Nitwa Jacques Nikwigize (amazina yahinduwe) mfite imyaka 43 ndi umugabo w’abana babiri ariko sinorohewe n’umugore wanjye unshinja kutamushimisha mu buriri kuko mba nta musomye mu gitsina.
Mu by’ukuri mu myumvire y’umugore wanjye aba yumva ko kumusoma mu gitsina ari ingenzi ariko njye nkumva nta bishaka. Si mbiterwa n’uko wenda ari agira umwanda ariko mba numva ari ibintu bihabanye n’umuco wa Kinyarwanda.
Yarabimbwiye mwemerera ko nzajya mbikora ariko igihe turimo gukora imibonano mpuzabitsina, birananira nkumva mbikoze ntazongera kurya.
[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]
Bakunzi ba Bwiza.com mungire inama kuko mbona bishobora kuzatuma umugore wanjye ansha inyuma.
Uramutse ufite ubuhamya cyangwa igitekerezo ushaka kutugezaho kugira ngo abasomyi bakugire inama watwandikira kuri email info@bwiza.com


