Icyo abarwayi ba Diabete bakwiye kumenya mu gihe basonzeye amatunda
Amatunda cyangwa Marakuja ni zimwe mu mbuto abahanga bashishikariza abantu kurya bitewe nâintungamubiri zikubiyemo.Marakuja ni nziza ku mubiri wâumuntu ariko hakabaho irengayobora ku barwayi ba Diabete kuko ngo sibyiza kuyirya kenshi kuko yifitemo amasukari menshi. Itunda rimwe ringana na garama 100 ni isoko yâintungamubiri zitandukanye harimo; antioxydants, vitamin zitandukanye nka A, C, na za B, […]
RIB yafashe 7 bakekwaho kuba mu gatsiko k’abajura bibaga tefoni muri Kigali
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha kuri uyu wa Gatanu rweretse itangazamakuru abantu barindwi rwafashe bakekwaho kuba mu gatsiko kamaze iminsi gakora ubujura bwa terefoni muri Kigali. Mu bo RIB yafashe harimo abamotari babiri, umukozi utanga serivisi za Mobile Money, umugabo ucuruza telefone ahazwi nko ku iposita mu Mujyi wa Kigali, uwibaga telefone akazibashyira nâundi waziguraga. Umuvugizi w’uru […]
Usikilizaji wa rufaa ya Prince Kid uliahirishwa hadi Septemba
Mahakama kuu ya Nyamirambo imeahirisha kusikilizwa kwa kesi ya Dieudonne Ishimwe, maarufu Prince Kid hadi Septemba 15 . Wakati wa kusikilizwa kwa kesi hiyo Ijumaa, Julai 14, jaji kiongozi alisema kuahirishwa kunalenga kuwapa upande wa utetezi muda wa kutosha wa kutathmini na kuchunguza ripoti kutoka kwa Maabara ya Uchunguzi wa Uchunguzi wa Rwanda kuhusu ushahidi […]
Bwito: Barasaba ingabo za EAC kujya guhosha imirwano ikomeje guhuza M23 na Wazalendo
Abaturage bo muri Bwito, Teritwari ya Rutshuru (Kivu y’Amajyaruguru) basabye, kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, ko ingabo za EAC zoherezwa mu karere kabo gutandukanya inyeshyamba za M23 nâinyeshyamba za Wazalendo zimaze iminsi mu mirwano . Izi ngabo zombi zimaze iminsi itatu zirwana n’intwaro zikomeye, cyane cyane mu gace ka Bukombo (Kivu y’Amajyaruguru) […]
Ibihembwe bishya bya TVA na TPR, inyungu ku basora bagorwa no guhuza ibyatunze umwuga nâimenyekanisha ryâumusoro ku nyungu
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa amabwiriza mashya agena uburyo bwo kumenyekanisha no kwishyura TVA na TPR mu bihembwe, Ikigo cyâImisoro nâAmahoro (RRA) cyasabye abasora basanzwe bamenyekanisha iyi misoro mu bihembwe kumenyekanisha bakanishyura TVA na TPR byakiriwe mu kwezi kwa Gatandatu konyine bitarenze tariki ya 17/07/2023, kugira ngo hatangire gukurikizwa ibihembwe bishya, bihura nâibihembwe bisanzwe […]
Nkore iki?Mama agiye gushaka umugabo twigeze kuryamana nkiri i Kampala
Umukobwa wabaga i Kampala aragisha inama yâicyo yakora nyuma yâuko umubyeyi we agiye gushaka umugabo bigeze kuryamana ubwo yari akiba mu gihugu cya Uganda. Yagize atiâ Sindibuvuge amazina yanjye kuko hari abashobora kumenya.Muri macye ubusanzwe nakunze kuba mu gihugu cya Uganda kuko narahize nyuma mpabona akazi birangira mpamaze igihe kirekire. Navukiye mu Rwanda ariko mama […]
Myugariro usimbura umunya-Caméroun wapapuwe APR FC ategerejwe i Kigali
Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Gatanu byitezwe ko yakira myugariro w’umunya-CamĂ©roun, Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme. Kuri gahunda byari byitezwe ko uyu myugariro wo mu mutima w’ubwugarizi agera i Kigali saa saba zo kuri uyu wa Gatanu. Salomon Bindjeme w’imyaka 27 y’amavuko, yari asanzwe akinira Al-Hilal Omdurman yo muri Sudani. Uyu myugariro kandi […]
Me Nyembo aravuga ko Prince Kid ari kujurajuzwa
Umunyamategeko umwe muri babiri bunganira Ishimwe DieudonnĂ© uzwi nka Prince Kid, Me Emelyne Nyembo, aravuga ko umukiriya we akomeje kujurajuzwa, bikamushyira mu rujijo rwâikigambiriwe. Ni amarangamutima yagaragaje, yerekana ko atishimiye kuba ubushinjacyaha bwashyize mu masaa saba yâijoro ryo kuri uyu wa 14 Nyakanga 2023 muri sisiteme yâurubanza ibimenyetso rwagombaga kwifashisha, habura amasaha make ko urubanza […]
U Bwongereza: Amb. Busingye yasubije abavuga ko u Rwanda rudatekanye ku mpunzi
Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza, Johnston Busingye, yasubije ibaruwa iheruka kuvuga ko igihugu cye kidatekanye ku basaba ubuhungiro nk’uko tubikesha ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza . “Ibaruwa iheruka ivuga ngo “U Rwanda ntabwo ari igihugu gitekanye ku mpunzi” (Amabaruwa, yo kuwa 6 Nyakanga) ni urundi rugero rw’uburyo bushaje bwo kubona Afurika nk’ubutaka bw’umwijima n’akaga. […]
Diamond yigaramye umugandekazi byavugwaga ko bari mu rukundo
Umuhanzi Diamond Platnums uri muri Uganda, bikomeje kuvugwa ko ari mu rukundo n’uhanzi Spice Diana ndetse ko bateganya ku rushinga ariko we akabihakana yivuye inyuma, icyakora ngo Imana ibishatse byaba. Uyu muhanzi ukomoka muri Tanzaniya Bongo Flava yahakanye ibihuha bivuga ko akundana nâumuhanzikazi mugenzi we Spice Diana. Mu kiganiro n’abanyamakuru i Kampala, aho Diamond yiteguye […]
Umusirikare wa UPDF yarashe mu cyico bagenzi be 2
Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF) yarashe mu cyico bagenzi be babiri, undi umwe aramukomeretsa. Byabereye mu gace ka Fort Port mu burengerazuba bwa Uganda. Amakuru avuga ko Cpl Avugo Lomuro wo mu ngabo za Uganda zirwanira mu kirere yarashe bagenzi be mu ijoro ryakeye, mbere yo guhita acika. Umuvugizi wungirije wa UPDF, Col […]
RDF yivuganye Général Bin Laden wayoboraga abarwanyi bayiciye umusirikare
Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye muri Repubulika ya Centrafrica (MINUSCA) ziherutse kwica umuyobozi wâabarwanyi baziciye umusirikare, GĂ©nĂ©ral Mahamat Tom uzwi nka âBin Ladenâ. Iki gitero umusirikare wâu Rwanda yaguyemo cyâabitwaje intwaro bo mu ihuriro rya CPC cyagabwe ku basirikare bari ku burinzi hafi yâagace ka Sam-Ouandja, intara ya Haute-Kotto tariki ya […]
Kirehe: Le secrĂ©taire exĂ©cutif arrĂ ÂȘtĂ© pour dĂ©tournement de fonds
Le Bureau d’enquĂ ÂȘte du Rwanda (RIB) a confirmĂ© jeudi 13 juillet l’arrestation d’Olivier Mwenedata, le secrĂ©taire exĂ©cutif du secteur de Gahara, dans le district de Kirehe, pour dĂ©tournement de fonds. Mwenedata a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© le 12 juillet . Selon Thierry Murangira, le porte-parole de RIB, le suspect a Ă©tĂ© pris en flagrant dĂ©lit aprĂšs avoir […]
RDC: Uwatabarije ChĂ©rubin asanze yapfuye niwe wafashwe nk’ukekwa wa mbere
Nyuma yâiyicwa ryâumunyapolitiki utavuga rumwe nâubutegetsi muri RD Congo, ChĂ©rubin Okende Senga i Kinshasa, ukekwaho icyaha wa mbere ari mu maboko yâubutabera nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kane, itariki ya 13 Nyakanga, nâumushinjacyaha mukuru mu rukiko rwâiremezo. Yatawe muri yombi ku wa Kane afatiwe ahavumbuwe umurambo wâumudepite. Abayobozi bakomeje iperereza ryâubucamanza . Nkâuko byatangajwe n’umushinjacyaha […]
Mama Sava yitotombeye itorero rya ADEPR ryatumye yisanga ku mihanda
Umunyana Annalisa wamenyekanye nka Mama Sava yitotombeye itorero rya ADEPR ryamutenze bigatuma ajya ku mihanda(kujya mu mirimo itandukanye idafite aho ihuriye nâubutumwa bwiza). Uyu mubyeyi wâabana babiri, aganira nâumunyamakuru, yavuze ko yasengeye muri ADEPR agakirizwamo akanabatirizwamo,ariko nyuma ngo baje kumutenga atangira kwigira hanze ariko ngo icyamubabaje ni ukuntu nta muntu nâumwe wo muri iryo torero […]
Museveni abona Kabila afite uruhare rukomeye mu kuba ADF icyinyagambura
Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yagaragaje ko kuba umutwe wâiterabwoba wa ADF ucyinyagambura byaratewe nâubutegetsi bwa Joseph Kabila wayoboye Repubulika ya demukarasi ya Congo bwawakiriye, bukawugusha neza. Museveni kuri uyu wa 13 Nyakanga 2023 yatangaje ko kubera igisirikare nâurwego rwâubutasi bikomeye, abarwanyi ba ADF birukanwe ku butaka bwa Uganda ubwo batsindirwaga mu kibaya cya Semuliki […]
Afurika y’Epfo: Urukiko Rukuru rwemeje ko Jacob Zuma agomba gusubira muri gereza
Kuri uyu wa Kane, Urukiko Rukuru rwa Afurika y’Epfo rwanze guhindura icyemezo cy’urukiko cyari gisanzwe cyemeza ko Jacob Zuma wahoze aroi perezida agomba gusubira muri gereza nyuma yo kurekurwa by’agateganyo hakiri kare kubera impamvu z’uburwayi . Icyemezo cy’Urukiko Rushinzwe Kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga gishobora gusubiza Zuma muri gereza, nyuma y’imyaka ibiri atawe muri yombi bwa […]
Umubiligi ararira ayo kwarika nyuma yâaho Leta yâu Rwanda ifatiriye ikigo yari afitemo imigabane myinshi

Umubiligi Alain Goetz ushora imari mu gutunganya amabuye yâagaciro hirya no hino ku Isi ararira ayo kwarika nyuma yâaho Leta yâu Rwanda mu 2021 ifatiriye ikigo Aldango Ltd cyatunganyaga diyama. Iki kigo giherereye mu karere ka Gasabo. Goetz yari afitemo imigabane 50%, Ngali Holdings ya Leta yâu Rwanda na yo ifitemo imigabane 50%, kandi uyu […]
Aruna Moussa Madjaliwa yerekanwe nk’umukinnyi wa Rayon Sports (Amafoto)

Rayon Sports kuri uyu wa Gatanu yerekanye Umurundi Aruna Moussa Madjaliwa yasinyishije nk’umukinnyi wayo. Madjaliwa yinjiye muri Rayon Sports avuye muri Bumamuru FC y’iwabo mu Burundi. Uyu musore unasanzwe akinira ikipe y’Igihugu y’u Burundi ‘Intamba mu Rugamba’, kuri uyu wa Kane ni bwo Rayon Sports yamusinyishije amasezerano y’imyaka ibiri. Amafoto iyi kipe yashyize ku mbuga […]