USA n’u Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu kubera itegeko rihana abatinganyi

Leta zunze ubumwe za Amerika n’u Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu nyuma y’aho abagize inteko ishinga amategeko yayo bemeje ishyirwaho ry’itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina igifungo kuva ku myaka 10. Kuri uyu wa 21 Werurwe 2023 ni bwo abadepite bo muri Uganda bemeje iri tegeko, nyuma y’iminsi myinshi bamwe muri bo guhera ku babayoboye […]

Amavubi y’abakinnyi 10 akuye inota rimwe kuri BĂ©nin

1679500855337.jpg

Amavubi y’u Rwanda afashijwe n’umuzamu Ntwari Fiacre by’umwihariko yanganyije na Les GuĂ©pards ya BĂ©nin igitego 1-1 mu mukino u Rwanda rwahawe ikarita itukura. Amavubi yari yakiriwe n’ikipe ya BĂ©nin kuri Sitade de l’AmitiĂ© GĂ©n Mathieu i Cotonou mu mukino w’umunsi wa 4 wo gushaka itike y’irushanwa nyafurika rya AFCON 2023 wasifuwe n’Abanya-Botswana bayobowe na Joshua […]

Min. Munyangaju abona ‘abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije BĂ©nin kurusenya no kurusebya

Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, avuga ko abanyamakuru bo mu Rwanda bafashije BĂ©nin gusenya no gusebya igihugu, ubwo yasabaga impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ko ikipe yayo yakwemererwa kutazakinira kuri sitade mpuzamahanga ya Huye. Inkuru y’uko ikipe y’umupira w’amaguru ya BĂ©nin yanze kuzakinira kuri sitade ya Huye mu mukino yari izakirirwamo n’Amavubi tariki […]

Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali

Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]

Mesut Özil yasezeye ku mupira w’amaguru

Umudage Mesut Özil wamenyekanye mu makipe atandukanye nka Real Madrid na Arsenal, yasezeye ku mupira w’amaguru kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukinnyi ufatwa nk’umwe mu beza babayeho bakina mu kibuga hagati yemeje amakuru y’isezera rye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ni icyemezo yafashe nyuma yo kwibasirwa n’imvune z’akarande. Özil yakinnye umukino we wa nyuma […]

SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe

Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nk’uko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]

OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two

The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from QuĂ©bec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]

Ethiopia: TPLF yakuwe bidasubirwaho ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba

Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia kuri uyu wa 22 Werurwe 2023 yakuye abarwanyi ba TPLF yo muri Leta ya Tigray ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba ikorera muri iki gihugu. Ni umwanzuro watowe n’abashingamategeko benshi, ugeranyije n’abatawushyigikiye, nk’uko byatangarijwe ku rubuga rwa Facebook n’Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia. Iyi nteko yagize iti: “Inteko ishinga amategeko yemeye umwanzuro […]

Umubano wa Algeria na Maroc ugeze ahantu hadafite igaruriro – Perezida Abdelmadjid Tebboune

Umubano wa Algeria na Maroc wageze “ahantu hadafite igaruriro”, nk’uko byatangajwe na Perezida Abdelmadjid Tebboune, nk’ikimenyetso giheruka cyerekana ko umubano mubi ukomeje gufata intera hagati y’ibihugu byombi, byahagaritse umubano ushingiye kuri dipolomasi mu 2021 . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Tebboune aganira na Al Jazeera mu kiganiro, yavuze ko mu gihe yicuza ko umubano wifashe […]

Ingabire ImmaculĂ©e arasaba ubutabera kutazorohereza umusore ‘washishikarije’ abantu gusambanya abana

Uyu ni Tuyisenge uzwi nka Ntama w'Imana kuri Twitter

Ingabire Marie ImmaculĂ©e uyobora umuryango Transparency International International mu Rwanda arasaba ubutabera kutazorohereza umusore witwa Tuyisenge Evariste (Ntama w’Imana) mu gihe rwazamuhamya ibyaha akurikiranweho. Ni nyuma y’aho kuri uyu wa 21 Werurwe urwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rutangaje ko rufungiye Tuyisenge kuri sitasiyo yarwo ya Kacyiru, nyuma y’aho, yifashishije konte ye kuri Twitter, ashishikarije abantu […]

Umutangabuhamya yavuze uko Rutunga yahembaga abashyinguraga imirambo y’Abatutsi

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, Umucamanza mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru mu Rwanda ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’ibyambuka imipaka yumvise abatangabuhamya bashinja Venant Rutunga ukurikiranweho uruhare muri jenosde . Uwitwa Edouard Burimwinyundo uvuga ko Rutunga yazanye abajandarume mu kigo yayoboraga bakica abatutsi niwe wabimburiye aba batangabuhamya. Burimwinyundo yari umuzamu mu kigo […]

La Tanzanie confirme l’Ă©pidĂ©mie de maladie Ă  virus de Marburg, 5 morts

Cinq personnes sont mortes en Tanzanie de la maladie Ă  virus de Marburg Ă  la suite d’une Ă©pidĂ©mie dans la rĂ©gion de Kagera, dans le nord-ouest du pays, a annoncĂ© mardi l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) . Les tout premiers cas de maladie Ă  virus de Marburg dans le pays ont Ă©tĂ© confirmĂ©s aprĂšs […]

Tchad: Abasaga 400 bakatiwe gufungwa burundu bazira uruhare mu iyicwa rya Perezida Idriss Deby

Urukiko rwo muri Tchad kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, rwakatiye igihano cyo gufungwa burundu inyeshyamba zirenga 400 zifite aho zihuriye n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida Idriss Deby Itno . Ibihano ku bagize umutwe w’inyeshyamba wa FACT (Front pour le changement et la concorde au Tchad) byatanzwe n’Urugereko rw’inshinjabyaha rwihariye rw’urukiko rw’ubujurire rwa N’Djamena. Ibiro […]

Virusi ya Marburg yadutse muri Tanzaniya imaze guhitana abantu batanu mu bayanduye

Kuri uyu wa Kabiri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko abantu batanu bapfiriye muri Tanzaniya bazize icyorezo cya virusi ya Marburg nyuma yo kwaduka mu karere ka Kagera mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu . Abantu ba mbere banduye virusi ya Marburg bemejwe muri iki gihugu nyuma y’uko abayobozi mu nzego z’ubuzima muri […]

Intumwa z’akanama gashinzwe umutekano muri Afurika ziri muri RDC

Intumwa z’akanama k’umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) gashinzwe amahoro n’umutekano ziri mu ruzinduko rw’amasaha 48 muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Izi ntumwa ziyobowe na Ambasaderi Willy Nyamitwe uhagarariye u Burundi muri AU zakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula na Minisitiri w’ingabo, Gilbert Kabanda. Nk’uko Ambasaderi Nyamitwe abyemeza, izi ntumwa zagiye […]

Uganda yemeje itegeko ryo gufunga abatinganyi, hari n’abazajya bakatirwa urwo gupfa

Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku wa Kabiri, yemeje umushinga w’itegeko rihindura icyaha ibikorwa byo kuryamana kw’ababana bahuje ibitsina. Ni itegeko kuri ubu hagitegerejweho ko rihabwa umugisha na Perezida Yoweri Museveni ubwe wakunze kumvikana yamagana biriya bikorwa. Iri tegeko ryatowe ku bwiganze n’abadepite ba Uganda riha inshingano inshuti, imiryango ndetse n’abagize sosiyete ya Uganda muri […]

Igisubizo cya M23 ku bibaza amaherezo yayo nyuma yo kuva mu bice bitandukanye yahoze igenzura

Umutwe wa M23 wasubije abibaza amaherezo yawo, nyuma y’uko ukomeje kuva mu bice bitandukanye wigaruriye mu bice bitandukanye by’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe mu cyumweru gishize watangaje ko wavuye mu duce twa Karuba, Muremure, Nyamitima, Nkingo, Kagano, Kihuli (ku minara itatu) ndetse no mu nkengero zatwo. Ni uduce twose two muri […]

U Rwanda ntirucyakiriye Bénin kuri Sitade ya Huye

frxj2d2wwaiglve.jpg

U Rwanda ntirwemerewe kwakirira umukino rufitanye n’ikipe y’igihugu ya BĂ©nin kuri Sitade ya Huye kubera ikibazo cy’amahoteri atujuje ibisabwa. Ibi Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yabinyujije mu ibaruwa yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe 2023. Muri iyo baruwa, CAF yavuze ko ibi […]