Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame n’umufasha, Jeannette Kagame basesekaye mu murwa mukuru wa Namibia, Windhoek ku mugoroba w’uyu wa 19 Kanama, 2019.
Mu ruzinduko rw’iminsi itatu bagiye kugirira muri iki gihugu, bakiriwe na Perezida wa Namibia, Hage Geingob na Monica Geingos, umufasha we.


Â

Â


