Umwana w’imyaka 15 y’amavuko witwa Potala Jean Pierre yateye inda nyina, Josiane Laure Potala w’imyaka 37 y’amavuko. Nyina azajya amwita umwana we anamwite umwuzukuru, undi amwite umwana we na murumuna we.
Uyu mudamu Josiane ngo yari yarashakanye n’umusirikare ufite ipeti rya Liyetona koloneri witwa Patala Joseph ariko uyu mugabo aza guta uyu muryango wonyine, ku bw’ibyago aza no kuraswa arapfa ubwo uyu mwana yari akiri uruhinja.
Uyu mugore ntabwo byamworoheye kwakira ibyamubayeho, ahita yanzura kutazongera gushaka umugabo ukundi. Uko umwana ngo yagiye akura ni nako yakomeje kugenda arushaho gusa na se.
Ati “Uko nakundaga kwitegereza umwana wanjye mu maso namubonaga mu ishusho ya se wagiye nkimukunze cyane, nkamwiyumvamo mu buryo budasanzwe, naje kwisanga mufata nk’umukunzi wanjye nyuma binarangira dutangiye kuryamana ku buryo yaje no kuntera inda”.
Uyu mugore yakomeje avuga ko ibyamubayeho ari nk’Imana yashatse ko biba imwoherereza uyu mugabo yita uwe [Umwana we] ngo kugira ngo amuhoze amarira, ndetse ko azagumana na we nk’umugabo n’umugore atitaye ku magambo y’abantu.





6 Responses
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo
AYA MAHANO SE YABEREYE MUKIHE GIHUGU,KO NUMIWE,yewe isi yarashaje koko kugeza ubwo umwana abyarana na nyina.gusa uriya mugore bakwiriye kumufunga kuko yahohoteye uriya mwana.Ywe amahano aragwira.
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo
AYA MAHANO SE YABEREYE MUKIHE GIHUGU,KO NUMIWE,yewe isi yarashaje koko kugeza ubwo umwana abyarana na nyina.gusa uriya mugore bakwiriye kumufunga kuko yahohoteye uriya mwana.Ywe amahano aragwira.
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo
Ntimutubwiye ari abo mu kihe gihugu, ntimutubwiye icyo iboyobozi bwabikozeho na niba byemewe mu buyobozi no mu mico y’i wabo tutameny!!!! arikon nyine ni ibyo kwamaganwa si iby’i Rwanda
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo
Ntimutubwiye ari abo mu kihe gihugu, ntimutubwiye icyo iboyobozi bwabikozeho na niba byemewe mu buyobozi no mu mico y’i wabo tutameny!!!! arikon nyine ni ibyo kwamaganwa si iby’i Rwanda
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo
Birababaje nukuri
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo
Birababaje nukuri