Bakomye gato nahungira mu marembo yo kwa Perezida- Umugore Ushinja abayobozi kumuhungabanyiriza umutekano

Sangiza iyi nkuru

Mukasinzi Clarisse ni umugore utuye muri Niboye, mu Karere ka Kicukiro, avuga ko aka Karere katuje abantu mu mitungo ye, ubu akaba abayeho mu buzima yita ko bukomeye, akavuga ko uretse Perezida wa Repubulika wenyine ariwe wamurenganura.

Hari bamwe mu bayobozi atunga agatoki ko bagiye bamufungisha, bigeza aho aranahunga n’aho agarukiye akemeza ko umutekano we utifashe neza kubera abahora bawuhungabanya.

Ubuyobozi bw’aka Karere hari icyo bubivugaho, fungura Video urebe ikiganiro kirambuye.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *