Mu gihe ubuyobozi bw’Umudugudu wa Gaseke, Akagari ka Kimisagara mu Murenge wa Kimisagara, Akarere ka Nyarugenge, bwarimo kunga umuryango wa Innocent Ntirenganya n’umufasha we Solange nyuma y’amakimbirane bamaranye iminsi, uyu mugore yasuzuguye ubuyobozi.
Ni nyuma y’iminsi Ine gusa uyu mugabo witwa Innocent Ntirenganya yigabye ku Rusengero rwa ADEPR ruri mu Murenge wa Gitega ahitwa mu Cyahafi mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ataka ko umugore we, Solange Uwambajimana atacyita ku rugo, ahubwo iminsi yose aba ari mu rusengero, ikibazo avuga ko kigiye gusenya urugo rwabo.
Nk’uko bitangazwa na Turahimana Reverien, umuyobozi w’Uyu mudugudu, avuga ko ubwo bari barimo kubungira mu kagoroba k’ababyeyi, uyu mugore wa Innocent yabasuzuguye yanga gusinya kuri raporo bagombaga kohereza mu buyobozi bw’Akagari.
Ikiganiro kirambuye, REBA VIDEO Bwiza TV yagiranye na Reverien
Inkuru bifitanye isano: https://bwiza.com/?Muhima-Umugabo-yateje-akavuyo-ku-Rusengero-rwa-ADEPR-avuga-ko-imusenyeye



22 Responses
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
uyumuryango niko wabaye, nange uyumuryango wari waranzengereje nkiri umuyobozi w’umudugudu wa Karambi, muri Kimisagara
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Privacy niyo bakeneye kwa pastoro akaganiriza umwe umwe hanyuma akabahuza kandi akabakurikirana buri gihe kugeza bafashe umurongo mwiza . Publicly ntibikunda gukemura ikibazo hagati y’umugore n’umugabo baba bahisha byinshi batavuga
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Privacy niyo bakeneye kwa pastoro akaganiriza umwe umwe hanyuma akabahuza kandi akabakurikirana buri gihe kugeza bafashe umurongo mwiza . Publicly ntibikunda gukemura ikibazo hagati y’umugore n’umugabo baba bahisha byinshi batavuga
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
uyumuryango niko wabaye, nange uyumuryango wari waranzengereje nkiri umuyobozi w’umudugudu wa Karambi, muri Kimisagara
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Micro yanyu ifite ikibazo
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Micro yanyu ifite ikibazo
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Muri rusange urugo rukomera nurufite umugore urwitaho kuko umugabo we ashaka azabira umugore niba rero hari ikibazo twagize nkabanyafurika; ntabwo twigeze duhuza iyobokamana nimico yacu ahubwo twakurijiye buhumyi abakoroni batubwira ngo ntitugakunde ibyisi. Murebe America ubukungu bwayo bushingiye kwiyobokamana insengero zamamariza companies kdi zikishyurwa. Bibilia itubwirako umugore wumutima yiyubakira urugo ariko umupfu ararwisenyera. Ngayo nguko.
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Muri rusange urugo rukomera nurufite umugore urwitaho kuko umugabo we ashaka azabira umugore niba rero hari ikibazo twagize nkabanyafurika; ntabwo twigeze duhuza iyobokamana nimico yacu ahubwo twakurijiye buhumyi abakoroni batubwira ngo ntitugakunde ibyisi. Murebe America ubukungu bwayo bushingiye kwiyobokamana insengero zamamariza companies kdi zikishyurwa. Bibilia itubwirako umugore wumutima yiyubakira urugo ariko umupfu ararwisenyera. Ngayo nguko.
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
icyo bapfa nuko yirirwa mumasengesho cg?
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
icyo bapfa nuko yirirwa mumasengesho cg?
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Aba bantu mubashakire umuntu uzabavugisha muri private. Kuko imyitwarire bombi bafite yaturutse ku bibazo bihishe muri bo kandi badashobora kuvuga publicly. Navuga ko bababoneye umupastoro utabogamye wifuza kubafasha yabonana na bo umwe ku giti cye hanyuma akabahuza akabaganiriza abahugura ubundi akazajya akomeza kubakurikirana kugeza basohotse mu bibazo barimo. Ubu buryo bwo gukemura ikibazo kiri hagati y’umugabo n’umugore mu binyamakuru nimubyibagirwe ntibizashoboka ahubwo murashiduka batandukanye kandi nabi .
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Aba bantu mubashakire umuntu uzabavugisha muri private. Kuko imyitwarire bombi bafite yaturutse ku bibazo bihishe muri bo kandi badashobora kuvuga publicly. Navuga ko bababoneye umupastoro utabogamye wifuza kubafasha yabonana na bo umwe ku giti cye hanyuma akabahuza akabaganiriza abahugura ubundi akazajya akomeza kubakurikirana kugeza basohotse mu bibazo barimo. Ubu buryo bwo gukemura ikibazo kiri hagati y’umugabo n’umugore mu binyamakuru nimubyibagirwe ntibizashoboka ahubwo murashiduka batandukanye kandi nabi .
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Mu where ever umu pastoro usheshe akanguhe abunge Kuko Ibibarimo bikeneye privacy , mu binyamakuru no ku karubanda ntimuri bubishobore.
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Mu where ever umu pastoro usheshe akanguhe abunge Kuko Ibibarimo bikeneye privacy , mu binyamakuru no ku karubanda ntimuri bubishobore.
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Uyu muyobozi w umudugudu no umuhanga rwose!!
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Uyu muyobozi w umudugudu no umuhanga rwose!!
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Uyu muyobozi w umudugudu no umuhanga rwose!!
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Uyu muyobozi w umudugudu no umuhanga rwose!!
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Uyu muyobozi w umudugudu no umuhanga rwose!!
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Uyu muyobozi w umudugudu no umuhanga rwose!!
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Iteka ryose umuntu utumva arutwa n’indogobe.
Cyahafi: Wa mugore washwaniye n’umugabo we ku rusengero rwa ADEPR yasuzuguye abayobozi
Iteka ryose umuntu utumva arutwa n’indogobe.