Yarababaye nyuma yo kugenda amasaha 6 agiye gusambana n’umusore wamubwiraga ko afite igitsina kinini

Sangiza iyi nkuru

Umugore witwa @karma_Dr1 kuri Twitter atangaza ko yababajwe no gukora urugendo rw’amasha 6 agiye gusambana n’umusore wamubwiraga ko afite igitsina kinini ariko agasanga amara iminota irindwi, ubundi agahita arangiza.

Uyu mugore yanyarukiye ku rukuta rwe rwa twitter agira ati “  Namenyanye n’umusore wigambaga kugira igitsina kinini. Nakoze urugendo rw’amasaha atandatu ngira ngo duhure dukore imibonano mpuzabitsina. Nababajwe n’uko atarenza iminota irindwi.”

bb

Mu kumusubiza, bamwe mu bamukurikira bamubwiye ko yihangana mu gihe abandi bamukwena.

Uwitwa RIP Prof. Pius Adesanmi yagize ati “  Ahubwo uri umunyamahirwe. Bamwe ntiturenza iminota itatu. Niba utaranyuzwe n’iminota yamaze, uzamuhe icyabasha kumufasha.”

Undi ati “ Ahubwo uwo ni agatangaza, umukino w’iteramakofe w’abanyamwuga umara iminota 4, none wowe mwamaze iminota irindwi. Ubutaha uzamuhe umushahara.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Uyu mugore wijujutira igihe akabariro kamaze si we wenyine kuko na hano mu Rwanda iki kibazo gikomeje kuba agaterera nzamba. Bamwe mu bagore bashinja abagabo babo kubapfubya mu byo bakunze kwita kubipa.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *