Raila Odinga yateguje ko arerekeza imyigaragambyo ku biro bya Perezida Ruto
Umunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Kenya, Raila Odinga, yateguje ko arerekeza imyigaragambyo ku biro byâUmukuru wâIgihugu, Dr William Samoei Ruto, ku wa 2 Gicurasi 2023. Odinga yabivuze asubiza Perezida Ruto wavuze kuri uyu wa 29 Mata ko afite ububasha bwo guhagarika imyigaragambyo yakongera kuba, nkâUmugaba wâIkirenga wa Kenya. Ruto yatangaje ko yasabye Odinga guhagarika imyigaragambyo, […]
Colonel Doumbouya yategetse ba Minisitiri kwihutisha ishyirwa mu bikorwa ryâamasezerano ya Conakry-Kigali
Perezida wâagateganyo wa GuinĂ©e-Conakry, Colonel Mamady Doumbouya yategetse ba Minisitiri kwihutisha ishyira mu bikorwa ryâamasezerano igihugu cye giherutse kugirana nâu Rwanda ubwo Perezida Paul Kagame yagiriraga uruziko iwabo. Nkâuko ikinyamakuru Vision GuinĂ©e kibivuga, Col. Doumbouya yasabye Minisitiri wâIntebe gukora ibyo asabwa byose kugira ngo komisiyo yâubufatanye ihuriweho yâigihugu cye nâu Rwanda ijyeho, itangire gushyira mu […]
Mu myaka ya 1800, u Rwanda ntirwabagaho, i Gisenyi ni muri Congo â Christophe Mboso

Perezida wâInteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yavugiye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye kuri Stade de Martyrs i Kinshasa mu muri Mitingi yâihuriro Union SacrĂ©e kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 30 Mata 2023, ko u Rwanda rutabagaho mu myaka yâ1800 . Mu ijambo rye, Perezida wâInteko Ishinga Amategeko yatunze […]
Mibilizi: Abarokotse jenoside baramagana abashidikanya ku mibiri iri kuhaboneka

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 muri Mibilizi mu karere ka Rusizi baramagana abantu bari kugaragaza ugushidikanya ku buryo batemeza ko imibiri iri kuhaboneka ari iyâabayizize. Kuva mu mpera za Werurwe 2023, muri Mibilizi, byâumwihariko mu isambu iri mu nkengero za Kiliziya Gatolika ya Mibilizi kugeza kuri uyu wa 29 Mata 2023 hari hamaze kuboneka […]
OIF irahamagarira amahanga kohereza byihuse ingabo zo gufasha Igipolisi cya Haiti
Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) urahamagarira abafatanyabikorwa mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga “gukangurira abantu ku bwinshi, koroshya kohereza mu buryo bwihuse ingabo mpuzamahanga zunganira abapolisi bâigihugu cya Haiti”, nkâuk inynddiko yabonwe nâurubuga AlterPresse ivuga . Izi ngabo mpuzamahanga zigomba kugira uruhare mu guhagarika ihohoterwa byihuse, aho usanga abagore benshi bo muri Haiti ndetse […]
Perezida wa Kenya abona harimo uburwayi kuba Afurika itegereza u Burayi ngo butabare Somalia
Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, abona harimo uburwayi bwo mu mutwe kuba ibihugu byo ku mugabane wa Afurika bitegereza umuryango wâubumwe bwâu Burayi (EU) ngo uhe Somalia inkunga yifashisha mu kurwanya iterabwoba. Mu kiganiro yagiranye nâumuherwe Mo Ibrahim, cyabereye i Nairobi kuri uyu wa 29 Mata 2023 imbere yâabantu benshi bari mu byiciro […]
Kuvuga ko u Rwanda ari igihugu kitubaha uburenganzira ni uburyo bwâivangura bwo gusobanura ibintu – Giorgia Meloni
Minisitiri wâIntebe wâu Butaliyani, Giorgia Meloni, kuri uyu wa Gatanu ushize yatangaje ko gahunda yâu Bwongereza yo kohereza mu Rwanda abimukira bahinjiye mu buryo bunyuranyije nâamategeko ari amasezerano hagati yâibihugu bibiri byigenga kandi agamije kurinda umutekano wâabantu, yongeraho ko ari amakosa kubyita kwirukana abantu (deportation) . Meloni, yavuganaga nâitangazamakuru kuri Ambasade yâu Butaliyani i Londre […]
Umuyobozi wa Wagner arakangisha kuvana abarwanyi be muri Bakhmut avuga ko bakomeje gushirira
Umuyobozi wâingabo zâabacanshuro bo mu Burusiya bâikigo cya Wagner Group arakangisha gukura ingabo ze mu ntambara ikomeye yo muri Bakhmut mu burasirazuba bwa Ukraine kubera umubare wâabayigwamo wiyongera mu gihe abayobozi bâingabo za Ukraine bavuga ko ingabo zâu Burusiya zananiwe kubafungira inzira zibagemurira ibikoresho zigana muri uwo mujyi . Umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, mu […]
Putin naramuka akandagiye muri Cape yâIburengerazuba azatabwa muri yombi – Guverineri
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, azafatwa naramuka akandagiye mu Ntara ya Cape y’Iburengerazuba muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko ruteganijwe muri Kanama nkâuko byatangajwe n’umuyobozi w’iyo ntara . âPutin yagiye ahungabanya umudendezo w’abaturage ba Ukraine ndetse n’abari mu gihugu cye batinyuka gufata icyemezo cyo kurwanya ibikorwa bye by’ubugome,â ibi byatangajwe ku wa Kane na Alan Winde, […]
Perezida Ruto yanenze uburyo abakuru bâibihugu byo muri Afurika bafatwa

Perezida wa Kenya, William Ruto, yanenze uburyo abakuru bâibihugu byo muri Afurika bafatwa iyo bafatwa iyo bari ku yindi migabane, nka Amerika nâUburayi. Kuri uyu wa 29 Mata 2023, ubwo yari yari mu kiganiro âMo Ibrahim Governance Conversationâ cyabereye i Nairobi, Perezida Ruto yavuze ko hari ubwo abakuru bâibihugu byo kuri uyu mugabane basuzugurwa. Yatanze […]