Uncle Austin yavuze uwa kwambarira AMAG agereranyije n’uwa à–zil

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Luwano Tosh uzwi nka Uncle Austin atangaza ko AMAG The Black yakwambarirwa na Perezida wa ASITAMORWA aramutse yongeye gukora ubukwe amugereranya na à–zil wambariwe na Perezida wa Turukiya.

Umukinnyi wa Arsenal, Mezut à–zil aherutse gukoresha ubukwe ariko yari yambariwe na Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan n’Umufasha we.

Mu kiganiro kuri Radiyo Kiss FM ku mugoroba wo kuwa 10 Kamena 2019, Uncle Austin mu gutanga igitekerezo cye kuri iyi ngingo, yavuze ko abasitari barutanwa ariko nk’umuraperi AMAG The Black yongeye gukora ubukwe yakwambarirwa n’umuyobozi wa koperative y’abamotari.

Ati “ Eeeeh, burya abasitari bararutanwa, wasanga nka Amag yongeye gukora ubukwe yakwambarirwa na Perezida wa ASITAMORWA.”

arton42149 0459f
Perezida wa Turukiya, Tayyip Erdogan mu birori bya à–zil 

N’ubwo à–zil yambariwe na Perezida Tayyip, byamukuririye abanzi batari bacye iwabo mu Budage. Ku rundi ruhande, ibindi byamamare byakuriye ingofero uyu musore ku bwo kwambarirwa na Perezida.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Bwiza.com yagerageje kuvugisha AMAG The Black ngo agire icyo atubwira kuri iyi ngingo ariko ntibyadukundira.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *