Munyenyezi yasabiwe gufungwa burundu asaba urukiko kutazira umuryango yashatsemo
Beatrice Munyenyezi ushinjwa ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yasabiwe gufungwa ubuzima bwe bwose , ahita asaba urukiko kutazira umuryango yashatsemo. Yabivuze ubwo yasabwaga n’urukiko kugira icyo avuga kuri icyo gihano Ubushinjacyaha bwari bumaze kumusabira.Yavuze ko abamushinja Jenoside ari ugushaka kumuharabika. Imbere y’urukiko kuri uyu wa gatatu, taliki 28 Gashyantare 2028 , Munyenyezi nâabamwunganira […]
Cyera kabaye Shakib yavuze ku itandukana rye na Zari
Mu ntangiro z’iki cyumweru nibwo hacicikanye amakuru y’itandukana rya Zari n’umugabo we Shakib Lutaaya ndetse binavugwa ko umuhanzi Diamond Platinumz ariwe ubiri inyuma. Byatangiye gushyuha ubwo hashyirwaga hanze amashusho Zari arikumwe na Diamond bafatanye agatoki ku kandi.Aya mashusho yariye Shakib afata umwanzuro wo gutandukana na Zari n’ubwo we yatangaje ko amakimbirane yabo yatangiye mu mpera […]
MINECOFIN na RRA byatanze ikiganiro ku mateka ya Minisitiri atandukanye yemejwe mu nama y’abaminisitiri

Minisiteri y’imari n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro bagiranye ikiganiro n’itangazamakuru kigaruka ku mateka ya Minisitiri atandukanye yemejwe mu nama y’abaminisitiri yo ku wa 27/02/2024. Ni Iteka rya Minisitiri rigena uburyo nâibisabwa kugira ngo abasora bemererwe uburenganzira bukomoka ku kwigaragaza ku bushake (Voluntary disclosure). Iri teka riha uburenganzira abasora, bwo gukurirwaho ibihano ku misoro batishyuye mu […]
Tshisekedi yagiye gusabira u Rwanda ibihano mu Bubiligi
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye u Bubiligi gufatira ibihano u Rwanda ashinja gushoza intambara ku gihugu cye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Gashyantare ni bwo Tshisekedi yageze i Bruxelles, yakirwa na Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi, Alexander De Croo. Aba bombi baganiriye ku ngingo zitandukanye […]
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Uganda yijanditse mu bibazo by’u Rwanda na Congo
Ambasaderi w’Ubufaransa muri Uganda, Xavier Sticker, yatangaje ko umutwe wa M23 uterwa inkunga n’u Rwanda ndetse ko ingabo zarwo ziri ku butaka bwa Kongo. Ambasaderi Xavier avuga ko M23 igomba guhagarika imirwano ako kanya kandi ikava mu turere twose irimo, hakurikijwe ibyemezo byafashwe mu biganiro by’i Luanda,ikindi kandi u Rwanda rugahagarika inkunga rwayigeneraga. Ati: “Turahamagarira […]
Nigeria: Hadutse imyigaragambyo yamagana izamuka rikabije ry’igiciro cy’imibereho
Kuri uyu wa Kabiri, ibihumbi by’abakozi, abacuruzi, abaharanira uburenganzira bwa muntu nâabanyeshuri bigabije imihanda yâimijyi minini yo muri Nigeria, bamagana igiciro gikomeje kuzamuka cyâibiribwa, imiti, gaze yo guteka, nâibicuruzwa by’ingenzi. Ihuriro ryâabakozi muri Nigeria ryatangaje imyigaragambyo yâiminsi ibiri mu gihugu hose guhera ku itariki ya 27 Gashyantare, risaba ko guverinoma yagabanya ibibazo byâubukungu byatewe nâikurwaho […]
Amavubi agiye kwipima n’ibihugu 2
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, irateganya gukina imikino ibiri ya gicuti mu kwezi gutaha kwa Werurwe. Amavubi azakina umukino wa mbere ku wa 18 Werurwe ahura na Madagascar, mu mukino uzabera i Antananarivo. Nyuma y’iminsi 10 Amavubi azahurira mu wundi mukino na Sylli National ya GuinĂ©e-Conakry. Umutoza Frank SPITTLER utoza Amavubi y’u Rwanda, ni we wasabye iyi […]
Bamwe mu baturage bo muri Rubavu na Rutsiro bahunze inzara
Mu murenge wa Kanama mu Karere ka Rubavu no mu wa Nyabirasi ho mu Karere ka Rutsiro,hari abaturage bavuga ko hari abatangiye guhunga inzara bitewe n’imbuto y’ibigori bahawe ikanga kwera. Aba baturage bavuga ko imbuto yâibigori bahawe muri gahunda ya âSmart Nkunganireâ yanze kwera, none inzara ikaba ibageze ahabi, ku buryo hari nâabasuhutse.Bakimara guhabwa iyo […]
Iperereza ryâu Burundi rirateganya kwerekana Imbonerakure zikitwa aba RED-Tabara bagasebya u Rwanda
Amakuru aturuka mu gihugu cyâu Burundi aravuga ko Perezida wâu Burundi, Evariste Ndayishimiye ndetse nâurwego rwâigihugu rwâubutasi, barimo gutegura Imbonerakure benda kwereka Abarundi nâamahanga bakavuga ko ari abarwanyi ba RED-Tabara bafashwe bagatanga ubuhamya ko batorejwe mu Rwanda. Nkâuko amakuru dukesha Radio Inkinzo (La Voix du Grand Lacs) avuga, ngo hari itekinika ririmo rirategurwa nâiperereza rya […]
U Burusiya bwaburiye NATO ko iri kwegera umurongo utukura
Guverinoma y’u Burusiya yaburiye ibihugu byo mu muryango wa NATO ko nibiramuka byohereje ingabo muri Ukraine, intambara ishobora guhita irota hagati y’uriya muryango n’u Burusiya. U Burusiya bwaburiye NATO nyuma y’uko ku wa Mbere w’iki cyumweru Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa yatangaje ko ibihugu by’incuti za Ukraine byiteguye gukora ibishoboka byose ngo u Burusiya butsindwe […]
UR: Ni gute abanyeshuri bagumishwa ku ishuri amezi 3 kandi barasoje amasomo?
Nyuma y’uko Kaminuza y’u Rwanda ishyize ahabona itangazo ryagaragazaga ko ingengabihe y’umwaka w’amashuri utaha izatangira kubahirizwa muri Nzeri 2024, hari abanyeshuri batanyuzwe n’icyemezo cyo kubagumisha mu ishuri kandi amasomo barayasoje. Aba banyeshuri bibaza ukuntu amezi hafi atatu yongereweho ariko bakabura uwabaha ibisobanuro. Mu nkuru ya BWIZA iheruka, hagaragaramo impungenge za bamwe mu banyeshuri biga mu […]
Tshisekedi yemereye Lourenà §o kuba yahura na Perezida Kagame
Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemereye mugenzi we JoĂ ÂŁo Lourenà §o wa Angola ko asa n’uwiteguye guhura na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda bakagirana ibiganiro. Ku wa Kabiri tariki ya 27 Gashyantare Tshisekedi yari i Luanda muri Angola, mu ruzinduko yari yagiye kubonaniramo na Perezida Lourenà §o usanzwe ari umuhuza mu bibazo […]
80% by’Abanyamerika bashyigikiye Israel mu ntambara na Hamas-Netanyahu
Ikusanyabitekerezo rigaragaza ko ngo abaturage ba Amerika bashyigikiye ko Israel itsinda intambara ibahuje na Hamas. Byagarutsweho na Minisitiri w’intebe wa Israel Benjamin Netanyahu aho yavuze ko ukuntu igihugu cye gishyigikiwe n’abaturage muri Amerika bizagifasha kurwana kugeza ku ntsinzi yuzuye. Netanyahu yasubiyemo ibyo mu bushakashatsi bwagaragajwe n’ibiro ntaramakuru Associated Press n’ikigo NORC, ryasanze muri Mutarama (1) […]
Huye: Urubanza rwa Munyenyezi rushobora gupfundikirwa kuri uyu wa Gatatu
Mu rubanza Beatrice Munyenyezi aburanamo nâubushinjacyaha ibyaha bya jenoside, abanyamategeko bamwunganira babwiye urukiko rwisumbuye rwa Huye ko abatangabuhamya bamushinje ibyaha bita âIbinyomaâ mu mugambi wo kumugerekaho urusyo. Biteganyijwe ko umucamanza apfundikira urubanza rwa Munyenyezi kuri uyu wa Gatatu, hatagize igihinduka. Bruce Bikotwa na mugenzi we Felicien Gashema bunganira Beatrice Munyenyezi batindanye ijambo rya nyuma ku […]
Mali: Impanuka ya bisi yahitanye abagera kuri 31
Abagera kuri 31 kuri uyu wa Kabiri, bapfuye bazize impanuka muri Mali ubwo imodoka yo mu bwoko bwa bisi yibirunduraga ku rutindo rwo ku mugezi uri hafi yâumujyi wa Kenieba. Byatangajwe na minisiteri yo gutwara ibintu nâabantu. Iyo bisi yari ku muhanda yerekeza muri Burkina Faso, ubwo yakoraga impanuka mu masaha ya saa kumi nâimwe […]
Mu gihe cy’itumba hateganyijwe imvura iruta isanzwe igwa muri icyo gihe
Mu Rwanda hateganyijwe imvura iruta isanzwe igwa mu gihe cy’itumba bityo abaturarwanda bakaba basabwa kuzigengesera. Byatangajwe n’Ikigo cyâu Rwanda gishinzwe Ubumenyi bwâIkirere (Meteo Rwanda) cyateguje abaturarwanda ko Itumba rya 2024 [Werurwe, Mata, Gicurasi] hateganyijwe imvura iri hejuru gato yâisanzwe igwa muri iki gihe . Iyi mvura izaba iri hagati ya milimetero 200 na milimetero 700.Byâumwihariko […]
Gen. Patrick Nyamvumba yahawe imirimo mishya
Gen. Patrick Nyamvumba wigeze kuba Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, yatanzwe n’u Rwanda nka Ambasaderi ugomba kuruhagararira muri Tanzania. Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Kabiri tariki ya 27 Gashyantare iyobowe na Perezida Paul Kagame ni yo yamugennye kuri ziriya nshingano. Mu gihe Tanzania yaramuka imwemeje, Gen. Patrick Nyamvumba wanigeze kuba Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu […]