Kinshasa: Polisi na FARDC biriwe bakomagurana na Opozisiyo
Inzego z’umutekano muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Gatandatu ziriwe zihanganye n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu, mu rwego rwo kuburizamo imyigaragambyo bari bateguye. Ni imyigaragambyo byari biteganyijwe ko ibera i Kinshasa, nyuma yo guhabwa umugisha n’ubuyobozi bw’uyu mujyi. Kuva mu masaha y’igitondo abapolisi ndetse n’abasirikare benshi bari barunzwe mu duce byari byitezwe […]
Ibihugu bigize G7 bigiye kongera ibindi bihano bikomeye ku Burusiya
Mu Buyapani mu mujyi wa i Heroshima hateraniye inama y’ibihugu 7 bikize kuruta ibindi ku isi, yiga ku bihano bishya bigiye kongera gufatira igihugu cy’Uburusiya nyuma yo gushoza intambara kuri Ukraine. Ibi bihano bigiye guhabwa Uburusiya mu rwego rwo kugirango buhagarike intambara.Bije byiyongera ku bindi iki gihugu cyafatiwe. Kugeza ubu Uburusiya ni bwo buza ku […]
FERWAFA yemeye ko yarangaye, isaba imbabazi Abanyarwanda
Ishyirahamwe ryāUmupira wāamaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryasabye imbabazi Abanyarwanda, nyuma ya mpaga yāibitego 3-0 Ikipe yāIgihugu āAmavubiā iheruka guterwa na Les GuĆ©pards ya BĆ©nin. Amavubi yatewe mpaga ku wa Kabiri wāiki cyumweru azira gukinisha Kevin Muhire mu mukino wo gushaka itike yāIgikombe cya Afurika yaguyemo miswi na BĆ©nin ku wa 29 Mata i Kigali. FERWAFA […]
Rubavu: Umuturage aratakamba nyuma yāaho abagiraneza bamusaniraga bahagaritswe

Muhoza Ndayambaje utuye mu mudugudu wa Rurembo, akagari ka Byahi, umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu aratakamba nyuma yāaho tariki ya 17 Gicurasi 2023 ubuyobozi buhagaritse abagiraneza bo mu muryango we bamusaniraga inzu ye iherutse gusenyuka. Ndayambaje asobanura ko mbere yāuko imvura isenya igisenge cyāiyi nzu, yari ifite ibiti bishaje, byavungagurikiraga hasi ku buryo […]
Niba umaze igihe gito ubonye umukunzi mwirinde aya makosa 6
Abenshi mu binjiye mu rukundo vuba usanga batamenya uko bitwara kugirango bakomeze basigasire urukundo rwabo, ku buryo usanga bashobora no gutandukana kandi urukundo rwabo rutaranamara kabiri. Uku kugenda mu munyenga wāurukundo ariko hari byinshi bakora ndetse bimwe ntibamenye ko ari amakosa akomeye ashobora gutuma ibyo bibwiraga ko bazabana ubuziraherezo biba amateka. Dore amwe mu makosa […]
Ronaldinho yongeye kwigaragariza abakunzi b’umuziki

Umugabo ukomoka muri Brazil akaba umunyabigwi mu mupira w’amaguru, Ronaldinho yageze mu muziki.Rurangiranwa, Ronaldinho yanyeganyeje imbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara mu mashusho yāindirimbo nshya ya Bad Bunny āWhere She Goesā. Mu binyamakuru bitandukanye , birigutangaza amakuru y’icyamamare cyabiciye bigacika mu mupira w’amaguru , Ronaldinho wagaragaye mu mashusho y’indirimbo y’inshuti ye. Ni indirimbo yiswe “Where She […]
Igisirikare cy’u Burundi cyikomye Televiziyo y’u Rwanda
Igisirikare cy’u Burundi cyamaganye amakuru y’uko Ingabo zacyo ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikorana n’imitwe yitwaje intwaro; gishinja Televiziyo y’u Rwanda kugira uruhare mu kuyakwirakwiza. U Burundi ni kimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba byohereje Ingabo muri Congo, mu rwego rwo kuhagarura amahoro. Ingabo zabwo zikorera ibikorwa byazo muri Teritwari ya […]
Biravugwa ko abarwanyi ba FDLR aribo baherutse kwica abacunga Pariki ya Virunga
Muri iki Cyumweru, nibwo hatangajwe amakuru y’Abakozi barinda Pariki ya Virunga bishwe ariko ntihahita hamenyekana ababishe.Abishwe ni abakozi 4 abandi babiri barakomereka bahita bajyanwa kwa muganga. Nyuma yo kumenyekana kw’aya makuru, igikomeje kuvugwa cyahitanye aba barinzi,haratungwa agatoki inyeshyamba z’umutwe wa FDLR zibarizwa muri icyo gice abo bakozi bakoreramo.Iki igitero cyabaye kuri uyu wa 18 Gicurasi […]
U Burusiya bwihimuye k’umushinjacyaha wa ICC wasohoye impapuro zo guta muri yombi Putin
Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Burusiya yasohoye impapuro zo guta muri yombi Karim Khan usanzwe ari umushinjacyaha mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC), nyuma yo gushyiraho impapuro zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin. Muri Werurwe uyu mwaka ni bwo uyu Karim Khan yasohoye impapuro zo guta muri yombi Putin ashinja gukorera ibyaha by’intambara muri Ukraine. Ibiro […]
Team Manager w’Amavubi ushinjwa gutuma aterwa mpaga yeguye
Uwari ushinzwe gukurikirana ubuzima bw’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Rutayisire Jackson, yamaze kwegura kuri izi nshingano. Amakuru y’ubwegure bwa Rutayisire wari umaze imyaka itanu ari umukozi ashinzwe gukurikirana imibereho y’amakipe y’igihugu muri FERWAFA, yamenyekanye mu ijoro ryakeye. Uyu mugabo yeguye nyuma y’uko muri iki cyumweru Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatewe mpaga y’ibitego 3-0 na BĆ©nin, bituma umukino wo […]