Mu gihe mu Rwanda kuri uyu wa 07 Mata 2016batangiye iminsi 100 yo kwibuka inzirakarenganze zishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, Abanyarwanda batuye mu Bubiligi barangajwe imbere na ambasaderi Olivier Nduhungirehe nabo bafatanyije n’inshuti z’Ababiligi bakoze igikorwa cyo kwibuka cyanitabiriwe n’uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Louis Michel ari nawe se wa Charles Michel, Minisitiri w’Intebe w’u Bubiligi kuri ubu.
Reba Amafoto:

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Bwiza.com











