Mu rubanza rwa Neretse, impaka zikomeje kuranga iburanisha hagati y’inteko n’abunganizi

Ubwunganizi bw’uregwa bushaka ko ibivugwa n’umutangabuhamya byose byakwandikwa . Ubwo umwe mu bunganira Neretse yabazaga ibibazo birenga bitatu, umucamanza agakomeza kumubwira ko umutangabuhamya yamaze kubisubiza, umwuka mu rukiko wahindutse bisa nk’aho habaye guhangana. Umucamanza Sophie Leclerq azamura ijwi, abunganizi nabo bati, « ese ko uvuga ko byasubijwe, hakaba nta muntu ri kubyandika, urabona hatari ibyo […]

Ubu twabahinyuye, ni ugutora Rwasa-abaturage b’i Mwaro

Bamwe mu baturage bo mu ntara ya Mwaro bagaragaje ko bari barayobye ubwo bashyigikiraga ishyaka rya CNDD-FDD ririmo Perezida Pierre Nkurunziza. Bagaragaza ko ubu Agathon Rwasa ari we bashyigikiye. Amashusho yagiye ahagaragara yerekana amagana y’Abarundi bari kuririmba ngo: ” Iyo menya ko Rwasa ari ho, sinari gutera avoka”Ibi babikora birukanka, bimwe bya ‘Mucaka mucaka.’ Iyi […]

Kinyinya/Burundi: Bahangayikishijwe n’imyitozo ya gisirikare Imbonerakure zirara zikora

Imyitozo isa n’iya gisirikare urubyiruko rw’Imbonerakure rukora ku musozi wa Ndago, Komini Kinyinya, Intara ya Ruyigi, mu Burundi, yateye impungenge abaturage aho bavuga ko igamije gutera ubwoba abatavuga rumwe na Leta. Uretse muri iyi Komini ya Kinyinya, ngo iyi myitozo kandi inakorerwa mu ya Nyabitsinda na Gisuru. Ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ugushyingo 2019, […]

Pasiteri yaguwe gitumo ari kumwe n’abagore barindwi bambaye ubusa

Polisi yo mu Karere ka Rukiga mu gihugu cya Uganda yataye muri yombi umupasiteri wari kumwe n’abagore barindwi, bose bambaye ubusa aho bari bikingiranye mu nzu. Polisi yabataye muri yombi ibashinja gukora inama mu buryo butemewe, nubwo bafashwe bambaye ubusa bose bakavuga ko aho bari bari ari mu rusengero rwabo ndetse ko basengaga. Iri tsinda […]

Fresh graduate found dead in Kigali

A Christian University of Rwanda fresh graduate, Donath was found dead by his two roommates in Kimisagara Sector, Nyarugenge District yesterday. The owner of the house that the trio rent, Mary Mukamuraza told the media that Donath was healthy before he went to sleep last night. ” He was healthy before he went to sleep, […]

Rwanda: Vingozi kutatua changamoto zinazowakabili mashoga

Baadhi ya viongozi wa ngazi za chini Mjini Kigali wamekusanyika na kutoa wito wa kutoa masuluhisho ya matatizo ya wapenzi wa jinsia moja. Mkutano uliotokea Alhamisi uliwahamasisha viongozi kutoa mchango wao kudhibiti ubaguzi na unyanyasaji unaowakumba mashoga nchini Rwanda. Viongozi wamezinduwa kuhusu namna ya kuwapa mashoga huduma sawa. Kiongozi wa Shilika la Hope and Care, […]

Umwihariko wa Fidel Castro wamaze imyaka 49 ku butegetsi

Fidel Alejandro Castro ni umunyapolitiki wamenyekaniye mu mpinduramatwara zimakaza umuco wa gikominisime. Yavukiye mu gace ka Biran muri Cuba tariki ya 13 Kanama 1926, apfira muri Havana tariki ya 25 Ugushyingo 2016. Castro ni umwe mu banyapolitiki bamaganye cyane umuco wa ‘capitalisme’, aho umutunzi aba afite uburenganzira bwose ku byo atunze, hatitawe ku badafite. Yashatse […]

Biravugwa ko mushiki wa Fred Rwigema wabaga i Kigali yishwe

Joy Agaba bivugwa ko yapfuye urw'amayobera

Kuva ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo 2019, amakuru akomeje gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga na bimwe mu binyamakuru, avuga ko Joy Agaba, mushiki wa Gen Fred Gisa Rwigema yasanzwe mu nzu yapfuye. Nk’uko bamwe bagiye babitangaza ku mbuga nkoranyambaga, ngo Joy yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 22 rishyira ku wa Gatandatu […]

Inengwa ry’amatora muri Tanzania, intandaro y’isubikwa ry’inama ya EAC

Biravugwa ko isubikwa ry’inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), kuwa 30 Ugushyingo, yasubitswe ku bw’ubusabe bwa Tanzania iri mu matora mu nzego z’ibanze, atavugwaho rumwe n’abatavuga rumwe na Leta. Ibaruwa yo kuwa 18 Ugushyingo yasinywe n’Umunyamabanga wa Leta ushinzwe EAC, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamenyeshaga Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Liberat Mfumukeko, […]

Meet the Woman Who’s on a Quest to Have Sex with 100,000 Men

Ania Lewiska recently embarked on the noble quest to break the world record for the largest number of sexual partners in history. The fact that no such record even exists for her to break doesn’t appear to bother the 21-year-old from Poland, who is aiming optimistically—and potentially absurdly—high, setting her desired target at 100,000 men. […]

Nyamasheke: Bamwe mu bana bibana bifuza kubonerwa uburyo buhamye bwo kwibeshaho

Abana baburaga uburyo bateka bahawe imbabura zo gutekeraho

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko bugifite abana benshi bibana babayeho nabi nubwo bamwe bagerageza kuzamurirwa imibereho ku bufatanye n’abafatanyabikorwa bako, bamwe muri aba bana bakavuga ko bafashijwe kubona uburyo buhamye bwo kwibeshaho, abarangije imyuga bagafashwa kubona icyo bakora,abacikirije amashuri bagafashwa kwiga iyo myuga ari benshi mu mirenge itandukanye, byabafasha kwibeshaho badategereje buri gihe impuhwe […]

Muri Uganda haracyari ahantu hateje ikibazo ku Banyarwanda-Amb. Nduhungirehe

capture-9.png

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amanga Ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Amb. Olivier Nduhungirehe avuga ko bikigaragara ko muri Uganda atari ahantu horoheye Abanyarwanda. Abanyarwanda mu mpera z’ukwezi kwa Gashyantare 2019, ‘bagiriwe inama’ yo kuba baretse kujya muri Uganda. Ni nyuma y’ifungwa, ubwambuzi, iyicarubozo byagiye bikorerwa bamwe muri bo bashinjwa kuba intasi z’u Rwanda. […]

Gukora mu Ntara y’Iburasirazuba bizajya bisaba gukora inyandiko yiyemeza kudashuka abakobwa

Intara y’Iburasirazuba yatanze amabwiriza ko umuntu wese ushaka gutangira kuyikoreramo azajya akora inyandiko yemeza ko atazigera yiruka inyuma y’abana b’abakobwa bakiri bato. Aya mabwiriza aregaba uwifuza gukorera mu turere turindwi tugize iyi ntara, biteganyijwe ko azagezwa no mu bikorera ndetse no mu miryango itegamiye kuri Leta (ONG) nk’uko The Chroniles ibitangaza. Ibi byatangajwe na Guverineri […]

Underground Mining Manager at PIRAN RWANDA LTD

Piran Rwanda Ltd holds mining licenses over the Musha-Ntunga mines in the eastern province of Rwanda. The company currently extracts Sn-Ta concentrate and is rapidly increasing production. An aggressive exploration programme is planned for the next 1 year to 18 months with the aim of defining significant new resources. TITLE: UNDERGROUND MINING MANAGER Qualification and […]

TORS for hiring a videographer at INTRAHEALTH

For over 35 years in 100 countries, we’ve partnered with local communities to make sure health workers are present where they’re needed most, ready to do the job, connected to the technology they need, and safe to do their very best work. Website: http://www.intrahealth.org TERMS OF REFERENCE FOR HIRING A VIDEOGRAPHER Organization: Intrahealth international/USAID Ingobyi […]

Ese uri mu gihe cyo gusenga? – Rev. Nibintije

ni-12.png

Mwami, si ku bw’ukubohoka kwange ahubwo ni ukwawe. Bamwe bita kubohoka kwa Yesu ubucakara. Batekereza ko bari mu bucakara kubera ko Umwani ashaka ko bamuvuga mu isengesho. Bibiliya iravuga it: Amaso y’Uwiteka ari ku bakiranutsi, n;amatwi ye ari ku gutaka kwabo (Zaburi 34:15). Umwanzi arashaka kukumvisha ko isengesho ari umutwaro kandi wa mwuka w’umuntu uzabifatako […]

Amahirwe kubashaka kwigurira ibibanza byiza byo guturamo i Kanombe, bishyura mu by’ibyiciro –Amafoto

whatsapp_image_2019-11-23_at_20.48.05.jpg

Sosiyete nyarwanda ihuza abaguzi n’abagurisha, KTN Rwanda, yashyize ku isoko ibibanza 51 biherereye i Kanombe mu Murenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, aho utaboneye rimwe amafaranga yo kucyishyura bagirana amasezerano akishyura mu byiciro. Ibibanza birapimye kandi bijyanye n’igihe Ni ibibanza biherereye hafi y’ishuri rya EFOTEC Kanombe, bijyanye n’ubushobozi bwa buri wese, […]

AMWE MU MAKURU Y’INGENZI YARANZE ICYUMWERU GISHIZE

Muri gahunda y’amakuru y’ingenzi yaranze icyumweru gishize, twishimiye kubagezaho ayo muri iki cyatangiye tariki ya 17 Ugushyingo 2019, kirangira tariki ya 24 Ugushyingo 2019. Amakuru ari mu byiciro bitandukanye harimo: aya politiki, umutekano, ubutabera, ububanyi n’amahanga,…, imikino, imyidagaduro ndetse n’adasanzwe (utuntu n’utundi). Intambara ikomomeye mu Karere k’Ibiyaga Bigari Ubu ni ubusesenguzi bwakozwe n’umunyamakuru wacu tariki […]