Perezida Kagame yakiriwe na Tshisekedi ndetse bakorana inama na mugenzi wabo wa Angola – Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, uri I Kinshasa, aho yitabiriye imihango y’ishyingurwa rya Etienne Tshisekedi, yakiriwe na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na madamu we, ndetse agirana ibiganiro na bagenzi be ba Congo na Angola.

D75ZpdgXUAE08X6
Perezida Kagame aganira na mugenzi we, Tshisekedi na madamu we

Iyi nama y’abakuru b’ibihugu bitatu; Paul Kagame w’u Rwanda, Felix Tshisekedi wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, na joao Lourenco wa Angola, yabaye ku isaha ya saa tanu n’igice ku isaha yo muri Congo.

D74 3DPWwAAPYn5

D75W80EXoAArXXh
Perezida Kagame, Tshisekedi na Joao Lourenco bagana aho bakoreye inama

Amakuru ahari aravuga ko iyi nama yagombaga kuganirirwamo ibibazo by’umutekano n’ubukungu. Hagati aho hategerejwe itangazo rihuriweho rivuga ku byaganiriwe birambuye.

D75Zpd6XsAE3vvV D75ZpdIXYAE a5e

D7492oJWwAAvImI

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *