Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo naguye mu kantu, ikimwaro kiramfata nzi ko ibyange birangiye pe, muri make nta kizere nari mfite cyo gukomeza kubana n’umugabo wanjye gusa naje gutungurwa n’ibyo nabonye.
Bwari bwo bwa mbere nari nsohokanye n’umugabo runaka muri hoteli, nababajwe n’uko nahise mfatwa, yewe n’imyaka maze mbana n’uwanjye nta munsi n’umwe yigeze agira ako gatekerezo.
Ubwo twageraga muri iyo hoteli iri aho ntavuze mu mujyi wa Kigali nibwo nakubitanye n’umugabo wanjye, ubwoba bwaranyishe mbura aho njya, nashatse kwiruka ariko ndikomeza, umugabo twari kumwe nshaka kumwihakana cyangwa kubeshya ariko ndikomeza.
Ubwo umugabo wanjye yahise ambwira ati “Mbese burya hano niho baza kugusambanyiriza ugasubira inyuma ukirirwa untesha umutwe”.
Ubwo umugabo twari kumwe yabaye nk’utwitaza yihagararira hirya ari kuri chat, muri ako kanya hasohotse umukobwa aza amuhamagara ngo cheri ndagushaka?
Sha rwose umugabo yahise areba hasi, ntiyongeye kundeba mu maso, ndamubwira nti ihute udasanga bihoze, ubwo uwo mukobwa yahise aza aransuhuza neza atuje disi, nkeka ko ako kanya atamenya ko ndi mukeba we. Ubwo yahise amubaza ngo cheri ko ndeba uhindutse ni iki kibaye, uwo mukobwa yari yakomeje kutwitegereza ari aho yari yicaye kuko ahaguruka naramurebaga.
Baragiye, nanjye mpita negera wa mugabo twari kumwe musobanurira ko ari umugabo wanjye kuko n’ubundi najyaga mumwereka mu mafoto, mpita namusaba ko twajya ahandi hatari aho arabyemera.
N’ubundi namutanze mu rugo, ahageze nta jambo na rimwe yambwiye, kugeza n’uyu munsi twembi ntawuvugisha undi, afite urwikekwe kandi nanjye ni uko. Kunca inyuma byo nsanzwe mbitonganira na we kuko yabigize umuco. Mungire inama, nkore iki?



20 Responses
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
iyo mbwa nushaka ujye uzana uwo mugabo murugo navuga muzayikubite. Umugabo yemerewe abagore barenze umwe ariko umugre kirazira kubangikanya abagabo. kuvayararebye hasi rero ubwo cyarayimije.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwese mukeneye Yesu, hamagara 0783200061 tugufashe.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwese mukeneye Yesu, hamagara 0783200061 tugufashe.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwiriwe neza
wowe herson uramubeshye cyane kuko nta kiza cyo gusambana.
wowe mugore nawe watangiye ingeso mbi aho gushakisha uk0 wagarura umugabo wawe munzira nziza. Ikosa ntabwo rikosozwa irindi,
Nuramuka usenye urugo rwawe niwowe uzaba wikozeho kandi uwo ugushuka ntazagutunga usibye kukwangiriza ubuzima.
Inama nakugira va mubusambanyi kanfi uzagira amahoro.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwiriwe neza
wowe herson uramubeshye cyane kuko nta kiza cyo gusambana.
wowe mugore nawe watangiye ingeso mbi aho gushakisha uk0 wagarura umugabo wawe munzira nziza. Ikosa ntabwo rikosozwa irindi,
Nuramuka usenye urugo rwawe niwowe uzaba wikozeho kandi uwo ugushuka ntazagutunga usibye kukwangiriza ubuzima.
Inama nakugira va mubusambanyi kanfi uzagira amahoro.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwiriwe neza
wowe herson uramubeshye cyane kuko nta kiza cyo gusambana.
wowe mugore nawe watangiye ingeso mbi aho gushakisha uk0 wagarura umugabo wawe munzira nziza. Ikosa ntabwo rikosozwa irindi,
Nuramuka usenye urugo rwawe niwowe uzaba wikozeho kandi uwo ugushuka ntazagutunga usibye kukwangiriza ubuzima.
Inama nakugira va mubusambanyi kanfi uzagira amahoro.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwiriwe neza
wowe herson uramubeshye cyane kuko nta kiza cyo gusambana.
wowe mugore nawe watangiye ingeso mbi aho gushakisha uk0 wagarura umugabo wawe munzira nziza. Ikosa ntabwo rikosozwa irindi,
Nuramuka usenye urugo rwawe niwowe uzaba wikozeho kandi uwo ugushuka ntazagutunga usibye kukwangiriza ubuzima.
Inama nakugira va mubusambanyi kanfi uzagira amahoro.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Yahaaa murarusenye birarangiye ese mufite abana ? mwese muri bamwe mugomba kwicara mugasabana imbabazi mugasasa inzobe mukabivamo nah ubundi ?????
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Yahaaa murarusenye birarangiye ese mufite abana ? mwese muri bamwe mugomba kwicara mugasabana imbabazi mugasasa inzobe mukabivamo nah ubundi ?????
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
iyo mbwa nushaka ujye uzana uwo mugabo murugo navuga muzayikubite. Umugabo yemerewe abagore barenze umwe ariko umugre kirazira kubangikanya abagabo. kuvayararebye hasi rero ubwo cyarayimije.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Ntaho mutaniye muzicare musabane imbabazi, munihane mubireke burundu. Uzaba intwari azatange mugenzi we kumwicaza no kumuganiriza kugirango mwongere murebana. Kandi nimubabarirana muzahanagure ibyahise mutangire ubuzia bushya kuri zero.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Ntaho mutaniye muzicare musabane imbabazi, munihane mubireke burundu. Uzaba intwari azatange mugenzi we kumwicaza no kumuganiriza kugirango mwongere murebana. Kandi nimubabarirana muzahanagure ibyahise mutangire ubuzia bushya kuri zero.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Urakoze kwifungura ukavuga kandi ugasaba inama: icyo mbanje kukumenyesha nuko mwese wowe numugabo wawe muri kimwe.
Inama nabagira nugusanga Yesu kristo kuko niwe ufite igisubizo kirambye. Uzamenye igihe mwembi muri murugo uhamagare 0783200061, tuze tubafashe kandi bizagenda neza.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Urakoze kwifungura ukavuga kandi ugasaba inama: icyo mbanje kukumenyesha nuko mwese wowe numugabo wawe muri kimwe.
Inama nabagira nugusanga Yesu kristo kuko niwe ufite igisubizo kirambye. Uzamenye igihe mwembi muri murugo uhamagare 0783200061, tuze tubafashe kandi bizagenda neza.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwembi muri kimwe kandi mukeneye Yesu kuko niwe ufite igisubizo kirambye. Umenye igihe muba muri murugo mwembi maze uhamagare 0783200061 tugufashe kandi bizagenda neza.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Mwembi muri kimwe kandi mukeneye Yesu kuko niwe ufite igisubizo kirambye. Umenye igihe muba muri murugo mwembi maze uhamagare 0783200061 tugufashe kandi bizagenda neza.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Jye ndumva nta nama ngufitiye kuko mwarangije kwishakira ibisubizo by’ibibazo byanyu. Mutegereze inyungu muzakuramo
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Jye ndumva nta nama ngufitiye kuko mwarangije kwishakira ibisubizo by’ibibazo byanyu. Mutegereze inyungu muzakuramo
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Yewe numva ubwo ugishije inama ugifite agatima kagukomanga.
Ariko rero mwese muri kimwe ubona iyo ukimubona agufatiye kuri hotel iyo ugira isoni ugahita utaha ntubwire uwo mugabo mwarikumwe ngo mujye ahandi! Biteye agahinda.
Gusa musange Yezu mwicuze muve mumabi kuko ni irimbukiro mukorera aho kwishimira aha ku isi mukazagana aho muzababazwa muhekenya amenye.
Mwicujije mugasabana imbabazi Imana yabababarira mukubakana neza nicyo kimwaro mukagikira.
Umugabo wanjye yamfatiye muri Hoteli bansohokanye nkebutse hirya mbona na we ari kumwe n’ikizungerezi cy’umukobwa- Nkore iki?
Yewe numva ubwo ugishije inama ugifite agatima kagukomanga.
Ariko rero mwese muri kimwe ubona iyo ukimubona agufatiye kuri hotel iyo ugira isoni ugahita utaha ntubwire uwo mugabo mwarikumwe ngo mujye ahandi! Biteye agahinda.
Gusa musange Yezu mwicuze muve mumabi kuko ni irimbukiro mukorera aho kwishimira aha ku isi mukazagana aho muzababazwa muhekenya amenye.
Mwicujije mugasabana imbabazi Imana yabababarira mukubakana neza nicyo kimwaro mukagikira.