Ndayishimiye aremeza ko amafaranga y’abamamaza ubutingayi ava kwa Satani
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko igihugu cye kitazemera inkunga y’imiryango mpuzamahanga igisaba gushyigikira ubutinganyi. Mu kiganiro aherutse kugirira kuri Mashariki TV, Perezida Ndayishimiye yabajijwe niba u Burundi bwihagije mu gihe butaterwa inkunga n’iyi miryango. Yasubije ati: “Hari amashyirahamwe usanga azanye ibintu nawe utakwemera. None nk’umuntu yavuga ngo ‘Nzanye amafaranga kugira ngo mutere imbere, […]
Gen Christian Tshiwewe yasuye ku rugamba Ingabo za FARDC
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Lt Gen Christian Tshiwewe Songesa, kuri uyu wa Mbere yasuye ku rugamba Ingabo za Congo (FARDC) muri Masisi aho zimaze igihe zitana mu mitwe na M23. Igisirikare cya Congo cyavuze ko uruzinduko rwa Gen Tshiwewe ari “ubutumwa bukomeye ku mwanzi.” I Masisi mu minsi ishize habereye […]
Uwunganira Mwangachuchu avuga ko umukiriya we azira u Rwanda na Perezida Kagame
Me Thomas Gamakolo, umunyamategeko wunganira umushoramari akaba n’umudepite uhagarariye teritwari ya Masisi mu nteko ishinga amategeko, Edouard Mwangachuchu, aremeza ko umukiriya we ari kuzira imyumvire Abanyekongo bafite ku Rwanda na Perezida warwo Paul Kagame muri iki gihe. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa 7Sur7 kuri uyu wa 9 Mata 2023, Me Gamakolo yavuze ko dosiye y’umukiriya […]
Hospitali ya King Faisal kuanza upandikizaji wa figo mwaka huu
Wizara ya Afya imetangaza kuwa hospitali ya King Faisal itaanza kutoa huduma ya upandikizaji figo mwaka huu na hivyo kuwa hospitali ya kwanza kuanzisha huduma hiyo nchini . Maendeleo hayo yalitarajiwa kuanza mnamo 2022, hata hivyo, hospitali ilikuwa bado inaandaliwa kwa huduma ya matibabu. Akizungumza na gazeti la The New Times, Julien M. Niyingabira, Meneja […]
Perezida Ndayishimiye aremeza ko ntabyo u Burundi n’u Rwanda byapfa bitabonerwa ibisubizo
Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aremeza ko ntacyo u Burundi n’u Rwanda byapfa bitabonerwe ibisubizo, ku buryo byakwangana burundu. Mu kiganiro aherutse kugirira kuri Mashariki TV, Ndayishimiye yabajijwe uko umubano w’u Burundi n’u Rwanda uhagaze muri iki gihe, asubiza ko umeze neza. Uyu Mukuru w’Igihugu yatanze ibimenyetso bigaragaza ko uyu mubano umeze neza birimo kuba […]
RDC: Ingabo za Uganda zageze i Kiwanja numa yo kuhava kwa M23
Nyuma yo kwinjira muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zinyuze mu mujyi wa Bunagana, ku itariki ya 31 Werurwe, Ingabo za Uganda (UPDF) zakomeje koherezwa hirya no hino mu bice zizaoreramo, cyane cyane mu turere M23 igenda irekura buhoro buhoro . Ku wa Gatandatu, itariki ya 8 Mata, itsinda ry’abasirikare 1.000 mu 2000 bari bategerejwe […]
RGB irashaka kuvugurura ivugabutumwa ry’iyobokamana
Urwego rw’igihugu rushinzwe imiyoborere, RGB, rurateganya gukora ivugurura mu ivugabutumwa ry’iyobokamana, rigamije kongerera ubumenyi abavugabutumwa cyangwa abashumba badafite ubuhagije. Uru rwego rubona mu Rwanda hakiri abavugabutumwa cyangwa abashumba babikora, ariko badafite ubumenyi bukenewe kugira ngo umurimo wabo utange umusaruro mwiza muri rubanda. Umuyobozi w’uru rwego, Dr Usta Kaitesi, yatangarije New Times ko RGB iri gukorana […]
RIB yafunze umukozi w’akarere ka Nyamagabe uheruka gufatwa amashusho asambana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umukozi ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) mu karere ka Nyamagabe, nyuma yo kugaragara mu mashusho asambanira ku karubanda. Itabwa muri yombi ry’uyu mugabo ryemejwe na Dr Murangira B Thierry uvugira RIB wavuze ko yatawe muri yombi tariki 6 Mata akurikiranywaho icyaha cyo “gukora ibikorwa by’urukozasoni mu ruhame ubwo […]
Ibitaro bya King Faisal biratangira gutanga serivisi zo gusimbura impyiko muri uyu mwaka – RBC
Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko ibitaro byitiriwe Umwami Faisal bizatangira gutanga serivisi zo gusimbuza impyiko muri uyu mwaka, bikaba ibitaro bya mbere bibitangije mu gihugu . Byari biteganijwe ko ibi bizatangira mu 2022, ariko, ibitaro byari bigitegurwa kugirango bitange izi serivisi z’ubuvuzi. Aganira na The New Times, Julien M. Niyingabira, Umuyobozi w’ishami ry’ikigo cy’itumanaho cy’Ikigo cy’igihugu […]
Perezida wa Tanzania yirukanye abayobozi bahombeje Leta miliyoni 250 z’amadolari
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan, yirukanye mu kazi abayobozi bose mu rwego rushinzwe imihanda ya gari ya moshi, TRC, n’uw’urwego rushinzwe ubwikorezi bwo mu kirere, TGFA, nyuma y’aho bigaragaye ko bahombeje Leta miliyoni 250 z’amadolari. Mu minsi ishize, Umugenzuzi w’Imari ya Leta yashyize hanze raporo y’ubugenzuzi y’umwaka w’2021/2022, agaragaza ko amasezerano y’iyubakwa ry’umuhanda wa […]
Masisi: Habaye gusubiramo hagati y’amatsinda abiri y’inyeshyamba za Nyatura
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 9 Mata 2023, ahitwa Buganda, mu gace ka Kabalekasha, Umudugudu wa Bishange, Sheferi ya Bahunde muri Teritwari ya Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru habaye imirwano hagati y’amashami abiri ashyamiranye ya Nyantura . Aya makuru yahawe Lesvolcansnews.net atanzwe na perezida w’inama y’urubyiruko ya Gurupoma ya Mupfuni Shanga. Uyu witwa Abishe Shabirera, yerekana […]
U Bufaransa bugiye kubaka urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ku butaka bwabwo
Leta y’u Bufaransa yatangaje ko iteganya kubaka ku butaka bw’icyo gihugu urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni icyemezo u Bufaransa bwatangaje nyuma y’uko muri 2021 Perezida Emmanuel Macron wabwo yemeye ko hari uruhare igihugu cye cyagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Perezidansi y’u Bufaransa mu itangazo iheruka gusohora, yavuze ko urwibutso iki gihugu giteganya […]
Inkotanyi tuba twararokoye benshi: Lt Gen. Kabandana

Lieutenant General Innocent Kabandana yatangaje ko mu rugamba rwo guhagarika jenoside yakorewe Abatutsi, ingabo za RPA/Inkotanyi ziba zararokoye abenshi bahigwaga, ariko ubuke bwazo buzibera imbogamizi ikomeye. Uyu musirikare yabivuze ubwo yaganirizaga urubyiruko rwari rwateraniye ku rwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali mu gikorwa cy’icyunamo no kwibuka cyabaye ku mugoroba w’uyu wa 9 Mata 2023. […]
Ethiopia: Icyemezo cyo gusenyera ingabo z’intara mu z’igihugu gishobora gushoza indi ntambara
Kuri iki Cyumweru, itariki 9 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye mu mijyi ibiri yo mu Ntara ya Amhara muri Ethiopia mu gihe ibihumbi n’ibihumbi by’abaturage baho bigaragambyaga bamagana itegeko rya guverinoma ihuriweho yo gusenyera igisirikare cy’intara mu gisirikare cy’igihugu . Abagize ingabo zidasanzwe za Amhara n’imitwe yitwara gisirikare ikorana nazo, bahize ko bazamagana icyemezo cyafashwe […]
#Kwibuka29: Bumwe mu bwicanyi bwakozwe ku itariki ya 10 Mata 1994 hirya no hino mu gihugu
Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 10 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Iyi nyandiko y’icyahoze arri CNLG iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi kuri iyi tariki mu 1994 . 1. Abafaransa bakomeje gufasha guverinoma y‘abicanyi yayoborwaga na minisitiri w’intebe Jean Kambanda […]
Amakuru y’ibanga ku ntambara yo muri Ukraine yashyizwe ku karubanda ashobora kwangiza byinshi
Inyandiko z’ibanga zibarirwa muri za mirongo za minisiteri y’ingabo ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, zirimo amakarita, ibishushanyo n’amafoto , zikomeje guhererekanywa ku mbuga za internet nyuma yo gushyirwa ku karubanda n’umuntu utaramenyekana . Ibishya muri ibi bingana gute? Amakuru menshi yo muri izi nyandiko asanzwe azwi. Itandukaniro ni uko yatangajwe ku bwinshi, kandi yose […]
Nyamasheke: Abacuruzi babyutse basanga abanyerondo babacucuye

Abacuruzi 3 ba santere y’ubucuruzi ya Nyagafunzo, mu mudugudu wa Nyagafunzo, akagari ka Mwezi, umurenge wa Karengera mu karere ka Nyamasheke, bararira ayo kwarika nyuma yo kubyuka bagasanga bimwe mu byo bacuruzaga byibwe, abaturage n’ubuyobozi bakurikirana bakabifatira mu nzu z’abanyerondo 5 bitwaga ko baraririye iyo santere y’ubucuruzi, bagahita banatabwa muri yombi. Amakuru umunyamakuru wa Bwiza.com […]
Museveni yakiriye umuhungu we iwe mu rugo, bagirana ibiganiro byo mu rwego rwo hejuru
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ku Cyumweru cya Pasika yakiriye iwe mu rugo umuryango wa Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari umuhungu we, bombi bagirana ibiganiro. Museveni yasangiriye Pasika n’Umuryango w’imfura ye mu rugo rwe ruri Rwakitura. Kuri Twitter ye yagize ati: “Mama Janet [umugore we] nanjye twizihije Pasika turi hamwe na Gen Muhoozi, Charlotte […]