Masisi: Imirwano ikomeye yahuje AFC/M23 na FARDC yashakaga gufata Bitoy

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 12 Nzeri 2026, ahitwa i Bitoy, mu gace ka Butsike gaherereye muri ‘groupement’ ya Nyamaboko ya 1, mu Karere ka Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, hakomeje imirwano kuva mu gitondo hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’ingabo za Leta (FARDC) zifashijwe n’imitwe y’inyeshyamba ya Wazalendo. Iyi mirwano yakurikiye ifatwa ry’agace ka Mahanga […]
Gicumbi: Akurikiranweho gusambanya umukobwa we w’imyaka 19 ku gahato

Umugabo w’imyaka 42 y’amavuko utuye mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Nyamiyaga, Akagari ka Kabeza, yasabiwe n’Ubushinjacyaha gufungwa iminsi 30 y’agateganyo kubera icyaha cyo gukoresha umukobwa we imibonano mpuzabitsina ku gahato. Ni nyuma y’uko Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi buregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Gicumbi, uyu mugabo akekwaho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato […]