M23 yafashe Umujyi wa Bukavu itarwanye

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wigaruriye Umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuwirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta RDC nta mirwano ibayeho. Mu masaha ashyira umugoroba wo kuri uyu wa Gatanu ni bwo inyeshyamba za M23 zinjiye muri uyu mujyi. Byari nyuma yo kwigarurira uduce turimo Kabamba, Katana ndetse […]

Ifatwa rya Kavumu ryatumye Tshisekedi ava mu Budage igitaraganya

Perezida F茅lix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashe icyemezo cyo kuva mu Budage igitaraganya, mu gihe intambara mu burasirazuba bw’igihugu cye ikomeje guca ibintu. Tshisekedi kuva ku wa Kane tariki ya 13 Gashyantare yari i M眉nich mu Budage, aho yari yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku mutekano. Jeune Afrique yanditse ko Perezida wa […]

Urukiko rwategetse ko Musenyeri Mugisha Samuel afungwa iminsi 30 y鈥檃gateganyo

Urukiko rw鈥橧banze rwa Muhoza, mu Karere ka Musanze rwategetse ko Dr Musenyeri Mugiraneza Samuel wahoze ayobora Diyosezi ya Shyira mu Itorero Angilikani afungwa iminsi 30 y鈥檃gateganyo. Urukiko rwavuze ko hari impamvu zikomeye zituma agomba gukurikiranwa afunze cyane ko ibyaha akekwaho bihanishwa ibihano birenze imyaka ibiri y鈥檌gifungo. Musenyeri Mugisha ntiyari mu cyumba cy鈥檌buranisha, ariko abagize umuryango […]

M23 yigaruriye ikibuga cy’indege cya Kavumu

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare, watangaje ko wigaruriye ikibuga cy’indege cya Kavumu giherereye i Bukavu mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Uyu mutwe wemeje ayo makuru biciye mu muvugizi wawo mu bya Politiki, Lawrence Kanyuka. Yanditse ku rubuga rwe rwa X ati: “Nk’uko twakunze kubishimangira, twakemuye ikibazo tugisanze aho gituruka. […]

Papa Francis yajyanwe mu bitaro i Roma

Papa Francis yajyanwe mu bitaro i Roma kuri wa Gatanu, ubwo aho aravurirwa indwara ya bronchitis ikomeje kumurembya. Vatikani yongeyeho ko uyu mukambwe w’imyaka 88 yinjiye mu bitaro nyuma yo kwakira abantu mu gitondo. Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, byatangaje ko Papa Francis muri iyi minsi ishize afite ibibazo byo guhumeka neza ku buryo abandi bayobozi […]

FARDC n’abarimo Ingabo z’u Burundi bahunze ikibuga cy’indege cya Kavumu

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare ryakwiye imishwaro rihunga ikibuga cy’indege cya Kavumu cy’i Bukavu. Amashusho ari gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga yerekana ingabo zari zirinze kiriya kibuga ziri kugita, amakuru akavuga ko ziri kwerekeza mu mujyi wa Bukavu. Ikibuga cy’indege cya Kavumu kirinzwe […]

Ikipe yo mu Bubiligi yikuye muri Tour du Rwanda

Ikipe y鈥檃magare ya Soudar Quick-Step Cycling Team yo mu Bubiligi yatangaje ko itazitabira irushanwa ngarukamwaka rya Tour du Rwanda rigiye kuba muri uyu mwaka wa 2025. Iyi kipe yaje gufata iki cyemezo nyuma yo kubona ko intambara iri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC) iteye impungenge ku mutekano w鈥檃bakinnyi n鈥檃batoza bayo. Soudar Quick-Step Cycling […]

Filime 7 zo kureba kuri Saint Valentin

Buri tariki ya 14 Gashyantare, urukundo ruba ari rwo ruganje, abantu bakishimira uwo munsi ku buryo butandukanye. Bamwe bategura ibirori cyangwa amafunguro yihariye, mu gihe abandi bahitamo kwishimira umunsi bari mu rugo bareba filime nziza. Dore filime 7 zagufasha kwizihiza Saint Valentin mu buryo bwihariye: 1. Me Before You Iyi filime ivuga inkuru ya Louisa, […]

Inkomoko y鈥橴munsi wa Saint Valentin n鈥橧myemerere y鈥橴busambanyi bw’Abaroma

Tariki ya 14 Gashyantare聽ni umunsi wa Saint Valentin聽uzwi nk鈥檜w鈥檃bakundana. Ukomoka ku migenzo ya Kiliziya Gatolika, ariko mbere yaho, wari ushingiye ku myemerere y鈥橝baroma ba kera, aho bizihizaga ibirori bya Lupercalia聽iminsi mikuru yari ifitanye isano n鈥檜busambanyi n鈥檌mihango y鈥檌dini gakondo. Lupercalia: Ibirori byari bifitanye isano n鈥檜busambanyi Kuva tariki ya 13 kugeza ku ya 15 Gashyantare, Abaroma ba […]

Umuhungu wa Ingabire yaherukaga mu myaka 15 ishize yaje kumusura mu Rwanda

Umuhungu wa Ingabire Victoire, Umuyobozi w’ishyaka Dalfa-Umurinzi ritemerewe gukorera mu Rwanda, yaherukaga mu myaka 15 ishize yaje kumusura mu Rwanda ari kumwe n’umugore we ndetse n’umuryango we baturutse mu Buholandi. Mu butumwa yanyujije kuri X kuri uyu wa Gatanu, Ingabire Victoire yagize ati: “Nshimishijwe no kongera kubona ubuheta bwanjye, nyuma y’imyaka 15 tutabonana. Aje kunsura […]

Perezida Louren莽o yasabye Tshisekedi kurenga umurongo utukura yihaye

Perezida Jo茫o Louren莽o wa Angola, yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo igomba kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23 kugira ngo amahoro agaruke mu burasirazuba bwa kiriya gihugu. Hari mu kiganiro Perezida wa Angola aheruka kugirana n’ikinyamakuru Jeune Afrique. Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo umaze igihe yarinangiye kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23 wakunze kuyisaba […]

Gasabo: Urukiko rwaburanishije umwana w’umukozi wishe undi w’imyaka 2 yareraga

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo umwana w鈥檜mukozi ufite imyaka 15 y鈥檃mavuko wishe umwana muto w鈥檌myaka ibiri wo mu rugo yakoragamo amuhoye ko yiyanduje.聽 Ibyo byabaye ku itariki ya 08 Ukuboza 2024, ubwo uwo mwana w鈥檜muhungu yanigaga umwana abakoresha be bari bamusigiye, bimuviramo urupfu nk’uko bitangazwa n’Ubushinjacyaha Bukuru. Uregwa yaburanye yemera icyaha asobanura ko […]

Trump yasubije TikTok kuri Apple na Google App Store

Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok rwongeye kuboneka kuri Apple na Google App Store, nyuma y鈥檜kwezi rusibwe kubera itegeko rishya ry鈥檜mutekano ryatumye ruhagarikwa. Urubuga rw鈥橝bashinwa TikTok rukoreshwa cyane mu gusangiza amashusho magufi rwagize ibyago byo guhagarikwa burundu muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera impungenge z鈥檜mutekano w鈥檃makuru y鈥檃barukoresha. Ku wa 18 Mutarama, TikTok yakuwe mu maduka ya […]

Ubwato butwara indege z’indwanyi bwa Amerika bwagonganye n’ubwato bw’ubucuruzi

Kuri uyu wa Kane, itariki 13 Gashyantare 2025, Igisirikare cya Amerika cyavuze ko ubwato bugwaho indege z’indwanyi bw’Ingabo zirwanira mu mazi bwagonganye n鈥檜bwato bw鈥檃bacuruzi hafi ya Misiri, aho bivugwa ko nubwo ubu bwato bwa Amerika bukoresha ingufu za nikeleyeri bumeze neza kandi nta wakomeretse. Kugeza ubu igisirikare cya Amerika gifite amato nk’aya atwara indege 11 […]

Ba Musenyeri bo muri RDC nyuma yo guhura na AFC/M23, bakiriwe na Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame ku wa Kane yakiriye mu biro bye ba Musenyeri bagize Inama Nkuru y’Abepiskopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (CENCO). Iyi nama mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko uruzinduko bagendereyemo Umukuru w’Igihugu rwari mu rwego rw’”igihango cy’amahoro no kubana neza muri RDC”, ndetse no gusohora igihugu mu bibazo […]

EU: Abadepite basabiye ibihano abarimo ba Gen. Ruvusha na Karusisi

Abadepite bo mu Muryango w鈥橴bumwe bw鈥檌bihugu by’u Burayi basabye inama nkuru y鈥檜yu muryango gukaza ibihano ku bagaba b鈥檌ngabo bakuru ba M23, abayobozi b鈥檌ndi mitwe yitwaje intwaro, cyo kimwe na bamwe mu bagaba b鈥檌ngabo ba Congo n’abasirikare bakuru b’u Rwanda. Inteko Nshingamategeko y鈥橴muryango w鈥橴bumwe bw鈥檜 Burayi kandi yasabye ko amasezerano uyu muryango uheruka kugirana n鈥檜 Rwanda […]

Ibyo mwize bizatanga umusaruro witezwe ari uko mwabikurikije uko bikwiye – DIGP Ujeneza

Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y鈥檜 Rwanda (DIGP) ushinzwe ubutegetsi n’abakozi, DCG Jeanne Chantal Ujeneza yabigarutseho kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gashyantare 2025, mu butumwa yagejeje ku bapolisi basoje amahugurwa yerekeranye no gutwara amapikipiki mu bihe by鈥檜butabazi (Motorcycle driving in emergency situations course), abasaba kuzakoresha neza ubumenyi bayungukiyemo kugira ngo abashe kugera ku […]