Wema Sepetu arafunzwe azira kutitaba urukiko

Umukinnyi wa filimi wabaye Nyampinga wa Tanzania mu 2006, Wema Sepetu afunzwe by’agateganyo ku bwo kutitaba urukiko rumushinja amashusho y’urukozasoni yigeze gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram. Uru rukiko rw’i Dar es Salaam kandi ruvuga ko Wema atigeze yitaba ubugira kabiri ariko avuga ko ubwa mbere yari yabwiye Ruben Simwanza umuhagarariye mu mategeko ko yagiye […]

2017/2018: Amafaranga ya Leta yanyerejwe asaga Miliyoni 136

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2019, ubwo Perezida wa Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari, Hon. Muhongayire Jacqueline yagezaga ku Nteko Rusange raporo ya Komisiyo ku isesengura rya raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka wa 2017-2018, yavuze ko miliyoni zisaga 136 zanyerejwe mu buryo butandukanye. Hon. Muhongayire Jacqueline yagaragaje ko ikigereranyo cya raporo […]

CAN/ 2019: Muri 23 bazahagararira u Burundi nta n' umwe ukina imbere mu gihugu

Ku rutonde rwa nyuma rw’ abakinnyi 23 bazahagararira Ikipe y’ igihugu y’ u Burund i(Intamba mu rugamba) mu mikino y’ igikombe cya Afurika kizabera muri Misiri, nta mukinnyi n’ umwe ukina imbere mu gihugu wagaragaye. Ikipe y’ igihugu y’ u Burundi itanga icyizere nk’ uko yagiye ibigaragaza kugira ngo yivane  mu matsinda izitabira imikino ya […]

Rusizi: Amadini n'amatorero arasabwa uruhare rwisumbuyeho mu guhangana n'ibibazo byugarije urubyiruko

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi ruvuga ko hari ibibazo byinshi byugarije urubyiruko muri aka karere birimo  ibiyobyabwenge,nk’urumogi rutuka mu bihugu by’abaturanyi benshi muri rwo bishoramo, ibiyoga by’ibikorano,inda zitateganijwe mu bangavu aho buri mwaka habarurwa abagera kuri 450 bazitwara, ubuzererezi n’ibindi bukavuga ko butakwishoboza guhangana na byo hatabayeho abafatanyabikorwa cyane cyane amadini n’amatorero rusaba kubirufashamo bihagije. Ni […]

Tanzania: Umuturage yubatse inzu mu mapine y'imodoka

Rashid Mkwela, umuturage muri Tanzania yubatse inzu mu mapine y’imodoka atagikoreshwa. Abona ko ubu buryo bwafasha leta kubungabunga ibidukikije, bakanabyaza umusaruro amapine ashaje yafatwaga nk’atagifite agaciro. Iyi nzu igaragara mu ishusho y’amapine; hejuru, mu mpande, mu muryango no mu irembo igaragara nk’idashamaje ariko mo imbere ifite iteye kijyambere, kuko harimo ibyumba bikeye kandi byujuje ibyagombwa. […]

Meddie Kagere yerekanye ahazaza he mu mupira w'amaguru

Umukinnyi w’Umunyarwanda, Meddie Kagere yongereye amasezerano y’imyaka ibiri mu Ikipe ya Simba SC yo muri Tanzania. Kagere Meddie yari asigaje amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe. Nk’uko bigaragara ku rukuta rwa Instagram rw’Umuvugizi w’iyi Kipe, Haji Manara, Kagere azakinira iyi pe kugeza mu 2022. Mu kumushimagiza Manara ari nako asubiza abavugaga ko Simba igiye kugura […]

Ababyeyi bavuga ko amategeko yabambuye uburenganzira bwo guhana abana

Ubwo hizihizwaga Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika, kuri iki Cyumweru tariki ya 16 Kamena, bamwe mu babyeyi batangaje ko amategeko yababereye inzitizi yo kudahana abana babo, bityo ko bamwe bitwara uko bishakiye rimwe na rimwe bikabagiraho ingaruka. Kuri uyu munsi ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Turi abana bafite icyerekezo cyiza twanze gutwita kw’abangavu”, Ababyeyi, abarezi n’abayobozi bavuga ko […]

Nigeria: Abantu 30 baguye mu gitero cy'ubwiyahuzi

Muri iki gitondo, mu mugi wa Konduga uri mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria hatewe ibisasu bitatu, ubu umubare w’abaguye muri iki gitero ugeze kuri 30, abandi basaga 40 bakomeretse. Iki gitero cyagabwe n’abiyahuzi batatu ku nzu abaturage bareberagamo umupira w’amaguru kuri televiziyo. Birakekwa ko Boko Haram yibasiye iki gihugu ari yo yaba yagabye iki gitero. […]

Nshwana n’umugore wanjye dupfa ko nta musoma mu gitsina —umugabo utuye i Nyamirambo

Nitwa Jacques Nikwigize (amazina yahinduwe) mfite imyaka 43 ndi umugabo w’abana babiri ariko sinorohewe n’umugore wanjye unshinja kutamushimisha mu buriri kuko mba nta musomye mu gitsina. Mu by’ukuri mu myumvire y’umugore wanjye aba yumva ko kumusoma mu gitsina ari ingenzi ariko njye nkumva nta bishaka. Si mbiterwa n’uko wenda ari agira umwanda ariko mba numva […]

Umunyarwenya Bishop Gafaranga yiyemeje gukosora Bishop, Pastor biba Abakirisito bakoresheje ubutekamutwe-Video

Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, umunyarwenya ukunzwe muri iyi minsi uzwi ku izina rya Bishop Gafaranga, yavuze ko adateze kureka gukosora abesikoro n’abanyamitwe biyemeje kwambura Abanyarwanda bitwaje Bibiliya, ubuhanuzi n’ibindi biri kugaragara mu nsengero zimwe na zimwe zo mu Rwanda. Bishop Gafaranga yahamije ko ibyo akina abizi hirya no hino mu gihugu ndetse yabibonye inshuro […]

Gukorana na Perezida Kagame ni ishuri — Ikiganiro na Prof. Dr. Habumuremyi wabaye Minisitiri w’intebe

Igice cya mbere Ni ikiganiro kihariye , Bwiza TV na Bwiza.com byagiranye na Prof.Dr Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’ Intebe wa Cyenda kuva u Rwanda rwabona ubwigenge. Iki kiganiro kibanze ku bimwerekeyeho nk’inararibonye muri politike, ku buzima bw’igihugu, maze ashimangira ko nta mpungenge afite ku cyerekezo cy’ igihugu mu miyoborere, ubuzima rusange n’ ibindi bitandukanye […]

Kora imyitozo ngorora mubiri buri munsi

1 abakorinto 6:19-20 “Mbese ntimuzi ko imibiri yanyu ari insengero z’ umwuka wera uri mwe, uwo mufite wavuye ku Mana? Kandi ntimuri abanyu ngo mwigenge Kuko mwaguzwe igiciro. Nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Imana.” Ushobora kuvuga uti “ Pastor aha ntatandukiriye. Oya. umubiri wacu ni ingirakamaro ku Mana kuko iyo utameze neza bizatuma tutabasha […]

Nyaruguru: Abahinzi barishimira umusaruro bakesha ifumbire Traveritin ikomoka ku Ishwagara

Bamwe mu baturage bo mu Akarere ka Nyaruguru, baravuga ko kubera gukoresha ifumbire ya Traveritin ikorwa mu Ishwagara byatumye ubihinzi bwabo buzana umusaruro ushimishije. Bizimungu Alfred bakunda kwita (mufaransa) we n’abahinzi bagenzi be bo mu murenge wa Ruheru batangarije bwiza.com bati ” turishimira umusaruro dukesha ifumbire traveritin. dusigaye kuko kubwayo tweza amatoni y’ingano, ibirayi, amashu, […]

Ebola yageze mu gihugu cya Kenya

Umuntu umwe mu gihugu cya Kenya yamaze kwandura indwara ya Ebola mu gace kitwa Kericho. BBC itangaza ko uyu murwayi yamaze kugezwa mu bitaro bya Kericho muri iki ghugu. Amakuru ava mu baturanyi b’uyu murwayi avuga ko yanduye nyuma y’urugendo yagize mu minsi mike ishize ku mupaka wa Kenya na Uganda witwa Malaba. Abagaganga bamaze […]

Ukutavuga rumwe mu nama y'umutekano ya Loni ku bibazo byugarije u Burundi

Inama y’Umuryango w’Abibumbye (ONU), y’agashami gashinzwe umutekano ku isi, yabaye ku wa Gatanu tariki ya 14 Kamana 2019, i New York, yibanze ku Burundi. Hari abavuze ko mu Burundi byifashe neza, abandi bavuga ko hari ibibazo biteye impungenge. Iyi nama yatambukaga iri kuba ku rubuga rwa ONU ntabwo yari yitabiriwe na Michel Kafando, intumwa y’umunyamabanga […]

Urugomo mu Madini — Igice cya gatatu

Ushobora gusoma inkuru zabanje Urugomo mu Madini — Igice cya kabiri Urugomo mu Madini (violence dans les religions)- Igice cya 1 Igisobanuro mu myumvire y’Ubumenyi muntu (sciences humaines) Abahanga mu mibereho y’abantu (anthropologues-sociologues) bavuga kw’idini rigaragara iyo itsinda ry’abantu (groupe) ritandukanije icyitwa ; gitagatifu n’ibintu bisanzwe (sacrĂ© et profane). Maze icyo bise gitagatifu kigakorerwa imihango (culte). […]

Igitekerezo: Iyi si yo miyoborere twifuza

Imiyoborere myiza inyura abaturage, abaturage beza na bo bagafasha abayobozi kuyobora neza. Buri wese yagira uruhare mu migendekere myiza y’imiyoborere. Si umuyobozi, si n’umuturage gusa ahubwo bombi barakenewe. Tuvuge ko tumaze kugera ku rwego rushimishije rw’imiyoborere, yewe twamaze kuba na nka ya matara yo ku muhanda;twereka abandi uko bigomba kugenda. Ntaho dutandukaniye na cya kirunga […]