N’ubwo atabona neza, umuhanzi Nziza yiyemeje kwigarurira abakunzi ba Gisupusupu

Sangiza iyi nkuru

Amazina ye y’ubuhanzi ni Nzizi, akongeraho ko ari Nzinzi wa Nzigiye, uyu mugabo uvuga ko atabona neza, acuranga gitari n’umuduri akanaririmba, by’umwihariko akongeraho ko benshi bamenye ubwiza bw’Umuduri kubera Nsengiyumva Francois (Igisupusupu) ariko ko na we yiteguye gukora amateka.

Nzinzi uvuga ko ashobora kwigarurira abafana benshi kurusha Nsengiyumva, afite itsinda ry’abacuranzi bafatanya muri uyu muziki, akaba atumirwa mu birori bitandukanye n’ubukwe, agasusurutsa ababyitabiriye.

Irebere uko akirigita gitari akanacuranga umuduri.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *