Weasel arateganya kugira icyo akora ku bw’urukundo rwa Teta

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi wo muri Uganda, Weasel biravugwa ko agiye gushyira hanze indirimbo yahimbye bitewe n’urukundo ahabwa n’Umunyarwandakazi, Teta Sandra.

Aba bombi bamaze igihe bavugwa mu bitangazamakuru byo mu Rwanda no muri Uganda ku bwo kugaragaza ko bari mu rukundo mu ruhame.

Ikinyamakuru Bigeye gitangaza ko aba bombi basigaye babana mu nzu imwe kandi ko Weasel arimo kwandika indirimbo,inganzo ayikesha Teta.

img 20190622 wa01438597085494176916260
Weasel na Teta bari mu rukundo

Ibinyamakuru byo muri Uganda biravuga ko uyu Munyarwandakazi yabaye Nyampinga w’u Rwanda 2014 gusa si ko biri kuko yabaye Nyampinga wa Kaminuza yigishaga iby’ubukungu (SFB) Mburabuturo.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Uyu mukobwa azwiho amanyanga menshi, ingingo yatumye arangwa no gufungwa kenshi igihe yari mu Rwanda.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *