Impamvu 5 zitera bamwe mu bagabo kwifuza kuryamana n’abagore bafite amabere manini

Sangiza iyi nkuru

Buri muntu agira ibyiyumviro bye n’aho yifuza kubiganisha bityo rero niyo mpamvu uzasanga bamwe mu bagabo bakunda kuryamana n’abagore cyangwa se abakobwa bafite amabere manini.

Impamvu ya mbere: Bitewe n’uko hari abagabo bakunda konka amabere y’abagore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, niyo mpamvu baba banifuza kuyikorana n’abafite manini cyane kurusha abafite uduto.

Impamvu ya Kabiri: Hari abagabo banezezwa no gukorera imibonano mpuzabitsina hagati y’amabereye abiri y’umugore, ku buryo hari n’abo binezeza kugera n’aho kuyasohoreramo, aba rero nabo ntabwo wabakoza ibyo kuryamana n’umugore ufite amabere mato.

Impamvu ya gatatu: Bamwe mu bagabo banezezwa n’uko umugore ufite amabere manini amuryama mu gituza, ibi bikamufasha mu kugira ubushake cyane bwo gutera akabariro, ku buryo niyo yarangije inshuro ya mbere bimufasha igitsina cye kigafata umurego vuba agakomeza ku iyi nshuro bitamugoye.

Impamvu ya Kane: Hari n’abagabo bibwira ko abagore bafite amabere manini baba banafite umubiri woroshye, ibi rero bikamutera kumva ko no mu gihe cy’imibonano araryoherwa cyane.

Impamvu ya Gatanu: Bitewe n’uko umugabo anezerwa cyane n’iyo umugore bakoranye imibonano agera ku ndunduro y’ibyishimo, amabere kandi akaba ari kimwe mu bice gituma ayishaka cyane, niyo mpamvu abagabo benshi banezezwa no kuryamana n’abafite amanini kuko baba bizeye ko bibafasha kubategura kandi no kurangiza ntibize kubagora.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Impamvu 5 zitera bamwe mu bagabo kwifuza kuryamana n’abagore bafite amabere manini
    MAMAWAWE,MWIHORERE,MPAMAGARA,NKUBWIRE,0785594291

  2. Impamvu 5 zitera bamwe mu bagabo kwifuza kuryamana n’abagore bafite amabere manini
    MAMAWAWE,MWIHORERE,MPAMAGARA,NKUBWIRE,0785594291

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *