Umugabo witwa Muludin Mbazira utuye mu mudugudu wa Bulyampidi, mu gace ka Imanyiro ho mu karere ka Mayuge mu Burasirazuba bwa Uganda, yafatiwe mu cyuho arongora inka y’abandi ategekwa kuyikwa kugira ngo ayigire umugore.
Ibi byabaye ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 8 Gashyantare 2020, ubwo Mbazira w’imyaka 40 y’amavuko yataga umugore we babyaranye abana batatu, nijoro akajya mu rugo rw’umuturanyi we witwa Ronald Kikeire ari na rwo yafatiwemo arongora inka.
Mbazira ngo yashatse gucika, ariko afatwa na nyir’urugo wamuteye ubwoba bw’uko ari bumuteme, dore ko yari afite umuhoro.
Umugore wa nyiri’inka (Kikeire) witwa Irene Mutesi ni we wabonye Mbazira bwa mbere, asanga nyamugabo yahambiriye inka, mu gihe yayisambanyaga. Ngo Kireire yahise atwara ipantaro z’uyu mugenzi we, mbere yo gutabaza abaturage n’ubuyobozi.
Mbazira yemereye urukiko ko yasambanyije iyi nka ndetse akanabisabira imbabazi.
Ati: “Ni byo nafatiwe kuri iriya nyamaswa, gusa ndasaba kubaharirwa kubera ko mfite umuvumo unjya unkubaganisha.”
Mutesi wavuze ku ruhande rw’umugabo we, yasabye Mbazira kubishyura miliyoni y’amashilingi ya Uganda kugira ngo ayegukane burundu. Umugabo we ntacyo yigeze atangariza Daily Monitor dukesha iyi nkuru.
Umuyobozi w’uriya mugugudu witwa Ngobiwe yambwiye The Daily Monitor ko nyamugabo yemeye kwishyura ariya mafaranga, akaba yahawe amezi atatu yo kuba yarangije kwishyura.
Ibirori byakomeje nyuma y’inama y’umuryango, ubwo abaturage batakaga Mbazira n’inka yasambanyije, imyambaro y’amabara y’umweru n’indabo, nk’ikimenyetso cy’uko habaye ubukwe. Abaturage bavuze ko bahise gukora biriya kuko yabasebeje ata umugore we, akajya kuryanana ninka y’umuturanyi.



16 Responses
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Tugeze mubihe bya nyuma Pawulo yavuze pe!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Ariko ubanza utazi ibyo pawulo yavuze. Kurongora inka ni ubusambanyi nk’ubundi kuko bibe henshi cyane, abandi basambana n’ibipupe cg ibitsina bya parasitike, uzabaze ababa i burayi cg America, unya mu iduka ukugurira umugabo cg umugore w’igipupe ariko gifite imyanya ndangagitsina ushaka. Ubutinganyi bwabayeho na Yesu ataravuka.
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Ariko ubanza utazi ibyo pawulo yavuze. Kurongora inka ni ubusambanyi nk’ubundi kuko bibe henshi cyane, abandi basambana n’ibipupe cg ibitsina bya parasitike, uzabaze ababa i burayi cg America, unya mu iduka ukugurira umugabo cg umugore w’igipupe ariko gifite imyanya ndangagitsina ushaka. Ubutinganyi bwabayeho na Yesu ataravuka.
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Tugeze mubihe bya nyuma Pawulo yavuze pe!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Ahaaa biratangaje!!! Ndasaba imana ngo ibigumishe hirya iyo ntibizagere murwanda. Umuntu ufite umugore akifuza inka koko???!!!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Ahaaa biratangaje!!! Ndasaba imana ngo ibigumishe hirya iyo ntibizagere murwanda. Umuntu ufite umugore akifuza inka koko???!!!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Ahaaa biratangaje!!! Ndasaba imana ngo ibigumishe hirya iyo ntibizagere murwanda. Umuntu ufite umugore akifuza inka koko???!!!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Ahaaa biratangaje!!! Ndasaba imana ngo ibigumishe hirya iyo ntibizagere murwanda. Umuntu ufite umugore akifuza inka koko???!!!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
karabaye ga ye
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
karabaye ga ye
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Tokasatani
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Tokasatani
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Tokasatani
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Tokasatani
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Is I irashaje
Muracyabaza iki kandi!!
Yategetswe gukwa inka nyuma yo gufatwa ayirongora
Is I irashaje
Muracyabaza iki kandi!!