a1-2.jpg

Rema wabyaranye na Eddy Kenzo akaza kubona undi mukunzi yasabwe aranakobwa- AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Rema Namakula uzwi ku izina rya Rema, yagaragarije umuryango we umukunzi we bagiye kubana akaramata nyuma yo kubyarana n’umuhanzi mugenzi we, Eddy Kenzo ariko urukundo rwabo ntirushinge imizi.

Rema yagaragarije ababyeyi be umukunzi we, Dr. Hamza Sebunya mu muhango wabereye iwabo mu rugo.

Uyu muhango wo gusaba witabiriwe n’ibyamamare bitandukanye byo muri Uganda birimo n’abashoramari.

Ibinyamakuru bitandukanye byo muri Uganda bikemeza ko uyu muhango wo gusabwa wagaragaje ku mugaragaro ko iby’urukundo rwa Rema na Kenzo rutakiriho.

Mu butumwa bw’urukundo Dr. Hamza yageneye Rema, yagize ati“Ndagukunda cyane kandi nzagukunda by’ibihe byose ntabwo nagukunze ku bw’indoro yawe ahubwo nagukunze ku bw’uko uri”.

Kenzo yagaragaje ko yishimiye ubu bukwe bwabo bakoze mu muryango, bityo abifuriza ishya n’ihirwe.

a1-2.jpg

a2-3.jpg

a3-3.jpg

a4-2.jpg

a5.jpg

a6.jpg

a7.jpg

a9.jpg

a10.jpg

a12.jpg

a13.jpg

a14.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *