whatsapp_image_2019-11-23_at_20.48.05.jpg

Amahirwe kubashaka kwigurira ibibanza byiza byo guturamo i Kanombe, bishyura mu by’ibyiciro –Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Sosiyete nyarwanda ihuza abaguzi n’abagurisha, KTN Rwanda, yashyize ku isoko ibibanza 51 biherereye i Kanombe mu Murenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho utaboneye rimwe amafaranga yo kucyishyura bagirana amasezerano akishyura mu byiciro.

whatsapp_image_2019-11-23_at_20.48.05.jpg
Ibibanza birapimye kandi bijyanye n’igihe

Ni ibibanza biherereye hafi y’ishuri rya EFOTEC Kanombe, bijyanye n’ubushobozi bwa buri wese, kiri ahegereye ibikorwa remezo birimo imihanda ya kaburimbo, amazi, amashanyarazi, amashuri, amavuriro n’ibindi. Ubuyobozi wa KTN Rwanda buvuga ko “Ikibanza kiri kugura guhera kuri miliyoni 10Frw, ahantu ushobora guhita utangira kubaka.”

KTN Rwanda ifite uburambe mu guhuza abaguzi n’abagurisha ibibanza, inzu zikodeshwa n’izigurishwa, ikabikora nta kiguzi.Uguze ikibanza KTN Rwanda imufasha gushaka ibyangombwa by’ubutaka akabibona mu gihe gito cyane bitamugoye. Aya mahirwe ntagucike wifatanya n’inshuti n’imiryango yawe mu kwizihiza iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani, uguze ikibanza kiza kijyanye n’igihe.

Ibi byose KTN Rwanda ifite icyicaro mu Mujyi wa Kigali mu nyubako ya Downtown, ibasha kubikora kubera abakozi b’inzobere bari hirya no hino mu gihugu n’urubuga www.ktnrwanda.com rubarizwaho amakuru yose arebana n’ubutaka buri ku isoko.

whatsapp_image_2019-11-23_at_20.49.53.jpg
Ibibanza biratunganye kuburyo wahita wiyubakira

whatsapp_image_2019-11-23_at_20.49.39.jpg

Ushaka kwigurira wahamagara kuri Telefone: Tel:078 300 1414/0738 767 519 na website: www.ktnrwanda.com. E-mail : ktnservicesltd@gmail.com, Web : Twitter: www.ktnrwanda.com

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Amahirwe kubashaka kwigurira ibibanza byiza byo guturamo i Kanombe, bishyura mu by’ibyiciro –Amafoto
    Ibi nibyo mwatubwiraga tugura iby’ibugesera none igihe kibaye umwaka n’igice twarabuze ibyangombwa by’ibibanza twaguze.
    Muge mukora follow up kugirango umukiriya nawe watanze amafaranga ye nawe abyaze umusaruro icyo yatangiye.

  2. Amahirwe kubashaka kwigurira ibibanza byiza byo guturamo i Kanombe, bishyura mu by’ibyiciro –Amafoto
    Ibi nibyo mwatubwiraga tugura iby’ibugesera none igihe kibaye umwaka n’igice twarabuze ibyangombwa by’ibibanza twaguze.
    Muge mukora follow up kugirango umukiriya nawe watanze amafaranga ye nawe abyaze umusaruro icyo yatangiye.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *