Urukiko rwafashe icyemezo ku musore ucyekwaho kwiba Telefoni ya The Ben
Nyuma y’uko umusore witwa Ndagijimana Eric uzwi nka X- Dealer atawe muri yombi ,Dosiye ye igashyikirizwa ubushinjacyaha, kuri ubu yakatiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo. Ni umwanzuro wafashwe n’urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023, icyakora ntabwo higeze hasomwa ibijyanye n’uko iburanisha ryagenze, umucamanza yavuze ko biri bushyirwe mu ikoranabuhanga ry’inkiko ababuranyi bakabisangamo. […]
Muhanga: Minani arakekwaho kwicisha umugore we intorezo akiyahura
Minani ThĂ©ogène wo mu mu murenge wa Muhanga w’Akarere ka Muhanga, arakekwaho kwica umugore we witwa Mujawamaliya Seraphine amukubise ishoka, na we agahita yimanika mu mugozi. Inkuru y’urupfu rw’uyu mugabo n’umugore we yamenyekanye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 22 Ukwakira. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhanga, Nteziyaremye Germain, yabwiye ikinyamakuru Imvaho Nshya ko bikekwa […]
Rais wa chama cha upinzani Burundi aachiliwa huru
Rais wa chama kidogo cha upinzani nchini Burundi, CODEBU, ambaye alikamatwa Jumanne baada ya chama chake kuishinda serikali, alitangaza kwa AFP Jumapili kwamba ameachiliwa. Rais wa Baraza la Demokrasia na Maendeleo nchini Burundi (CODEBU), Kefa Nibizi, alifungwa katika gereza kuu la Mpimba, mjini Bujumbura, akituhumiwa “kuhatarisha usalama wa ndani wa Serikali”. Bw. Nibizi aliiambia AFP […]
President of Burundian opposition party released
The president of a small opposition party in Burundi, CODEBU, arrested Tuesday after his party criticized the government, announced to AFP on Sunday that he had been released on “bail”. The president of the Council for Democracy and Sustainable Development in Burundi (CODEBU), Kefa Nibizi, was imprisoned in Mpimba central prison, in Bujumbura, accused of […]
Munyankindi, le patron de Ferwacy, fait appel de sa détention provisoire
Le tribunal intermĂ©diaire de Nyarugenge a ouvert lundi 23 octobre l’audience d’appel de Benoà ®t Munyankindi, le secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral de la FĂ©dĂ©ration rwandaise de cyclisme (FERWACY), qui conteste sa dĂ©cision de dĂ©tention provisoire. Munyankindi a fait appel de la dĂ©cision du tribunal primaire de Kicukiro de le placer en dĂ©tention pour usage de faux documents, favoritisme […]
Trace Awards:Abahanzi nyarwanda barashinjwa imyitwarire mibi
Abateguye ibihembo bizwi nka Trace Awards, baravuga ko abahanzi nyarwanda bitwaye nabi mu bikorwa no mu itegurwa by’ibi bihembo bigatuma babifatira ku gahanga. Abahanzi b’Abanyarwanda bari batoranyijwe, harimo Bwiza, Chris Eazy , Keny Sol ,Bruce Melodie ndetse na Ariel Wayz.Aba bahanzi rero ngo ubwo hategurwaga ibi bihembo ntibagiye bagaragara mu bikorwa ibyaribyo byose byabanzirizaga ibihembo […]
Sudani: Impande zikomeje kurwanira ubutegetsi zigiye gusubukura ibiganiro
Igisirikare cya Sudani (SAF) ndetse n’umutwe wa Rapid Support Forces bamaze amezi 6 bahanganye, bagiye gusubukura ibiganiro muri iki cyumweru mu Mujyi wa Jeddah muri Arabia Saoudite nk’uko byatangajwe n’umwe mu bagize Akanama k’Ubusugire bwa Sudani kayoboye igihugu. Ibi bije nyuma y’aho intumwa z’Igisirikare cya Sudani zikuye mu biganiro byari bihagarikiwe na Leta Zunze Ubumwe […]
Munyankindi wa FERWACY yavuze ko ibyaha aregwa byari mu myanzuro ya Federasiyo
Munyankindi Benoà ®t wari umunyamabanga mukuru w’Ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) yabwiye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ko ibyaha aregwa ntabyo yakoze kuko ibikorwa yakoze byari mu myanzuro ya Federasiyo. Ibi Munkankindi yabigarutseho mu rubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo mu rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge mu bujurire kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023 aho yanavuze ko nta […]
Imitwe ibiri y’inyeshyamba zigize Wazalendo iri kurwanira mu marembo ya Goma
Amasasu y’imbunda nto n’iziremereye kuri uyu wa Mbere yumvikanye mu marembo y’Umujyi wa Goma aho bivugwa ko ari imitwe ibiri itandukanye mu yigize Wazalendo irimo irahangana. Amakuru aturuka aho aravuga ko imirwano irimo kubera mu gace ka Kanyarucinya muri Teritwari ya Nyiragongo, ho muri Kivu y’Amajyaruguru, aho sosiyete sivile irimo kuvuga ko ibiri kubera muri […]
Meya wa Karongi yegujwe
Inama njyanama y’akarere ka Karongi mu burengerazuba bw’igihugu imaze kweguza umuyobozi wako, Meya Mukarutesi Vestine. Iki cyemezo cyafatiwe mu nama itunguranye yateranye mu gitondo cy’uyu wa 23 Ukwakira 2023. Impamvu yo kweguzwa k’uyu muyobozi ngo ni uko hari ibyemezo by’inama njyanama atigeze ashyira mu bikorwa. Perezida w’inama njyanama ya Karongi, Dusingize Donatha, yatangarije Kigali Today […]
Iran yateguje Israel n’Amerika intambara k’uburasirazuba bwo hagati bwose
Leta ya Iran yeruriye Igihugu cya Isiraheli ikibwira guhagarika intambara kuri HAMAS bitaba ibyo muri kariya gace k’Uburasirazuba bwo hagati hakarota intambara karundura.Iran kandi yavuze ko uyu muburo unareba igihugu cya Amerika gikomeje gutanga inkunga kuri Isiraheli. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Iran, Amir-Abdollahian mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru i Tehran muri Iran ku wa […]
Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda izahagera muri Gashyantare 2024
Indege ya mbere izazana abimukira mu Rwanda ibakuye mu Bwongereza izahagera muri Gashyantare umwaka utaha guverinoma nibona intsinzi mu rubanza irimo mu Rukiko rw’ikirenga. Abakozi ba Leta basabwe gutegura indege ya mbere izazana abasaba ubuhungiro ku itike imwe yerekeza mu gihugu cya Afurika y’Iburasirazuba ku itariki ya 24 Gashyantare 2024. Itariki yatangajwe na Daily Mail, […]
Brussels: Urukiko rwiyamye Me Flamme wunganira Basabose
Perezida w’iburanisha mu rukiko rwa rubanda bwa Brussels mu Bubiligi yihanangirije Umubiligi Me Jean Flamme wunganira Basabose Pierre mu rubanza aregwamo ibyaha bya jenoside n’ibyaha by’intambara. Ni mu gihe uru rubanza rwasubukurwaga mu gitondo cy’uyu wa 23 Ukwakira 2023 nyuma y’ikiruhuko cy’impera z’icyumweru (weekend). Habanje kumva ibitekerezo by’abunganira abaregera indishyi ku buhamya bwatanzwe n’abatangabuhamya basobanura […]
ApĂ´tre Yongwe yagejejwe imbere y’urukiko
Harelimana Joseph bakunda kwita Yongwe kuri uyu wa Mbere taliki 23 Ukwakira 2023 , nibwo yagejejwe mu rukiko rw’ibanze rwa Gasabo arikumwe n’umwunganira mu mategeko ngo asomerwe ibyaha aregwa bityo aburane no ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo. Ni nyuma y’uko Taliki 6 uku kwezi n’ubundi Dosiye ye aribwo yashyikirijwe ubushinjacyaha.Kuri iyi nshuro ya mbere yitabiyeho urukiko […]
RDC: Batangiye gusaba ko kandidatire ya Moise Katumbi iteshwa agaciro
Ubwanditsi bw’Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bwakiriye mu mpera z’icyumweru gishize icyifuzo cyo gutesha agaciro kandidatire ya MoĂ ÂŻse Katumbi, perezida w’ishyaka rya politiki, Ensemble pour la RĂ©publique. Umwanditsi w’iki cyifuzo, Junior Tshivuadi, yagaragaje byinshi agendera mu gusobanura impamvu y’icyifuzo cye, cyane cyane ikibazo cy’ubwenegihugu bw’umukandida mu matora ya perezida, […]
Bemba yongeye kwikanga RDF muri RDC
Minisitiri w’Ingabo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yashinje Igisirikare cy’u Rwanda kongera umubare w’Ingabo ku butaka bwa Congo. Bemba yabivugiye mu nama y’abagize Guverinoma ya RDC yabaye ku wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2023. Yavuze ko “umurongo w’abasirikare ba RDF baturutse mu Rwanda, babonywe banyura mu bice bya Kibumba berekeza […]
Perezida Kagame yagize isabukuru y’Amavuko

Kuri uyu wa 23 Ukwakira 2023, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagize isabukuru y’amavuko yuzuza imyaka 66 y’ubukuru. Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda yavuze ku bw’umwami Mutara III Rudahigwa ku itariki nk’iyi mu 1957. Yavukiye muri Tambwe ho mu karere ka Ruhango k’ubu mu ntara y’Amajyepfo y’u Rwanda. Perezida Kagame ariko ntiyakuriye mu Rwanda […]
Iby’urukundo rw’umunyarwandakazi Laika na Harmonize byasubiye i bubisi
Nyuma y’uko muri iyi minsi havugwaga urukundo rushyushye hagati y’umunyarwandakazi Laika Umuhoza na Harmonize biturutse ku byo aba bagaragazaga ibimenyetso, hari andi makuru avuga ko badakundana. Ibi byamenyekanye ubwo mu mpera z’icyumweru dusoje Harmonize yataramiye mu gihugu cya Uganda ari naho uyu muhanzikazi Laika abarizwa.Ubwo uyu muhanzi yabazwaga ku rukundo rwabo n’abanyamakuru yabateye utwatsi avuga […]
Gahunda yo kunga u Rwanda na RDC yarapfubye: Perezida Lourenà §o
Perezida Manuel JoĂ ÂŁo Lourenà §o Conà §alves wa Angola, yatangaje ko gahunda yo kunga u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isa n’iyamaze gupfa burundu. Lourenà §o usanzwe ari umuhuza mu bibazo ibihugu byombi bifitanye nyuma yo guhabwa izo nshingano n’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, yabitangarije i Nairobi muri Kenya aho mu mpera z’icyumweru gishize yari yagiriye […]
RDC yanzuye ko igiye gusubiza abaturage mu bice M23 yavuyemo
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo yanzuye ko igomba gusubiza byihuse abaturage mu bice byambuwe umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi na Rutshuru kugira ngo bitegure amatora nk’abandi. Ibi bigaragara mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida FĂ©lix Tshisekedi Tshilombo tariki ya 20 Ukwakira, yasohowe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu […]