APR FC yarekuye abakinnyi bane yiyongeza babiri

Ikipe ya APR FC yamaze gutangaza ko yatandukanye n’abakinnyi 4 bari basoje amasezerano yabo. Ku wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2024, nibwo APR FC yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi barimo myugariro Fitina Ombolenga. Abandi bakinnyi batandukanye na APR FC ni Ishimwe Christian, Bizimana Yannick na myugariro Rwabuhihi Placide. Nyuma y’uko aba batandukanye n’iyi kipe, APR […]
Ese byagenda bite umuntu ariye isombe idahiye neza? Dore akamaro kayo mu mubiri w’umuntu
Isombe ni ikiribwa cyo mu bwoko bw’imboga gikundwa cyane ,ibi bigaterwa n’intungamubiri nyinshi tuyisangamo bituma igirira umubiri wacu akamaro karimo gutuma umubyeyi abona amashereka ,kuvura indwara z’imirire mibi ,kondora uwari umaze iminsi arwaye n’ibindi. Mu guteka isombe bisaba ko hongerwamo ibirungo bitandukanye kugira ngo irusheho kuryoha no kugira intungamubiri nyinshi. Isombe kandi bisaba ko itekwa […]
Kinshasa: Abaregwa gushaka guhirika ubutegetsi bagize icyo basaba mbere y’urubanza mu mizi
Kuri uyu wa Kabiri ushize mu iburanisha ryabereye muri Gereza ya Gisirikare ya Ndolo ryerekeranye n’igitero cyo ku ya 19 Gicurasi cyagabwe ku rugo rwa Vital Kamerhe no ku ngoro y’umukuru w’igihugu i Kinshasa, impaka zibanze ku nyandiko zanditse zatanzwe n’ababuranyi, zivuga muri make ku kwiregura kwabo n’uburenganzira bemererwa n’amategeko. Umushinjacyaha kandi yasubije inzitizi zitandukanye […]
Nyamasheke: Uko Padiri Mategeko Aimé yageze i Shangi n’uruhare rwe muri Jenoside
Padiri Mategeko Amatus ( AimĂ©) ufungiye mu Igororero rya Mpanga, Akarere ka Nyanza mu majyepfo y’igihugu, wakatiwe burundu n’inkiko gacaca kubera uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi kuri Kiliziya Gatolika ya Shangi, Akarere ka Nyamasheke. Akunda kugarukwaho cyane n’abaharokokeye, akaba yaranavuzwe cyane ubwo hibukwaga ku nshuro ya 30 Abatutsi bahiciwe muri Jenoside. Bwiza.com yashatse kumenya […]
Justin Timberlake yatawe muri yombi azira gutwara imodoka yasinze
Umuhanzi w’icyamamare Justin Timberlake yatawe muri yombi mu Mujyi wa New York, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imodoka yasinze. Mu gitondo cyo kuwa Kabiri tariki ya 18 Kamena 2024 nibwo Justin Timberlake yafatiwe ku kirwa kitwa Long Island muri New York kizwiho kuba isango y’ibyamamare mu gihe cy’impeshyi. Nyuma yaje […]
Polisi yarashe ibisambo bitanu byari byarayogoje abaturage hasigara 37 bagishakishwa
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, abapolisi ba Migori muri Kenya barashe abantu batanu bakekwaho kuba mu gatsiko k’ibisambo nyuma yo kubashakisha iminsi. Amakuru aturuka muri polisi, avuga ko aba bakekwa kuba bari inyuma y’ibyaha byinshi muri Migori no mu ntara zituranye kandi ko bari mu itsinda ry’abantu 42 bahigwa. Ben Aliwa, umuyobozi mukuru […]
Rayon Sports yasezereye abakozi 8 bayishyize ku gasongero

Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yatangaje ko yamaze gutandukana n’abakinnyi umunani basoje amasezerano nyuma yo kuyifasha kwegukana shampiyona n’igikombe cy’Amahoro mu mwaka wa mbere bazamutse. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Kamena 2024 nibwo Rayon Sports yatangaje ko yatandukanye n’abari abakozi bayo barimo abakinnyi ndetse n’abari bari muri komite nyobozi yayo. Abakinnyi barekuwe n’iyi […]
Tshisekedi arimo kubarizwa muri Afurika y’Epfo ku butumire bwa Ramaphosa
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri Perezida FĂ©lix Tshisekedi yageze muri Afurika y’Epfo aho yitabiriye umuhango wirahira rya mugenzi we Ramapfoza riteganyijwe , kuri uyu wa gatatu, tariki ya 19 Kamena i Pretoria. Uyu munyapolitiki wari umaze imyaka itanu ayobora Afurika y’Epfo atowe nyuma y’amasaha make ANC (African National Congress) yihuje na DA (Democratic […]
Museveni na Kagame bari kumwe natwe twafata Kinshasa mu mezi 2: Bisimwa
Umuhuzabikorwa wungirije w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo umutwe wa M23, Bertrand Bushinwa, avuga ko Perezida Paul Kagame na Yoweri Museveni babaye babafasha nk’uko Leta ya RDC n’abayoshyigikiye babivuga; ubutegetsi bw’i Kinshasa bwakurwaho mu mezi abiri gusa. Bisimwa yabitangaje mu mpera z’umwaka ushize, ubwo yari i Bunagana mu kiganiro cyahuje cyahuje ubuyobozi bwa M23 n’abanyamakuru. Uyu […]
Umuntu wa kabiri wimwe ubuhungiro mu Bwongereza yaba yarageze mu Rwanda bucece
Umuntu wa kabiri wasabaga ubuhungiro utarabwemerewe yishyuwe ÂŁ 3000 yo kwimurirwa mu Rwanda ku bushake mu gihe undi azakurikira muri iki cyumweru. Umwimukira utavuzwe izina yasabye ubuhungiro banga kubumuha none yavuye mu Bwongereza azanwa mu Rwanda mu ndege y’ubucuruzi mu minsi ishize. Ni ku nshuro ya kabiri gusa guverinoma yimuriye uwasabye ubuhungiro ntabuhabwe mu gihugu […]
Abashinzwe umutekano b’Ubushinwa binjiye mu bwato bwa Filipine
Ingabo za Filipine zavuze ko abashinzwe umutekano ku nkombe z’Ubushinwa binjiye mu bwato bwa Filipine Navy, nyuma yaho mu ntangiriro z’iki cyumweru ubwato bw’Ubushinwa bwagonganye n’ubwato bwa Filipine mu nyanja y’Ubushinwa, aho umwe mu basare babwo yakomeretse. Ingabo zivuga kandi ko abahagarariye Ubushinwa na bo bafashe intwaro muri bumwe mu bwato bwa Filipine. Rear Admiral […]
Burkina Faso: Abasirikare ba Mali n’abacanshuro b’Abarusiya bageze i Ouagadougou
Abasirikare ba Mali n’abacanshuro b’Abarusiya ba Wagner bageze i Ouagadougou, ahakomeje kugaragara urujijo nyuma y’igitero cyagabwe kuri Mansila ku wa kabiri ushize, itariki ya 11 Kamena, aho abasirikare barenga ijana ba Burkina Faso bishwe ndetse bamwe bajyanwa bugwate n’abajihadiste ba Jnim (Groupe de support Ă l’Insurance) , ifitanye isano na al-Qaeda) . Nyuma y’ubwo bwicanyi, […]
Sosiyete sivili yashyize ahabona imibare ya Wazalendo baherutse kwicwa na FARDC
Imirwano ya Wazalendo na FARDC, yaguyemo abagera kuri batandatu mu ntangiro z’iki Cyumweru.Sosiyete sivile yo muri Beni ivuga ko aba barwanyi ba Wazalendo bagabye igitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za FARDC maze hapfa abagera kuri batandatu. Sosiyete sivile yo muri aka gace ikomeza ivuga ko nta mibare y’ingabo za FARDC izwi muri iri rasana iratangazwa […]
Ruhango: Umunyeshuri wimwe uruhushya yapfuye bitunguranye

Mu mpera z’icyumweru gishize mu karere ka Ruhango mu murenge wa Bweramana mu ishuri rya Gitisi TSS humvikanye urupfu rutunguranye rw’umunyeshuri w’umukobwa wapfuye nyuma yo kwimwa uruhushya n’ubuyobozi bw’ishuri. Ibereho Hosiana w’imyaka 18 niwe witabye Imana mu mpera z’icyumweru gishize nyuma yo gufatwa n’uburwayi akaza kwimwa uruhushya rwo kujya kwivuza nk’uko byemezwa n’abanyeshuri bagenzi be. […]
U Rwanda rukeneye miliyari 1,5 $ kugirango ruzageze amashanyarazi kuri bose mu 2029
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu (REG) kiravuga ko igihugu gikeneye miliyari 1.5 z’amadolari kugira ngo kigeze amashanyarazi mu gihugu hose mu 2029 nyuma yo kutagera ku ntego cyari kihaye yo kuba byakozwe muri uyu mwaka wa 2024. Kugeza ubu, intego yagezweho ku rugero rwa 77.7 ku ijana, bivuye kuri 34.4 ku ijana muri 2017 hashingiwe kuri […]
Tchad: Inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’amasasu yakangaranyije Ndjamena
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, i Ndjamena, inkongi y’umuriro yibasiye ububiko bw’amasasu ya gisirikare. Guturika kwinshi kwayo kumvikanye kugera mu bilometero byinshi uvuye kuri depo mu karere ka Goudji, hafi y’ikibuga cyindege cy’umurwa mukuru wa Tchad . “Twabonye ikirere gihinduka umutuku. Twumvise iturika rihambaye cyane, ku buryo twumvaga biri munsi y’ibirenge byacu, ”ibi […]
Kenya: Ba komanda bo muri Haiti baje kwirebera aho Gahunda yo kuboherereza abapolisi 1000 igeze
Ku wa kabiri, itsinda ry’abayobozi ba polisi bo muri Hayiti bahuye n’umuyobozi mukuru wa polisi ya Kenya ngo bakurikirane aho gahunda yo kuboherereza abapolisi igeze. Kenya yiteguye kuyobora ubutumwa bw’umuryango w’abibumbye ku bufatanye n’abapolisi baturutse mu bihugu bitandukanye kugira ngo barwanye ihohoterwa ry’agatsiko muri Haiti kahitanye ibihumbi n’ibihumbi abandi barenga 360.000 bakaba barahunze ingo zabo. […]
Nihagira ikipe itsinda nziyahura: Mvukiyehe Juvenal
Nyuma y’uko kimite nyobozi ya Kiyovu Sports ifatiye ibihano uwahoze ayiyobora, Mvukiyehe Juvenal, byo kumwambura ubunyamuryango muri iyi kipe, uyu mugabo yagize icyo abivugaho. Ku wa 3 Kamena 2024 nibwo ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwashyize hanze ibaruwa butangaza ko buhagaritse Mvukiyehe Juvenal kubere amwe mu makosa yabangamiye ikipe. Icyo gihe ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwagize […]
RDC: Minisitiri wa mbere yeguye nyuma y’icyumweru kimwe arahiye
StĂ©phanie Mbombo Muamba wari umwe mu baminisitiri bagize Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yeguye ku mirimo ye nyuma y’icyumweru kimwe arahiye. Muamba yari asanzwe ari Minisitiri uhagarariye Minisitiri w’Ibidukikije n’Iterambere Rirambye, akaba yari ashinzwe kubungabunga ubukungu bushingiye ku bidukikije. Ku wa 29 Gicurasi ni bwo yari yahawe izo nshingano na Perezida FĂ©lix Antoine […]
Burera: Akarere katashye ibiro bishya byatwaye miliyari 3
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Kamena, Akarere ka Burera katashye ku mugaragaro inyubako nshya kazajya gakoreramo, kuzuye gatanzweho agera kuri miliyari 3 Frw. Abanyaburera bavuze ko ibiro bishya by’akarere bubakiwe byatashwe ku mugaragaro, babyitezeho n’imitangire myiza ya serivisi. Inyubako nshya y’Ibiro by’Akarere ka Burera igeretse gatatu, igizwe n’ibyumba byo gukoreramo 48. Yubatswe mu buryo […]
Kenya: Imyigaragambyo yatumye Leta yisubira ku misoro yagombaga kuzamurwa
Leta ya Kenya, yahagaritse gahunda yo kuzamura imisoro n’amahoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe nkenerwa bya buri munsi. Mu byari kuzamurirwa umusoro, harimo amavuta n’isukari. Ikindi cyari cyaraje ishinga abaturage n’uburyo umusoro w’ivunjisha wari kuzamurwa ku kigero cya 16%. Ni mu gihe amatagisi akoreshwa mu kazi imisoro yari kwiyongeraho kugera ku bice 2.5 % nayo […]
Hategujwe impinduka mu mikoreshereze y’ikinyarwanda mu itangazamakuru
Nyuma y’aho umukuru w’Igihugu anengeye imikoreshereze y’ikinyarwanda itanoze mu bitangazamakuru bimwe, Urwego rw’itangazamakuru rwigenzura RMC, ruvuga ko hari politiki z’itangazamakuru zigiye guhinduka. Ni nyuma y’uko kenshi abanyamakuru cyane cyane abakoresha amajwi, amashusho n’inyandiko, bakunze gushinjwa kwangiza nkana ururimi rw’Ikinyarwanda. Cyane cyane abagikoresha bakivangiramo indimi z’amahanga ndetse n’amagambo mahimbano atazwi neza inkomoko yayo azwi nka Slang, […]