RED-Tabara yifatiye ku gahanga ubutasi bw’u Rwanda

Umutwe wa RED-Tabara uvuga ko urwanya ubutegetsi bw’u Burundi wavuguruje amakuru aheruka gutangazwa na Perezida Paul Kagame, uvuga ko ubutasi bw’u Rwanda bwamuhaye amakuru atari yo. Perezida Kagame mu kiganiro aheruka kugirana na Jeune Afrique, yatangaje ko ibitero u Burundi bumaze iminsi buvuga ko bwagabweho n’umutwe wa RED-Tabara nta byigeze bibaho, ko ahubwo ari ibinyoma […]

Umutoza wa As Kigali yamenweho amazi n’bakinnyi be mu rwambariro

Umutoza mukuru wa As Kigali, Guy Bukasa yatunguwe n’abakinnyi bamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko bamumenaho amazi mu rwambariro. Ku munsi w’ejo hashize nibwo uyu mutoza ukomoka muri Congo yagize isabukuru y’amavuko, aho yari yujuje imyaka 37. Ubwo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 27 Werurwe 2024 ikipe ya As Kigali yasozaga imyitozo, abakinnyi baje gutungura uyu […]

Zari Hassan aratwite

Umuherwekazi akaba n’umushabitsi, Zari Hassan wamenyekanye nka The Boss Lady mu myidagaduro yo muri Afurika, yaciye amarenga ko we n’umugabo we Shakib bari kwitegura umwana wabo wa mbere. Uyu mugore w’abana batanu, yatangaje ko we n’umugabo we baba bari kwitegura kwakira umwana wabo mu minsi iri imbere. Ubwo yageraga muri Tanzania mu munsi yashize, uyu […]

Minisitiri wa MIGEPROF yatanze umucyo ku ‘Nkwano’ itaritaweho mu itegeko rishya

Hari amwe mu masubyo ari mu mushinga w’itegeko rigenga abantu n’umuryango ryatanzwe na minisiteri y’uburinganire n’Iterambere ry’umuryango (MIGEPROF), bimwe mu bibazo byerekeranye n’ayo masubyo birimo n’ikirebana n’ Inkwano isabwa abagabo nyamara mu kugabana mu gihe habayeho gutandukana umushinga w’iryo tegeko ukaba utagaragaza ko iyi nkwano nayo izajya irebwaho. Minisitiri Dr Uwamariya Valentine ubwe yavuze ko […]

FARDC irigamba kuba hari abasirikare b’u Rwanda bayishyikirije

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyatangaje ko ngo hari abasirikare b’u Rwanda n’abarwanyi ba M23 bacyishyikirije kuri uyu wa Gatatu. Umuvugizi wa FARDC mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Guillaume Ndjike Kaiko ni we wabitangaje yifashishije urubuga rwe rwa X. Uyu yavuze ko abo basirikare avuga ko ari ab’u Rwanda n’abarwanyi […]

Mu myaka 30 ishize asaga miliyari 417 Frw yashyizwe muri gahunda zo gufasha abarokotse Jenoside

Nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi , abayirokotse basigaranye ibikomere byo ku mubiri ndetse no ku mutima ku buryo Leta yanzuye mu gushyira imbaraga mu komora ibyo bikomere. Mu rwego rwo kurushaho kubafasha kugarura icyizere, Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda zitandukanye zo kongera ubushobozi bw’abarokotse ku buryo kugeza ubu mu myaka 30 ishize izo gahunda zatwaye […]

Abafana ba TP Mazembe bigaragambije bamagana Minisitiri w’imari

Abafana ba TP Mazembe yo muri Congo bandikanye ibaruwa uburakari maze bayohereza Minisitiri w’imari, Nicolas Kazadi bamusaba guha ikipe yabo amafaranga igihugu cyemerera ikipe yasohokeye Igihugu. Ubusanzwe ikipe yasohokeye Congo igira amafaranga ihabwa na Leta aho iyifashisha mu mikino yasurukiyemo igihugu. Ku wa Mbere tariki ya 25 Werurwe 2024, abafana ba TP Mazembe bandikiye Minisitiri […]

Gen. Tiani na Putin baganiriye uko bashimangira ubufatanye mu by’umutekano

Perezida w’inzibacyuho Gén. Abdourahamane Tiani wa Niger na Vladimir Putin w’u Burusiya, ku wa Kabiri bagiranye ikiganiro ku ngingo y’uko bashimangira ubufatanye bushya mu by’umutekano. Abakuru b’ibihugu byombi baganiriye kuri telefoni. Itangazo ryasomewe kuri Radiyo y’Igihugu ya Niger rivuga ko Général Tiani uyoboye iki gihugu kuva mu mwaka ushize ubwo yahirikaga ku butegetsi Mohamed Bazoum, […]

Israel irashinjwa kurasa ibisasu mu nkambi y’impunzi muri Gaza

Ibisasu bya Isiraheli byahitanye Abanyapalestine babiri mu burasirazuba bw’inkambi y’impunzi ya Bureij i Gaza rwagati ngo hatitawe kureba ko abasivili ari benshi. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abanyapalestine ‘Wafa’ bibitangaza , ngo ibi bisasu byakomerekeje abandi benshi mu burengerazuba bw’inkambi y’impunzi ya Nuseirat, no mu gace ko hagati y’akarere ka Gaza. Ni mu gihe intara ya Gaza, […]

Eddy Kenzo yavuze ku byo gukundana na Minisitiri

Umuhanzi ugezweho muri Uganda no hanze y’aho, Eddy Kenzo yagize icyo avuga ku makuru amaze iminsi amuvugwaho ko yaba ari mu rukundo na Minisitiri Phiona Nyamutooro. Hashize iminsi muri Uganda havugwa inkuru y’urukundo hagati ya Eddy Kenzo na Minisitiri Phiona Nyamutooro uherutse gushyirwa muri Guverinoma y’iki gihugu cyo mu Majyaruguru y’u Rwanda. Nyamutooro aherutse kugirwa […]

Rayon Sports iri kuganiriza Sefu uri mu bihano

Ikipe ya Rayon Sports igeze kure ibiganiro byo gusinyisha umukinnyi wo hagati Niyonzima Olivier Sefu wakiniraga Kiyovu Sports muri uyu mwaka w’imikino. Niyonzima Olivier Sefu uherutse guhagarikwa na Kiyovu Sports imikino itandatu, aravugwa muri Rayon Sports ishaka kwiyubaka mbere y’igihe isoko ritari ryazaho benshi. Rayon Sports irashaka undi mukinnyi wo hagati nyuma yo kubona ko […]

Taiwan yagerageje ibisasu byagenewe gusenya ibindi

Igisirikare cya Taiwan kuri uyu wa Kabiri, itariki 26 Werurwe 2024, cyakoze igerageza ry’ibisasu byagenewe gushwanyuriza ibindi mu kirere byo mu bwoko bwa misile ziswe Patriot zakorewe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Taiwan iravuga ko iryo gerageza rirushaho gukaza imyiteguro y’ingabo zayo mu gihe u Bushinwa bukomeje icyo yise ‘ubushotoranyi’ kuri icyo kirwa buvuga […]

Canada:Abihaye Imana bo muri Kiliziya Gatolika bahanganye n’ababashinja kubasambanya

Bamwe mu bakirisitu bo mu idini gatulika muri Canada by’umwihariko mu mujyi wa Quebec, barashinja bamwe mu bayobozi b’iri dini ko babakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina. Mu rwego rwo kugaragaza akababaro kabo rero, aba bavuga ko bahohotewe, babyukiye mu myigaragambyo barikumwe n’inshuti zabo ndetse n’ababunganira mu mategeko bamagana akarengane bavuga ko bakorewe nabo bayobozi. Muri […]

Kigali Pele Stadium igiye gushyirwa ku rwego rwo kwakira CAN

Minisiteri ya siporo mu Rwanda ‘Minisports’ itangaza ko Pele Stadium yitiriwe umunyabigwi ukomoka muri Brazil, igiye kubakwa bundi bushya aho izashyirwa ku rwego rwo kwakira n’igikombe cya Afurika. Mu bijyanye n’ibikorwa bya siporo by’umwihariko amastade y’umupira w’amaguru, Minisiteri ivuga ko igiye kubaka sitade esheshatu zizaza zunganira sitade amahoro igeze ku musozo. Stade Amahoro iri kigero […]

M23 yazindukiye ku muriro wa FARDC/WAZALENDO i Sake

Ingabo za Leta ya Congo zifatanyije n’urubyiruko ruzwi ku izina rya ‘WAZALENDO’ baramukiye mu ntambara bagabye ku mutwe wa M23 mu rwego rwo kugerageza gukura uwo mutwe mu misozi ikikije umujyi wa Sake kugira ngo bafungure umuhanda wa Sake – Minova. Amakuru aturuka ku mirongo y’uru rugamba aravuga ko iyo mirwano yatangiye kuva mu rukerera […]

Nyaruguru: Umugabo akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we amukubise ifuni mu mutwe

9ce70338-be2f-4538-8730-3a1af85c2b4a.jpg

Umugabo witwa Rwakanagisi Nepomuscene w’imyaka 63, utuye mu mudugudu wa Banga, akagari ka Mpanda, umurenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we, witwa Mukeshimana Jeanne w’imyaka 38, basezeranye mu buryo bwemewe n’amategeko, amukubise ifuni mu mutwe. Aya mahano yabaye mu ijoro ryo kuwa 25 rishyira uwa 26 Werurwe 2024. Bwiza.com yagiye […]

Perezida Ndayishimiye yasabye abongereza kumwubakira umuhanda wa Gari ya Moshi

434169481_932905792178228_2733073451533645895_n.jpg

Umukuru w’Igihugu cy’u Burundi, Perezida Ndayishimiye Evariste yakiriye abashoramari bakomoka mu Bwongereza bazanwe na Saido Berahino na Constantin Mutima bakomoka mu Burundi. Mu minsi yashize nibwo Saido Berahino na Constantin Mutima bagarutse mu gihugu bazanye n’abashoramari 4 bakomoka mu Bwongereza. Aba bashoramari bazanwe no gushora imari mu bikorwa by’iterambere mu Burundi bahuye na Perezida Ndayishimiye […]

‘Hagati ya Mutarama na Gashyantare impanuka zatwaye ubuzima bw’abantu 19’ Police

Amakuru aturuka muri Polisi y’igihugu y’u Rwanda (RNP) yerekana ko abantu bagera kuri 19 basize ubuzima mu mpanuka zabaye hagati ya Gashyantare na Mutarama. Nk’uko byatangajwe na RNP, ngo impanuka 89 zo mu muhanda zanditswe hagati ya Mutarama na Gashyantare, 16 muri zo zikaba zaratewe n’abakora tagisi batitonze. Imibare ya polisi ishinzwe umutekano wo mu […]

Uganda:Abakozi bose ba Leta bategetswe gukora sports buri Cyumweru

Abakozi bose ba Leta muri Uganda bategetswe kujya bakora sports buri Cyumweru nyuma y’uko bigaragaye ko barimo guhura n’ibibazo by’ubuzima. Ni amabwiriza Leta ya Uganda yasabye binyujijwe mu ibaruwa yagenewe ibigo byose bya Leta ko bigomba kujya bihwitura abakozi bose kwitabira sports. Lucy Nakyobe, umukuru w’abakozi ba leta, ari nawe wanditse iyi baruwa yavuze ko […]

Kagame yishimiye intsinzi ya Diomaye Faye

Perezida Paul Kagame yashimiye Bassirou Diomaye Faye uheruka gutorerwa kuyobora Sénégal, amusezeranya ko yiteguye kumufasha gushimangira umubano usanzwe hagati y’igihugu cye n’u Rwanda. Umukuru w’Igihugu yamushimiye biciye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X yahoze yitwa Twitter. Ati: “Ndashimira byimazeyo Bassirou Diomaye Faye ku bwo gutorwa kwe nka Perezida wa Sénégal. Intsinzi yawe ni […]