intwaro kirimbuzi muri Iraq, yahishuye uko yagerageje kuburizamo ibitero kuri Saddam Hussein ariko bikaba iby’ubusa. Uyu Munyamerika wâimyaka 61 yâamavuko, mu nyandiko […]
London: Minisitiri wâIntebe yirukanye muri guverinoma uwari chairman wâishyaka riri ku butegetsi
Minisitiri wâIntebe wâu Bwongereza, Rishi Sunak, yirukanye Nadhim Zahawi wari umuyobozi wâishyaka ryâaba conservateur nyuma yâuko umujyanama wâimyitwarire ye yemeje ko habaye âukurenga gukabijeâ ku mahame agenga abaminisitiri . Mu ibaruwa yasohowe na Downing Street mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, Minisitiri wâIntebe yavuze ko yagize uruhare mu kubahiriza umuhigo we wo guharanira ko guverinoma […]
Tshisekedi yijeje Abanyekongo ko hafashwe ingamba zo guhagarika ibikorwa by’u Rwanda na M23
“Perezida wa Repubulika yifuje guhumuriza abaturage ba Congo bose muri rusange, ndetse nâabaturage bo muri Kivu yâAmajyaruguru, ko hafashwe ingamba zose zo guhagarika ibikorwa byâu Rwanda nâumutwe wâiterabwoba M23”, ibi minisitiri w’Itangazamakuru, Patrick Muyaya, yabitangaje akomoza ku byaganiriwe mu Nama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu 27 Mutarama . Nkâuko yabitangaje, ngo Perezida wa Repubulika yamenyesheje […]
Musanze: Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho gukubita umunyeshuri w’imyaka 8
Umuyobozi w’ishuri rya ‘Spes Nova Junior Academy’ witwa Niyonsenga Maximilien afungiye kuri sitasiyo ya Polisi ya Muhoza kubera gukubita no gukomeretsa umwana w’imyaka 8 mwene Ntirenganya Erneste na Uwizeyimana Alliance, batuye mu mudugudu wa Ntenya, Akagari ka Nyangwe , umurenge wa Gahunga ahazwi nko ku Kanyirarebe. Uyu mwana wiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri abanza […]
Nyuma yâaho Kitshanga ifashwe, abatuye Goma basabwe kudahumbya
Meya wâumujyi wa Goma, Komiseri Kabeya Makossa François yasabye abahatuye kuba maso cyane, bagatanga amakuru ku bantu bose bakeka ko babahungabanyiriza umutekano. Mu itangazo yashyizwe yashyizeho umukono tariki ya 27 Mutarama 2023, Komiseri Makossa yasobanuye ko ahakwiye kugenzurwa cyane ari ahahurira abantu benshi nko mu nsengero, mu mashuri, mu masoko, mu tubari no mu tubyiniro. […]
U Burusiya bwahambirije ambasaderi wâikindi gihugu nyuma yo kwirukana uwa Estonia
Ambasaderi wa Latvia i Moscou, Maris Riekstins, yategetswe na Minisiteri yâububanyi nâamahanga yâu Burusiya kuva mu gihugu bitarenze ibyumweru bibiri. Ku wa Gatanu, Dacija Rutka, charge dâaffaires wa Latvia i Moscow, yahamagajwe muri Minisiteri yâububanyi nâamahanga, aho yamenyesherejwe icyo cyemezo . Ku wa Mbere, Riga yari yavuze ko Moscow irimo kumanura urwego rwâububanyi nâamahanga, avuga […]
Intambara ya gatatu yâIsi niba, byose bizahinduka umuyonga: Medvedev
Visi Perezida wâakanama kâu Burusiya gashinzwe umutekano, Dmitry Medvedev, yaburiye abifuza intambara ya gatatu yâIsi kuko ngo ivumbutse ibintu byose biri ku Isi byahinduka umuyonga. Medvedev yavuze aya magambo asubiza Minisitiri wâingabo wâu Butaliyani, Guido Crosetto wavuze ko u Burusiya bwinjije ibifaru muri Ukraine no ku mbibi buhana nâibihugu byâUburayi, iyi ntambara yahita iba. Minisitiri […]
Miliyari 30 zâAmadolari zigiye gushorwa mu kuzana impinduka mu buhinzi muri Afurika
Kuri uyu wa Gatanu ushize, abafatanyabikorwa ba Afurika mu iterambere biyemeje gutanga miliyari 30 z’amadolari mu iterambere ryâubuhinzi nâubusugire bwâibiribwa ku mugabane wa Afurika mu myaka itanu iri imbere . Ibi byatangajwe nyuma yo gusoza inama yâibiribwa ku mugabane wa Afurika yabereye mu murwa mukuru wa Senegal, Dakar. Inkunga izaba ishingiye ku nkunga itaziguye mu […]
Abasirikare ba FARDC barimo ba Colonel baguye mu mutego, hapfamo 15
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa CODECO ukorera mu ntara ya Ituri, bateze imodoka zari zitwaye abasirikare bâigisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo (FARDC) barimo babiri bafite ipeti rya Colonel, hapfiramo 15. Radio Okapi isobanura ko iki gitero cyabereye muri teritwari ya Djugu ku wa 27 Mutarama 2023, ku muhanda Nimero 7 uri hafi ya […]