Museveni yashimagije Gen. Muhoozi

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yashimagije imfura ye akanaba Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ubwo yamwifurizaga isabukuru nziza y’amavuko. Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2026, ni bwo Gen. Muhoozi yizihije isabukuru y’imyaka 52 y’amavuko. Museveni abinyujije ku rubuga rwe rwa X, yavuze ko ashima Imana kuba we n’umugore […]
U Bubiligi bwavuze ku makuru avuga ko buri guha u Burundi intwaro zo kwifashisha gutera u RwandaÂ

Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bubiligi akanaba Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Maxime PrĂ©vot, yigaramye amakuru avuga ko igihugu cye kimaze igihe giha u Burundi intwaro zo kwifashisha mu mugambi wo gutera u Rwanda. PrĂ©vot abinyujije ku rubuga rwe rwa X, ubwo yasubizaga umwe mu bakoresha urubuga rwa X niba koko igihugu cye n’u Burundi biri […]
U Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 317 batashye bava muri RDC

Kuri uyu wa Gatanu, ku mupaka munini wa La Corniche OSBP, u Rwanda rwakiriye abandi Banyarwanda 317 batashye bava muri RDC aho bakiriwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Nzabonimpa DĂ©ogratias. Mu butumwa yabahaye yababwiye ko gutaha bakava muri RDC bakaza mu gihugu cyabo ari intambwe ikomeye bateye mu rugendo batangiye rwo kwiteza […]
Goma: Umuyobozi wa MONUSCO yasabye guhagarika ibitero bya drones

Umuyobozi mushya wa MONUSCO, James Swan, yasabye kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Mata 2026, guhagarika ikoreshwa ry’indege zitagira abadereva mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. James Swan yatangarije ibi mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu ruzinduko rwe rwa mbere muri uyu mujyi ubarizwamo inzego zitandukanye z’umutwe wa […]
Agahenge muri Congo: inzira y’amahoro cyangwa igihe cyo kwitegura indi mirwano?

Mu gihe ibiganiro by’amahoro bikomeje hagati ya Leta ya Congo n’umutwe wa AFC/M23, ikibazo cy’iyubahirizwa ry’agahenge gikomeje guteza impaka no kwitana ba mwana ku mpande zombi. Nubwo hari intambwe zigaragara mu ruhando mpuzamahanga, ku rugamba ho haracyagaragara ibimenyetso by’uko aka gahenge gashobora gusenyuka igihe icyo ari cyo cyose. Mu minsi ishize, ibiganiro byahuje ubuyobozi bwa […]
Umuyobozi mushya wa MONUSCO yageze i Goma bwa mbere

Umuyobozi wa MONUSCO, Umunyamerika, James Swan, kuri uyu wa Gatanu, itariki ya 24 Mata 2026, mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru ugenzurwa n’inyeshyamba za AFC M23. Yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Goma mu gitondo cya kare nk’uko amakuru dukesha Kivu Morning Post avuga. Yageze i Goma nyuma yo kunyura Beni […]
Kwibuka Jenoside si inshingano z’u Rwanda gusa, ahubwo ni inshingano z’Isi yose – Lt. Col. Simon Kabera

Uyu munsi, ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza, Umuvugizi Wungirije w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Col Simon Kabera, yifatanyije n’abakozi ba Hoteli Kigali Marriott na Four Points by Sheraton Kigali mu gikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho yashimangiye ko kwibuka atari inshingano z’u Rwanda gusa ahubwo ari inshingano z’Isi yose. Mu ijambo rye, […]
Trump ntazatera Iran akoresheje intwaro kirimbuziÂ

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kitazigera gikoresha intwaro kirimbuzi mu gutera igihugu cya Iran, nubwo mbere yari yaravuze amagambo akomeye yerekeye gusenya burundu umuco n’ubuzima by’icyo gihugu. Ibi Trump yabivuze ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 23 Mata 2026, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye muri White […]
Minembwe: Drones za FARDC zibasiye Kaminuza ya Eben-Ezer na Radio Ngoma ya Amani

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo cyagabye ibitero bya bombe kuri Kaminuza Eben-Ezer (UEMI) y’I Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 22 Mata 2026. Amakuru aturuka aha hantu, ibitero bishya bya drones za FARDC byibasiye inyubako za Kaminuza ya Eben-Ezer ya Minembwe (UEMI), iya Radio Ngoma ya Amani […]
Gen. Makenga yasoje amahugurwa y’abayobozi mu bice bigenzurwa na AFC/M23

Umugaba Mukuru w’Ingabo za AFC/M23, GĂ©nĂ©ral-Major Sultani Makenga, ku wa Kane yayoboye umuhango ukomeye wo gusoza amahugurwa y’abayobozi mu nzego za politiki n’ubuyobozi bw’ibanze, yateguwe na AFC/M23, mu rwego rwo gukomeza gahunda yo kuvugurura no kongera kubaka inzego za Leta. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, aya mahugurwa ari mu “murongo udasubirwaho ugamije gushyiraho […]
Pretoria: Perezida Ramaphosa yahagaritse Umukuru w’Igipolisi ukurikiranweho ruswa

Nyuma y’uko General Fannie Masemola yitabye urukiko rw’i Pretoria mu ntangiriro z’iki cyumweru, kuri uyu wa Kane, itariki ya 23 Mata, Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yatangaje ko ahagaritswe “mu rwego rwo gukumira, kugeza igihe urubanza ruzarangirira” Iki cyemezo bivugwa ko cyari gitegerejwe muri Afurika y’Epfo, maze kuri uyu wa Kane ushize Perezida Cyril […]
U Rwanda rugiye kugira uruganda ruteranya imodoka z’amashanyarazi

Perezida Paul Kagame yakiriye Xu Hui, uyobora Sosiyete y’Ishoramari ya Rich Resource International Investments; Visi Perezida n’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya Chery Holding, zombi zo mu Bushinwa n’itsinda bari kumwe mu ruzinduko mu Rwanda. Umukuru w’Igihugu yakiriye Xu Hui ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 23 Mata 2026 nk’uko Ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byabitangaje. Mu […]
U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington

Intumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye mu nama ya gatanu y’akanama gashinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano amaze hafi umwaka asinywe n’ibihugu byombi. Iyo nama yabereye i Washington DC ku wa 23 Mata 2026, yanitabiriwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Qatar, Togo nk’umuhuza mu izina ry’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, […]