Kenya: Umuryango umaze amezi icyenda witegura uruhinja wagabye igitero ku bitaro

Sangiza iyi nkuru

Umugore  wo muri Kenya witwa Awuor Laureen  n’umugabo we,  Ken Murimi  bagabye igitero ku bitaro byabasabye kwitegura uruhinja kuko ngo umugore yari atwite ariko bagategereza ko abayara bagaheba.

Aba ngo ibitaro byitwa Utange Medical Clinic byari byarababwiye ko  umugore atwite umwana w’umuhungu ndetse bari baramaze kwitegura ibisabwa byose ndetse bari baramuhaye izina rya Gabriela.

Igihe cyo kubyara kigeze nk’uko Daily Monitor dueksha iyi nkuru ibitangaza, bagiye ku bindi bitaro bibabwira ko Awuor adatwite.

Uyu muryango n’abandi bawuherekeje bigabye ku bitaro byabahaye amakuru ko batwite kugira ngo basobanuze mu gisa no kwigaragambya.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Barasaba Leta ko yahana ibi bitaroku bw’iki gikorwa byabakoreye.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *