Uburwayi bwa se wa Kanye West bukomeje kugira ingaruka  ku mubano  wabo bombi

Sangiza iyi nkuru

Umubano wa Kanye West na se umeze neza nyuma yaho uyu mubyeyi Ray Kanye abaganga bamusanganye kanseri  mu myanya myibarukiro y’abagabo( prostate cancer)

Abantu ba hafi kuri Kanye West batangarije TMZ ko ubu Kanye West n’umugore we Kim Kadarshian ndetse n’abana babo batatu bamuri hafi cyane aho arimo kuvurirwa mu bitaro byo mu mujyi wa Los Angeles.

Ubusanzwe Kanye West ntabwo akunda kuba ari hafi ya se wibera mu mujyi wa Chicago ndetse akaba yari yaratandukanye na nyina ubwo yari muto.

Kugeza ubu,nk’uko iyi nkuru ikomeza ibitangaza, Kanye West niwe wishyura buri kimwe cyose ngo uyu mubyeyi we avurwe dore ko ngo hari icyizere ko azakira.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *