Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi aho yasesekaye kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Mata 2016 ku butumire bwa mugenzi we w’u Rwanda, aho yaje mu rwego rwo kwifatanya n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko akaba yabanje afatanyije na perezida Kagame gufungura ibiro bya gasutamo ihuriweho n’ibihugu byombi ndetse n’ikiraro gihuza Tanzania n’u Rwanda.
Dore ibihe perezida Magufuli yagiriye mu Rwanda mu mafoto:

Uko perezida Kagame yakiriwe ku ruhande rwa Tanzania











Hakurikiyeho gufungura Ibiro bya gasutamo ihuriweho na Tanzania n’u Rwanda






Andi mafoto



























Â
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Src: Village Urugwiro
Bwiza.com


