Umusore yapfukamiye inkumi amasaha 21 bifata ubusa

chinese-man-12.png

Umugabo ukomoka mu gihugu cy’Ubushinwa uzwi ku izina rya Li, yafashe umwanya ungana n’amasaha 21 apfukamye imbere y’ibiro by’aho umukobwa bahoze bakundana akorera ngo yongere kumwigarurira ariko biranga bifata ubusa . Ibi byabaye ubwo uyu musore yari yamaze kugira umubabaro udasanzwe nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we ariko nyuma akaza kumusanga aho akorera ngo amusabe […]

Perezida Paul Kagame ari muri Guinée-Bissau

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari muri GuinĂ©e-Bissau, mu ruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe ari kugirira muri iki gihugu cyo mu Burengerazuba bw’umugabane wa Afurika. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter yabyo byatangaje ko kuri uyu wa Mbere Perezida Kagame “yakiriwe ku ngoro y’Umukuru na Perezida Umaro Siccoco Embalಠwa GuinĂ©e-Bissau.” Abakuru b’ibihugu byombi babonaniye mu muhezo […]

FARDC yemeje ko liyetona wa yo yatorotse akajya kwiyunga kuri Makanika

Umusirikare mukuru wa FARDC w’ipeti rya liyetona yatorotse igisirikare cya leta mu cyumweru gishize maze yinjira mu nyeshyamba ziyobowe na Colonel Michel Rukundo uzwi nka Makanika mu misozi ya Fizi-Itombwe (Kivu y’Amajyepfo). Umusirikare utavuga rumwe n’ubutegetsi yari mu mutwe wihariye ufite icyicaro i Minembwe, muri Teritwari ya Fizi . “Lieutenant Mudende Mukwiza Olivier, umuyobozi wa […]

Uwahoze ayobora MONUSCO yanenze imyitwarire yayo muri iki gihe

Martin Kobler, ubu uri mu kiruhuko cy’izabukuru, yahoze ari umuyobozi wa MONUSCO kuva mu 2013 kugeza mu 2015. Ku buyobozi bwe, ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zatsinze inyeshyamba za M23 mu 2013, ku bufatanye n’ingabo za Congo . Mu Gushyingo 2012, inyeshyamba za M23 zamaze iminsi zarigaruriye Umujyi wa Goma mbere yo kuwusohokamo. Ariko mu ntambara ikomeje […]

Ese bigenda gute ku mugore ukunda kunywa amasohoro?

93s3xmifauzyqy2tlqfidr92iqub7xc03xelwwgc.jpg

Mu buryo karemano umugore n’umugabo iyo bashakanye baba bemerewe gukora imibonano mpuzabitsina uko babyifuza mu gihe cyose umwe yifuje mugenzi we ntawe ubihatiwe . Muri iki gihe ndetse n’icyatambutse uburyo bwo gukora imibonano mpuzabitsina bwagiye burushaho gushyirwa ahagaragara ndetse hagenda haduka n’ubundi buryo bwasaga n’ubuhishwe. Ikoranabuhanga uko ryagiye ryaduka rikanarushaho kwigarurira Isi, niko ryagiye ritiza […]

Ingo za General Bunyoni zasatswe

Ingo za General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi zasatswe n’abapolisi ndetse n’abo mu nzego zishinzwe iperereza. Mu gitondo cy’uyu wa 17 Mata 2023 hatangiye guhwihwiswa amakuru y’uko abapolisi n’abo mu iperereza bari bafite intwaro bagose urugo rwa Gen. Bunyoni, gusa icyari cyahabajyanye nticyari cyakamenyekanye. Mu kanya gashize, urubuga SOS Media Burundi rwemeje aya […]

Uganda: Minisitiri ukurikiranweho kwiba amabati yasutse amarira mu rukiko

Umunyamabanga wa Leta ya Uganda ushinzwe imari n’igenamigambi, Amos Lugoloobi yitabye urukiko, rutangira kumuburanisha ku byaha akekwaho bifitanye isano no kwiba amabati Perezida Yoweri Kaguta Museveni yari yarageneye abatuye mu gace ka Karamoja. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo uyu Muminisitiri yatawe muri yombi na Polisi ya Uganda. Byari nyuma ya mugenzi we Mary Goretti […]

Lopez Portillo wahoze ari Perezida wa Mexique yari n’umukozi wa CIA

Uwahoze ari Perezida wa Mexique, Jose Lopez Portillo, wayoboye iki gihugu kuva mu 1976 kugeza mu 1982, ngo yari umukozi w’ikigo cy’ubutasi cya Amerika (CIA), nk’uko bigaragara mu cyiciro gishya cy’inyandiko z’ibanga zashyizwe ahagaragara n’Ububiko bw’igihugu cya Amerika . Muri izo mpapuro, zerekeye iperereza rya CIA ku iyicwa rya Perezida John F. Kennedy mu 1963, […]

USA: Abantu 4 bishwe barasiwe mu isabukuru y’amavuko

Nibura abantu bane bapfuye barasiwe mu birori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 16 muri Leta ya Alabama yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika . Abantu 28 kandi bakomeretse, bamwe muri bo bikomeye cyane, nyuma yo kurasirwa kuri studio izwi nka Mahogany Masterpiece Dance Studio mu mujyi wa Dadeville kuwa Gatandatu. Umunyeshuri mu ishuri ryisumbuye witwa […]

Perezida Ndayishimiye aremeza ko Umurundi utuye mu cyaro nta madolari akeneye

Perezida Ndayishimiye mu muganda rusange

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, aremeza ko Umurundi utuye mu cyaro nta madolari akeneye kuko no mu gihe yayabona ntacyo yayamaza. Tariki ya 15 Mata 2023 ubwo yifatanyaga n’abatuye muri Komini Mishiha, intara ya Cankuzo, mu muganda, Perezida Ndayishimiye yibasiye abavuga ko Abarundi bakennye, bagapimira ubukene ku idolari. We abona barabaswe n’ubukoloni. Ndayishimiye yagize ati: […]

Zari yongeye kurongorwa

Umugandekazi Zari Hassan wahoze ari umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz, yamaze kurongorwa n’umunya-Uganda Shakib Lutaaya bari bamaze igihe mu munyenga w’urukundo. Zari na Shakib bari bamaze amezi 10 bakundana. Ku Cyumweru tariki ya 16 Mata ni bwo bombi basezeraniye mu idini ya Islam, mu muhango wabereye i Pretoria mu murwa mukuru wa Afurika y’Epfo. Ni ubukwe […]

Perezida Ruto, Kiir na Guelleh wa Djibouti bazajya muri Sudan kunga abahanganye

Abakuru b’ibihugu bigize umuryango uhuza za guverinoma ugamije iterambere, IGAD, banzuye kohereza Perezida William Ruto wa Kenya, Salva Kiir wa Sudani y’Epfo na Ismail Omar Guelleh wa Djibouti muri Sudan kugira ngo bunge impande zihanganye. Ku wa 15 Mata 2023, muri Sudani habayeho ukurasana gukomeye hagati y’ingabo zishyigikiye ubutegetsi n’abakomando bagize RSF (Rapid Support Force) […]

Guverinoma ya RDC yarakajwe n’amagambo Perezida Kagame yavugiye i Cotonou

Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Patrick Muyaya, yagaragaje ko yarakajwe n’amagambo Perezida Paul Kagame yavugiye mu ruzinduko yagiriye i Cotonou muri BĂ©nin. Mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo yari kumwe na mugenzi we Patrice Talon uyobora BĂ©nin, Perezida Kagame yabajijwe ku mutwe witwaje intwaro wa M23, asobanura ko ukomoka ku mateka y’ubukoloni, […]