Perezida Kagame yagennye ko bimwe mu bikoresho bya RCS bigirwa ibanga

Perezida Paul Kagame akanaba Umugaba w’Ikirenga w’Inzego z’Umutekano z’u Rwanda, yagennye ko bimwe mu bikoresho by’Urwego rushinzwe igorora (RCS) bigirwa ibanga. Iby’izi mpinduka bigaragarira mu iteka rya Perezida N°064/01 ryo ku wa 16 Ukwakira 2023 rishyiraho abagize inama nkuru y’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe igorora (RCS). Ku wa Kabiri tariki ya 17 Ukwakira ni bwo iri […]

Tshisekedi attacks Kagame to justify the failure of his government – Daniel Shekomba

In the context of tensions between the DRC and Rwanda, Daniel Shekomba, former candidate for the 2018 Congolese presidential election, believes that President Félix Tshisekedi’s “attacks” against his Rwandan counterpart Paul Kagame “are just a business political, to justify the failure of the government. This physicist and business leader, who is not involved in the […]

Amashusho ya Mutesi Jolly yizihiwe yatitije imbuga nkoranyambaga-Video

capturefre.png

Mutesi Jolly Nyampinga w’u Rwanda 2016, ari mu bakomeje kuvugwa muri iyi minsi bitewe n’ubutumwa butandukanye akomeje gutanga binyuze ku mbuga nkoranyambaga. Ni nyuma y’uko kuri uyu wa Kane atanze ubutumwa ku rubyiruko aburira urubyiruko kwirinda inzoga kugirango barusheho gukorera igihugu bemye. Ubu butumwa buragira buti “Rubyiruko rugenzi rwanjye, urugamba rwiterambere ry’igihugu cyacu rukeneye, ko […]

Israel yivuganye undi komanda wa Hamas n’umuryango we

Igisirikare cya Israel kuri uyu wa Kane cyivuganye Jehad Mhsein wari umwe mu bayobozi bakuru b’umutwe wa Hamas n’umuryango we, nyuma yo kugaba igitero ku rugo rwe. Uyu mugabo yiciwe mu gace ka Sheikh Radwan gaherereye mu mujyi wa Gaza, nk’uko Ibiro Ntaramakuru byegamiye ku mutwe wa Hamas byabitangaje. Jehad Mhsein yiyongereye ku bandi bayobozi […]

Paris: Ubujurire ku ruhare rw’Ingabo z’u Bufaransa muri jenoside bwongeye guterwa utwatsi

Abacamanza b’iperereza bari bashinzwe iperereza ku Ngabo z’u Bufaransa zishinjwa kuba ntacyo zakoze mu gihe cy’ubwicanyi bwo mu Bisesero muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bongeye gutesha agaciro ubujurire bw’abatanze ikirego. Icyemezo gishya cyari gitegerejwe nyuma y’icyemezo cya mbere cyo kureka gukurikirana Ingabo z’u Bufaransa cyo mu 2022. Icyo gihe habaye kujurira maze kuwa 28 […]

Ubwongereza bwatangiye kubuza abaturage babwo kujya muri Pariki zo muri Uganda

Kuri wa gatatu, guverinoma y’Ubwongereza yihanangirije abaturage bayo kwirinda ingendo muri parike izwi cyane ya Uganda bitewe n’umutekano mucye uherutse gutuma abantu batatu babura ubuzima. Ni nyuma y’uko ba mukerarugendo babiri barimo n’Umwongereza, ndetse n’umuyobozi muri iyo pariki(Guider) waho baguye mu gitero cyagabwe ku mutwe w’abasirikare uzwi cyane. Ku wa kabiri, aba uko ari batatu […]

Genocide:Hari abatangabuhamya barimo uwo Twahirwa yasambanyije ku gahato akamuvuna ukuboko

Abatangabuhamya benshi batanze ubuhamya, kuri Séraphin Twahirwa ukekwaho icyaha cya Jenoside yakorewe Abatutsi, aho umwe mu bagore bamubonye afata abagore ku ngufu akanara umuntu. Abatangabuhamya babivuze ku wa kane, tariki ya 19 Ukwakira mu rubanza rukomeje kuburanishwa Twahirwa na Pierre Basabose ku byaha bashinzwa bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umugore wari mu batangabuhamya yerekanye […]

Uwibye inkoko, ibishyimbo ntakwiye kujya muri gereza: Dr Habineza

TI-Rwanda igaragaza ko abari bafungiwe mu magororero mu 2022 bari 174%

Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Dr Frank Habineza, ntashyigikiye ko abantu bakora ibyaha byoroshye nko kwiba inkoko n’ibishyimbo bajya bajyanwa mu igororero (ryitwaga ‘gereza’). Ibi yabibwiye aherutse kubibwira abanyamakuru, nk’igisubizo ku bucucike buri mu magororero yo mu Rwanda. Ati: “Icy’ubucucike muri gereza kirazwi,twakiganiriyeho […]

Plusieurs maisons sont endommagées par le vent à  Nyagatare

Plusieurs maisons sont endommagées par le vent à  Nyagatare suite à  100 autres détruites dans le district de Nyanza. Des vents violents ont détruit 61 maisons le 18 octobre 2023 dans le district de Nyagatare, a déclaré la vice-maire chargée des affaires sociales, Juliet Murekatete. La catastrophe s’est produite dans les cellules Gacundezi et Nyarupfubire […]

Nangaa yabwiye Tshisekedi ko amasezerano yagiranye na Kabila natayubahiriza azahura n’ingaruka zikomeye

Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo Yigenga y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yongeye kugaba igitero kuri Perezida Tshisekedi yemeza ko nta matora azaba ku itariki ya 20 Ukuboza 2023, inzira y’amatora ishingiye ku binyoma ndetse yongera kugaragaza ko amasezerano yamugejeje ku butegetsi natayubahiriza bizamugiraho ingaruka. Ni ubutumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa […]

FERWAFA yiswe igisebo ku gihugu, Guverinoma isabwa kugira icyo ikora

Uyu arabaza niba ibibera muri FERWAFA guverinoma yaba ibizi

Abanyarwanda bakomeje kwamagana Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) barishinja imikorere mibi, ni nyuma y’aho mu itangazamakuru hagaragaye abana ubu bamaze kuba babiri bavuga ko bari batsindiye kujya muri muri Academy ya Bayern Munich mu Rwanda ariko bakamburwa amahirwe yabo mu buryo bita ubw’amaherere. Abantu batandukanye kuri Twitter bakomeje kugaragaza ko imikorere y’iri shyirahamwe idahwitse […]

Davido na Nomcebo waririmbye Jerusalema bari i Kigali

Hari amakuru yatangiye gucaracara hirya no hino ko umuhanzi w’Umunya Nigeria Davido n’umuhanzikazi Nomcebo waririmbanye na Master KG indirimbo bise Jerusalem bamaze kugera i Kigali.Amakuru avuga ko aba bahanzi bamaze gusesekara i Kigali, aho bari mu bitabiriye ibihembo bya televiviziyo ya Trace Africa biteganyijwe gutangwa taliki 23 Ukwakira 2023. Ibi birori bikazabanzirizwa n’iserukiramuco rizatangira taliki […]

Amafoto: Mushikiwabo yasuye irimbi ry’ingabo za Armenia zaguye mu ntambara zitandukanye

223552.jpg

Umunyamabanga Mukuru wa La Francophonie (OIF), Louise Mushikiwabo kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Ukwakira, yasuye igihugu cya Armenia, aho mu ruzinduko rwe yasuye irimbi rya gisirikare rya Yerablur Pantheon mu rwego rwo kwibuka no kunamira ingabo zaguye ku rugamba. Umunyamabanga Mukuru wa OIF yashyize indabyo ku irimbi aha icyubahiro abasirikare ba Armenia baguye mu […]

U Rwanda rwagaragarije UN ko urubanza rwa Kabuga rwagombaga gukomeza nk’urw’Abanazi 2

Intumwa Ihoreho yungirije y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Kayinamura Robert, yagaragarije Inteko Rusange ko urubanza rwa Kabuga Félicien rwagombaga gukomeza nk’urw’Abanazi babiri bo mu Budage, hatitawe ku mpamvu iyo ari yo yose. Urukiko rwa UN, urugereko rw’ubujurire tariki ya 7 Kanama 2023 rwashimangiye umwanzuro w’urw’ibanze wo muri Kamena 2023 w’uko urubanza ruhagarara, rusobanura ko Kabuga […]

Ntwali Fiacre yasezereye Mamelodi Sundowns

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Ntwali Fiacre, yaraye afashije TS Galaxy asanzwe akinira kugera muri ¼ cy’irangiza cy’irushanwa rya Carling Knockout Cup nyuma yo gusezerera ikigugu Mamelodi Sundowns. Ntwali na bagenzi be bari bakiriye Masandawana yari yabasuye kuri Mbombela Stadium, mu mukino wa â…› cy’irangiza. Ni umukino babanje kuyobora nyuma yo gutsinda Mamelodi Sundowns yari yakinishije […]

Abadepite batabarije abaturage bashobora kuzakanguka bakisanga mu rwobo

Abagize inteko ishinga amategeko y’u Rwanda bagaragaje ko hatagize igikorwa hari abaturage bashobora kuzahura n’akaga gatewe n’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro na kariyeri bukorwa mu buryo mu kajagari butanubahiriza amategeko. Izi ntumwa za rubanda zabwiye umuvunyi mukuru ko hakwiye kugira igikorwa mu rwego rwo gushyira ku murongo ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kuko uko bimeze kuri ubu harimo amakosa […]

Hezbollah yaburiye Biden na Netanyahu ivuga ko ubu ingufu za yo zikubye inshuro 1000

Kuri uyu wa Gatatu ushize, umutwe wa Hezbollah wo muri Libani wihanangirije abanzi bawo uvuga ko ubu “imbaraga zikubye inshuro ibihumbi” mu gihe abarwanyi bawo bakomeje guhererekanya amasasu n’ingabo za Israel ku mupaka mu makimbirane yatangijwe n’imirwano hagati ya Hamas na Israel. Amerika yihanangirije Iran ishyigikiye Hezbollah n’umutwe wa Hamas wo muri Palesitine iyisaba kwirinda […]

Ntimukangambanire Congo na rimwe: Tshisekedi abwira ba Jenerali be

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye ba Jenerali be kwirinda kugambanira RDC; ahubwo bakayirwanirira kugeza ku rupfu. Tshisekedi yabibawiye ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 18 Ukwakira, ubwo yabakiraga mu musangiro wabereye mu biro bye. Ni umusangiro witabiriwe n’abasirikare bo ku rwego rwa ba Jenerali muri FARDC, ba […]

Perezida Kagame: Habuze gato ngo isoko ry’itumanaho rya telefone rihabwe uwadufashije ku rugamba

Perezida Paul Kagame yatangaje ko habuze gato ngo isoko ry’itumanaho rigera kure rihabwe ikigo cy’Umunyarwanda wafashije ingabo za RPA-Inkotanyi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda rwarangiye muri Nyakanga 1994. Umukuru w’Igihugu kuri uyu wa 18 Ukwakira 2023 yasobanuye ko nyuma y’imyaka itanu urugamba rwo kubohora igihugu rurangiye, ubwo we yari Visi Perezida, habaye inama y’abaminisitiri […]

RIB irihanangiriza abereka abana amashusho y’urukozasoni

Abayobozi bo mu nzego z'ibanze muri Nyanza basabwe kwigisha abaturage

Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rurihanangiriza abantu bakuru bahohotera abana, barimo ababereka amashusho cyangwa amafoto y’urukosazoni, ashobora kumushora mu ngeso z’ubusambanyi. Umukozi wa RIB mu ishami rishinzwe gukumira no kurwanya ibyaha, Ntirenganya Jean Claude, kuri uyu wa 18 Ukwakira 2023 ubwo uru rwego rwari mu bukangurambaga mu bayobozi b’inzego z’ibanze mu murenge wa Muyira mu karere […]

Brussels: Twahirwa yihakanye abatangabuhamya bamushinja kwica Abatutsi muri Kigali

Kuri uyu wa 18 Ukwakira 2023 mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi, Twahirwa Séraphin uregwa kuyobora ibitero bitandukanye byo kwica Abatutsi mu mujyi wa Kigali mu gihe cya jenoside, yihakanye abatangabuhamya bamushinje. Twahirwa akomoka mu yari Perefegitura ya Gisenyi kandi yabaye umukozi muri Minisiteri yari ishinzwe imirimo ya Leta, MINITRAPE. Araburanira hamwe na […]

Yatawe muri yombi nyuma yo guhora asambanya umukobwa we

Polisi yo muri Tanzania, yataye muri yombi umugabo ucyekwaho gusambanya umukobwa we akanamutera inda.Ni nyuma y’uko agiye yirukana abagabo bagera kuri bane baje kurambagiza uwo mugabwa kugirango atazamujya kure. Uyu mugabo ashobora gufungwa imyaka 30 , mu gihe uyu mukobwa yaba ataruzuza imyaka 18, naho mu gihe yaba ayifite yakatirwa imyaka 20 y’igifungo nk’uko ingingo […]

Sebastian Kurz wahoze ayobora Autrichia yitabye urukiko

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 18 Ukwakira, Sebastian Kurz wahoze ari Umuyobozi wa Autrichia, yatangaje ko ari umwere ubwo yajyaga mu rubanza aregwamo kuba yaratanze ubuhamya bw’ikinyoma, mu kibazo cya ruswa giherutse kunyeganyeza iki gihugu cyo mu Muryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi. Kurz niwe muntu uzwi cyane watunzwe urutoki mu ruhererekane rw’amahano, kandi uru rubanza […]