USA nâu Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu kubera itegeko rihana abatinganyi
Leta zunze ubumwe za Amerika nâu Bwongereza byatangiye gushyira kuri Uganda igitutu nyuma yâaho abagize inteko ishinga amategeko yayo bemeje ishyirwaho ryâitegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina igifungo kuva ku myaka 10. Kuri uyu wa 21 Werurwe 2023 ni bwo abadepite bo muri Uganda bemeje iri tegeko, nyuma yâiminsi myinshi bamwe muri bo guhera ku babayoboye […]
Amavubi y’abakinnyi 10 akuye inota rimwe kuri BĂ©nin

Amavubi y’u Rwanda afashijwe n’umuzamu Ntwari Fiacre by’umwihariko yanganyije na Les GuĂ©pards ya BĂ©nin igitego 1-1 mu mukino u Rwanda rwahawe ikarita itukura. Amavubi yari yakiriwe n’ikipe ya BĂ©nin kuri Sitade de l’AmitiĂ© GĂ©n Mathieu i Cotonou mu mukino w’umunsi wa 4 wo gushaka itike y’irushanwa nyafurika rya AFCON 2023 wasifuwe n’Abanya-Botswana bayobowe na Joshua […]
Min. Munyangaju abona ‘abanyamakuru bo mu Rwanda’ bafashije BĂ©nin kurusenya no kurusebya
Minisitiri wa siporo, Aurore Mimosa Munyangaju, avuga ko abanyamakuru bo mu Rwanda bafashije BĂ©nin gusenya no gusebya igihugu, ubwo yasabaga impuzamashyirahamwe yâumupira wâamaguru muri Afurika (CAF) ko ikipe yayo yakwemererwa kutazakinira kuri sitade mpuzamahanga ya Huye. Inkuru yâuko ikipe yâumupira wâamaguru ya BĂ©nin yanze kuzakinira kuri sitade ya Huye mu mukino yari izakirirwamo nâAmavubi tariki […]
Tume ya Pamoja ya Kudumu ya Rwanda na Uganda yakutana Kigali
Mkutano wa siku tatu wa Tume ya Pamoja ya Kudumu (JPC) kati ya Rwanda na Uganda ulianza mjini Kigali Jumatano, Machi 22, ukilenga kujadili maeneo ya biashara na ushirikiano na hasa kufufua Miradi ya Kuunganisha Ukanda wa Kaskazini . Tume inakutana kwa mara ya kwanza baada ya zaidi ya miaka 10. Nchi hizo mbili zilikubaliana […]
Mesut Ăzil yasezeye ku mupira w’amaguru
Umudage Mesut Ăzil wamenyekanye mu makipe atandukanye nka Real Madrid na Arsenal, yasezeye ku mupira w’amaguru kuri uyu wa Gatatu. Uyu mukinnyi ufatwa nk’umwe mu beza babayeho bakina mu kibuga hagati yemeje amakuru y’isezera rye abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram. Ni icyemezo yafashe nyuma yo kwibasirwa n’imvune z’akarande. Ăzil yakinnye umukino we wa nyuma […]
SPLM-N yarekuye abasirikare 11 ba Sudani yari imaze umwaka urenga yarafashe
Umutwe wa SPLM-N (Sudan People’s Liberation Movement-North) uyobowe na Abdel Aziz al-Hilu warekuye kuri uyu wa Kabiri ushize abasirikare 11 bo mu Ngabo za Sudani bari bafungiye mu gace kagenzurwa n’uyu mutwe muri Kordofan y’Amajyepfo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri nkâuko tubikesha Sudantribune, uyu mutwe wavuze ko abasirikare barekuwe hari hashize umwaka […]
OIF: Louise Mushikiwabo chooses her number two
The Secretary General of La Francophonie has appointed Caroline St-Hilaire from QuĂ©bec as administrator. This appointment is expected to be confirmed on March 21 . This appointment was announced by the Canadian press on the night of March 19 and has yet to be confirmed by the Permanent Council of La Francophonie, which will meet […]
Ethiopia: TPLF yakuwe bidasubirwaho ku rutonde rw’imitwe y’iterabwoba
Inteko ishinga amategeko ya Ethiopia kuri uyu wa 22 Werurwe 2023 yakuye abarwanyi ba TPLF yo muri Leta ya Tigray ku rutonde rwâimitwe yâiterabwoba ikorera muri iki gihugu. Ni umwanzuro watowe nâabashingamategeko benshi, ugeranyije nâabatawushyigikiye, nkâuko byatangarijwe ku rubuga rwa Facebook nâInteko ishinga amategeko ya Ethiopia. Iyi nteko yagize iti: âInteko ishinga amategeko yemeye umwanzuro […]
Umubano wa Algeria na Maroc ugeze ahantu hadafite igaruriro â Perezida Abdelmadjid Tebboune
Umubano wa Algeria na Maroc wageze âahantu hadafite igaruriroâ, nk’uko byatangajwe na Perezida Abdelmadjid Tebboune, nkâikimenyetso giheruka cyerekana ko umubano mubi ukomeje gufata intera hagati y’ibihugu byombi, byahagaritse umubano ushingiye kuri dipolomasi mu 2021 . Kuri uyu wa Kabiri ushize, Tebboune aganira na Al Jazeera mu kiganiro, yavuze ko mu gihe yicuza ko umubano wifashe […]
Ingabire ImmaculĂ©e arasaba ubutabera kutazorohereza umusore âwashishikarijeâ abantu gusambanya abana

Ingabire Marie ImmaculĂ©e uyobora umuryango Transparency International International mu Rwanda arasaba ubutabera kutazorohereza umusore witwa Tuyisenge Evariste (Ntama wâImana) mu gihe rwazamuhamya ibyaha akurikiranweho. Ni nyuma yâaho kuri uyu wa 21 Werurwe urwego rwâigihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rutangaje ko rufungiye Tuyisenge kuri sitasiyo yarwo ya Kacyiru, nyuma yâaho, yifashishije konte ye kuri Twitter, ashishikarije abantu […]
Umutangabuhamya yavuze uko Rutunga yahembaga abashyinguraga imirambo y’Abatutsi
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, Umucamanza mu rugereko rwihariye rwâurukiko rukuru mu Rwanda ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga nâibyambuka imipaka yumvise abatangabuhamya bashinja Venant Rutunga ukurikiranweho uruhare muri jenosde . Uwitwa Edouard Burimwinyundo uvuga ko Rutunga yazanye abajandarume mu kigo yayoboraga bakica abatutsi niwe wabimburiye aba batangabuhamya. Burimwinyundo yari umuzamu mu kigo […]
US Monastir yari ifite igikombe cy’ubushize muri BAL yabuze amahirwe yo kuzakinira i Kigali
US Monastir yo muri Tunisia yari ifite igikombe cya shampiyona nyafurika ya Basketball, BAL, giheruka yasezereye muri iri rushanwa nyuma yo gutsindwa na AS Douanes amanota 76 kuri 70 muri Dakar Arena. US Monastir yazamuye icyizere cyo gukina imikino ya nyuma ya BAL ubwo yatsindaga REG ihagarariye u Rwanda amanota 84-79. Gusa uyu mugoroba ntiwabaye […]
La Tanzanie confirme l’Ă©pidĂ©mie de maladie Ă virus de Marburg, 5 morts
Cinq personnes sont mortes en Tanzanie de la maladie Ă virus de Marburg Ă la suite d’une Ă©pidĂ©mie dans la rĂ©gion de Kagera, dans le nord-ouest du pays, a annoncĂ© mardi l’Organisation mondiale de la santĂ© (OMS) . Les tout premiers cas de maladie Ă virus de Marburg dans le pays ont Ă©tĂ© confirmĂ©s aprĂšs […]
Tchad: Abasaga 400 bakatiwe gufungwa burundu bazira uruhare mu iyicwa rya Perezida Idriss Deby
Urukiko rwo muri Tchad kuri uyu wa Kabiri, itariki 21 Werurwe, rwakatiye igihano cyo gufungwa burundu inyeshyamba zirenga 400 zifite aho zihuriye n’urupfu rw’uwahoze ari Perezida Idriss Deby Itno . Ibihano ku bagize umutwe wâinyeshyamba wa FACT (Front pour le changement et la concorde au Tchad) byatanzwe nâUrugereko rwâinshinjabyaha rwihariye rwâurukiko rwâubujurire rwa N’Djamena. Ibiro […]
RDC iremeza ko amabuye yâagaciro yabuze ajya mu Rwanda afite agaciro ka miliyari yâamadolari
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo iremeza ko amabuye yâagaciro yavuye muri iki gihugu mu buryo butemewe nâamategeko ajya mu Rwanda mu mwaka ushize afite agaciro ka miliyari 1 yâamadolari. Minisitiri wâimari wa RDC, Nicolas Kazadi, kuri uyu wa 21 Werurwe ubwo yari i Lousanne mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga yâibicuruzwa yitwa Commodities Global […]
Virusi ya Marburg yadutse muri Tanzaniya imaze guhitana abantu batanu mu bayanduye
Kuri uyu wa Kabiri, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryatangaje ko abantu batanu bapfiriye muri Tanzaniya bazize icyorezo cya virusi ya Marburg nyuma yo kwaduka mu karere ka Kagera mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’iki gihugu . Abantu ba mbere banduye virusi ya Marburg bemejwe muri iki gihugu nyuma yâuko abayobozi mu nzego zâubuzima muri […]
Intumwa zâakanama gashinzwe umutekano muri Afurika ziri muri RDC
Intumwa zâakanama kâumuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) gashinzwe amahoro nâumutekano ziri mu ruzinduko rw’amasaha 48 muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Izi ntumwa ziyobowe na Ambasaderi Willy Nyamitwe uhagarariye u Burundi muri AU zakiriwe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga wa RDC, Christophe Lutundula na Minisitiri wâingabo, Gilbert Kabanda. Nkâuko Ambasaderi Nyamitwe abyemeza, izi ntumwa zagiye […]
Uganda yemeje itegeko ryo gufunga abatinganyi, hari n’abazajya bakatirwa urwo gupfa
Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda ku wa Kabiri, yemeje umushinga w’itegeko rihindura icyaha ibikorwa byo kuryamana kw’ababana bahuje ibitsina. Ni itegeko kuri ubu hagitegerejweho ko rihabwa umugisha na Perezida Yoweri Museveni ubwe wakunze kumvikana yamagana biriya bikorwa. Iri tegeko ryatowe ku bwiganze n’abadepite ba Uganda riha inshingano inshuti, imiryango ndetse n’abagize sosiyete ya Uganda muri […]
Igisubizo cya M23 ku bibaza amaherezo yayo nyuma yo kuva mu bice bitandukanye yahoze igenzura
Umutwe wa M23 wasubije abibaza amaherezo yawo, nyuma y’uko ukomeje kuva mu bice bitandukanye wigaruriye mu bice bitandukanye by’uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe mu cyumweru gishize watangaje ko wavuye mu duce twa Karuba, Muremure, Nyamitima, Nkingo, Kagano, Kihuli (ku minara itatu) ndetse no mu nkengero zatwo. Ni uduce twose two muri […]
U Rwanda ntirucyakiriye Bénin kuri Sitade ya Huye

U Rwanda ntirwemerewe kwakirira umukino rufitanye n’ikipe y’igihugu ya BĂ©nin kuri Sitade ya Huye kubera ikibazo cy’amahoteri atujuje ibisabwa. Ibi Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika ‘CAF’ yabinyujije mu ibaruwa yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda ‘FERWAFA’ mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe 2023. Muri iyo baruwa, CAF yavuze ko ibi […]