Rihanna yanze kwitabira igitaramo  agira ngo arwane ku birabura

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzikazi  Rihanna yanze kwitabira igitaramo kizatangiza Shampiyona Y’Umupira w’Amaguru (NFL) cyitwa Super Bowl III  kubera ihohoterwa rikorerwa abirabura muri Amerika.

Ikinyamakuru US Weekly gitangaza ko Rihanna yari yasabwe kuzaririmba mu gitaramo kizabera Atlanta gusa  ngo ntazitabira kubera ibyabaye kuri Colli kaepernick wapfukamye ubwo harirmbwaga indirimbo yubahiriza igihugu nk’ikimenyetso cyo kurwanya ihohoterwa rikorerwa abirabura.

colin kaepernick grievance

Kaepernick ubwo yigaragambyaga arwanya ihohoterwa rikorerwa abirabura

Biravugwako Maroon 5 ari we wahise ahabwa umwanya wa Rihanna kandi ko abandi barimo Kendrick Lamar, Christine Aguilera na Cardi B bazaba bahabaye.

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Kugeza ubu Rihanna ntaratangaza impamvu nyamUkuru yamuteye kureka igitaramo gikomeye. Nyamara bivugwa ko Kaepernick asanzwe ari umwe mu bashyigikira uyu muhanzi kandi ntarye n’umunwa mu ruhame kuko avuga iyo Rihanna yinjiye mu gitaramo buri wese abyumva.

 

 

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *