Dr Frank Habineza yagabiwe n’Abanyaburera kubwo kumwishimira

Sangiza iyi nkuru

Ku munsi ubanziriza uwa nyuma wo kwiyamamaza kw’Ishyaka Riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije (DGPR, iki gikorwa cyakorewe mu Ntara y’Amajyaruguru, MU Turere dutatu.

Mu gihe igikorwa cyo kwiyamamaza cyaberaga mu karere ka Burera mu gasantere ka Gahunga, mu barwanashyaka ba Green Party bahavuka banahatuye, habonetse abagaragaje ko bifuza guha impano umuyobozi wabo, Dr Frank Habineza.

No mu mwaka ushize wa 2017 ubwo Frank Habineza yiyamamarizaga kuba Perezida wa Repubulika, Gahunga na Cyanika hombi ho muri Burera, ni hamwe mu hantu habonetse ibihumbi byinshi by’abari baje kumushyigikira.

Abamuhaye impano kuri uyu wa 31/08/2018, mu bushobozi bwabo bamugeneye igitoki gitubutse, hamwe n’iitungo ry’inkoko.

Uko byari byifashe

 

AMAFOTO

21

23

20

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *