Intare yamushinze umukaka ku gikanu, atabarwa itaramuhorahoza-AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Umugabo ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza witwa Mike Hodge yariwe n’intare nyuma yo kwinjira aho iba akagerageza gukina nayo.

Mu mashusho ikinyamakuru The Sun kigaragaza, bigaragara KO uyu mugabo ari kugenda muri pariki ari kumwe n’ushinzwe gutembereza ba mukerarugendo basura pariki, gusa nyuma yo kumara igihe yirebera intare ndetse ayigenda inyuma, byaje kurangira imwigaranzuye iramwirukankana kugeza imushinze umukaka, ibi byabereye mu gace ka Makarele, muri Afurika y’Epfo.

Mike Hodge ari gukuriranwa n’abaganga mu bitaro biherereye muri Afurika y’Epfo nyuma yaho iyi ntare imwangije isura, Imana igakinga akaboko ntimwice.
Amakuru aturuka ku mufasha w’uyu mugabo wariwe n’intare, Chrissy ahamya ko umugabo we arimo kumererwa neza.

lion

lion1
Intare yamwanjamye
lionf
Mu bitaro aho ari guhabwa ubutabazi
lionn
Mike wari usize ubuzima bwe muri pariki ari kumwe n’umugore we
lionnnn
Intare yamusize akumbagurika irigendera

Kanda Subscribe kuri Bwiza TV ujye ubona videwo zigezweho z’ubuzima,imikino,imyidagaduro…

YouTube player

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *