VIDEO: Inzu nziza zagabanyijwe ibiciro cyane , kwishyura make birashoboka
Sosiyete ya United property group ikora ibijyanye nâubwubatsi , yubatse kandi ikomeje kubaka amazu yo guturamo ajyanye nâikerekezo, akomeye yubatse muri concrete, aherereye Kanzenze ho mu karere ka Bugesera, iyi Kompanyi aho bagamije gufasha buri munyarwanda wese gutura heza kandi bijyanye nuko yifite kandi bihereye kubushobozi bwâabazifuza kuko ushobora kwishyura kashi cyangwa mu byiciri ukayegukana. […]
U Burundi bwatangaje ko butazihanganira ubushotoranyi bw’u Rwanda

Umuvugizi akaba n’umunyamabanga wa leta y’u Burundi, Prosper Ntahorwamiye avuga ko igihugu ke kidashobora kwihanganira agasuzuguro k’u Rwanda gaturutse ku bitero burushinja. Iyi nkuru dukesha BBC ivuga ko ubutumwa buri mu itangazo ryaturutse mu biro by’Umukuru w’Igihugu riraburira, rikanihanangiriza u Rwanda. Uyu muvugizi avuga ko u Burundi buzafata imyanzuro ikwiriye kuri ibi bikorwa bushinja u […]
Abanyeshuri bane b’Abanyarwanda bigaga kaminuza muri Uganda batawe muri yombi
Abanyeshuri bane b’Abanyarwanda bigaga muri Kaminuza ya Kampala International University (KIU) batawe muri yombi n’Urwego Rushinzwe Iperereza mu Gisirikare cya Uganda (CMI). Mu bafashwe harimo Uwari uhagarariye abanyeshuri b’Abanyarwanda biga muri iyi kaminuza, Joram Rwamwojo, Mugisha, Emmanuel na Kagara. The New Times dukesha iyi nkuru ivuga ko aba banyeshuri bafungiwe mu kigo cya gisirikare kandi […]
Kamonyi: Abaturage barataka inkoni z’abanyerondo
Hari abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu Murenge wa Runda, bavuga ko bakubitwa nâabanyerondo iyo batashye mu masaha yâumugoroba kandi ko bo nta kosa baba bafite ndetse banafite ibibaranga byose. Umwe mu baturage witwa Rulinda Thomas avuga ko gutaha ku masaha yâumugora ugahohoterwa nâabanyerondo ari kimwe mu bibahangayikishije. Aganira na Radio 10 ati ” […]
Abarwanya Leta y’u Rwanda baritana bamwana ku ibura rya Ben Rutabana
Abarwanya Leta yâu Rwanda bakomeje kwitana bamwana ku ibura rya Ben Rutabana Kayumba Nyamwasa uyoboye ishyaka RNC rirwanya Leta y’u Rwanda, aho akomeje gutungwa agatoki na bagenzi be bamushinja ubwicanyi n’ibindi bikorwa bita ibyo kubagambanira nyuma y’ibura ry’umuhanzi Benjamin Rutabana. Ubwo uwitwa Musonera Jonathan yagiraga icyo avuga ku ibura rya Benjamin [Ben Rutabana] umaze amezi […]
Ikinyoni kinini kikubise hasi abaturage babona gihindutse umukecuru
Ni agashya kagaragaye mu gace ka Oworonshoki muri Leta ya Lagos muri Nigeria, aho ikinyoni cyaguye ku nkengero z’umuhanda babona kidasanzwe, mu kandi kanya kihinduramo umukecuru, ubwoba burabataha. Ku wa Gatandatu wâicyumweru gishize nibwo ibi byabaye ku muhanda wa 39 (Miyaki Oworonshoki, Lagos). Abantu bakaba batashywe n’ubwoba bakimara kubibona, umukecuru wavuye muri icyo kinyoni batinya […]
Ingabo za Congo ziravugwaho kwibasira bikomeye impunzi z’Abanyarwanda
Tariki ya 26 Ugushyingo 2019, amakuru yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, avuga ibigwi by’ingabo za Congo, FARDC ko zasenye ibirindiro by’umutwe ugizwe n’impunzi z’abanyarwanda. Ibi byatumye abarenga ibihumbi 14 bahunga bakwira imishwaro batatanyirizwa mu mashyamba yo muri Walikale, Kalehe na Masisi. Bino bitero bikaba birimo urujijo rukomeye kuko abatari bake bakomeza kwibaza icyo bigamije n’aho […]
Kigali: Umukobwa yatawe muri yombi akekwaho ubugambanyi nâubutasi

Urwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha mu Rwanda (RIB) ruratangaza ko kuwa Gatatu tariki ya 27 Ugushyingo rwafashe uwitwa Jackie Umuhoza agafungwa akekwaho ibyaha by’ubutasi n’ubugambanyi. Uru rwego rubinyujije ku rukuta rwa Twitter rwarwo rwagize ruti â Jackie Umuhoza yafashwe kuwa Gatatu tariki 27, arakekwaho ubugambanyi nâubutasi. Kuri ubu afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi i Remera [mu Mujyi […]
$1240 earnings for every Rwandan per year in 2020 won’t be achieved, admits government
The set goal that every Rwandan on average should be earning $1240 per year in 2020 may not be attained due to unpredictable performance shortfalls that, The Government of Rwanda has announced Rwanda embarked on âVision 2020â, citing at least every citizen would have an income of $1240, almost a million Rwandan Francs a year. […]
Kusini Rwanda: Wamshitaki kiongozi mambo ya ruswa, huduma ovyo
Wakazi Wilayani Huye, Tarafa ya Mbazi kijijini Mutunda wamemshitaki kiyongozi kwa Wajibu wa mambo ya kijamii, Vestine Nyirangendahimana kura rushwa na kuwapatia huduma mbaya. Mmoja mwa wakazi ameambia Ukwezi.com kuwa Vestine alikata kumpa huduma ya Ubudehe. Amesema miaka miwili imetimia bila yeye kupatiwa huduma. Kuhusu madai ya rushwa, mkazi amesema Vestine anawaomba pesa wanaotaka kuonekana […]
DUFATE UMUHANDA WO KUGIRA NEZA ABANTU Bâ IMANA YACU – Rev. Nibintije

1Abatesalonike 5:15 âMwirinde hatagira uwo muri mwe witura umuntu wese inabi yamugiriye, ahubwo buri gihe muharanire icyabera cyiza bagenzi banyu nâ abandi bose.â Mu urwandiko Pawulo yandikiye abagalatiya hari igice cya gatanu kivuga ku ibijyanye nâ imbuto 9 zâ umwuka wera cyangwa ibintu icyenda biranga umukristo mu mibereho ye, mu gihe tuba twemereye Yesu Kristo […]
U Burundi bumaze gushyingura abasirikare 18 bwaratangazaga ko abiciwe mu gitero cy’i Mabayi ari 9
Ingabo z’u Burundi zemeje ko mu ijoro rishyira ku cyumweru tariki ya 17 Ugushyingo 2019, habaye igitero ku birindiro byazo biri ahitwa Twinyoni mu Ntara ya Cibitoke muri komini Mabayi ni mu ntera iri munsi ya 15Km uvuye ku mupaka w’u Rwanda, ndetse bumatangaza ko ari abasirikare babwo icyenda bishwe none bumaze gushyingura abagera kuri […]
United States Embassy-Kigali: 2020 EDUCATIONUSA Scholars Program- Call for Application
The EducationUSA office at the Public Affairs Section of the United States Embassy â Kigali, seeks to identify and recruit secondary school graduates who scored 75% and above in Senior 4, Senior 5, and Senior 6 to join the 2020 EducationUSA Scholars Program (ESP). Only students who will graduate from secondary schools in November 2019 […]
Umwana w’imyaka 15 yateye inda nyina- Reba amafoto yabo mu munyenga w’urukundo

Umwana w’imyaka 15 y’amavuko witwa Potala Jean Pierre yateye inda nyina, Josiane Laure Potala w’imyaka 37 y’amavuko. Nyina azajya amwita umwana we anamwite umwuzukuru, undi amwite umwana we na murumuna we. Uyu mudamu Josiane ngo yari yarashakanye n’umusirikare ufite ipeti rya Liyetona koloneri witwa Patala Joseph ariko uyu mugabo aza guta uyu muryango wonyine, ku […]
Umuhanzi Israel Mbonyi aravugwaho amabi 8, we avuga ko ijambo ry’Imana ribuza guhubuka
Ikinyamakuru Impinga cyagaragaje inenge 8 mbi zigaragara ku muhanzi Israel Mbonyi , kivuga ko cyabitangarijwe n’abakunzi b’umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana bamusaba kuba yakwigira ku bandi bahanzi bagiye bamubanziriza , aho iki kinyamakuru kegeranyije urutonde rw’inenge zivugwa kuri uyu musore zitari nziza. Ikinyamakuru bwiza.com kikimara kubona ibimuvugwaho cyabajije Mbonye niba koko ibimuvugwaho byaba ari […]
Isoko ry’ Imodoka zo kwamamaza (Mobile Caravan) nâibijyanye nazo byose, zizakoreshwa mu bukangurambaga mu Ntara zose
The Rwandan Organization of Professional Counselors ARCT â Ruhuka is a National Nonprofit making Organization , formed in April 30th 1998 and officially registered under the Ministerial Decree No.97/11 on 28 July, 2004 and registered by Rwanda Governance Board (RGB). The organization was started to support survivors of psychological trauma, through integrated and holistic services […]
THE SUPPLY OF FABRIC FOR SCHOOL UNIFORMS at WORLD VISION-RWANDA
TENDER ANNOUNCEMENT TITLE: THE SUPPLY OF FABRIC FOR SCHOOL UNIFORMS TENDER NUMBER: WVR/SCM/SK/2019/11/027 CLIENT: WORLD VISION RWANDA World Vision is a Christian relief, development and advocacy organization whose purpose is to create lasting change in the lives of children, families, and communities living in poverty. World Vision is dedicated to working with the worldâs most […]
Ubuhamya bwâumwana watangijwe uburaya ku myaka 10 bwateye ikiniga abari mu rukiko
Kuri uyu wa gatatu tariki 27/11/2019, nibwo hasojwe urubanza umwana wâumunyanijeriyakazi Grace aregamo abantu batandatu bamucuruje, bigatuma aba indaya ku myaka icumi, abonana nâabagabo 20 ku munsi, kugira ngo yishyure miliyoni 40 yemeye hifashishijwe abapfumu. Uru ni urubanza ruzasomwa tariki ya 6 Ukuboza, rubera mu rukiko rwa rubanda (cour dâassises) I Paris mu Bufaransa. Atanga […]
Treasurer and Deputy Head of Finance at AB BANK
AB BANK Rwanda Plc has been operating in Rwanda since January 2014. It is a member of an international network of commercial banks providing banking services to micro, small and medium-sized enterprises and private individuals in Africa, Asia, and Latin America. Website: http://www.abbank.rw AB BANK Rwanda Plc. has been operating in Rwanda since January 2014. […]
Technical Support Engineer Level 2 at JOB IN RWANDA
Job in Rwanda (J.I.R Ltd) is a private company providing services in the area of online recruitment and advertisement. Our main mission is to facilitate the communication between job seekers and employers operating in Rwanda using online technologies. Website: http://www.jobinrwanda.com Job in Rwanda is advertising for an International Company that provides business and IT outsourcing […]
Ibitaro bya Ruhengeri bivuga ko abakomerekeye mu gitero cya RUD-URUNANA bashegeshwe
Umuyobozi wâIbitaro Bikuru bya Ruhengeri, Dr. Muhire Philbert avuga ko abakomerekeye mu bitero by’inyeshyamba za RUD -URUNANA mu Mirenge ya Nyange, Kinigi na Musanze bashegeshwe n’ingaruka z’ibyababayeho. Agendeye ku kuba abaganga b’ibitaro bya Ruhengeri ari byo byavuraga abakomerekeye mu gitero cyo muri Nzeri 2019 kikica 14, aba ndi bagera kuri 18 bakajyanwa mu bitaro, avuga […]
Uko Gen. Koromboka wagizwe Umuyobozi muri FDLR yari agiye gukubitwa agafuni mu ntambara yâabacengezi
Umwe mu babaye muri FDLR mu myaka umunani avuga ko Gen. Maj. Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Niyo Thedeum Koromboka AvĂ© Marie Mugisha yari agiye gukubitwa agafuni ku bwo amakosa yâakazi ka gisirikare. Uyu wavuye muri FDLR mu 2005 utashatse ko amazina ye atangazwa, yabwiye Bwiza.com ko icyemezo cyo gukubita ifuni Gen. Koromboka cyaturutse ku kuba […]